Abaturage bo hirya no hino mu mujyi wa Kigali bagaragarije ibyishimo umukandida uhagarariye ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ku mwanya w’umukuru w’igihugu,Dr Frank Habineza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abanyarwanda bagaragarije ibyishimo Dr Frank Habineza watangiye kwiyamamariza kuba Perezida [AMAFOTO]
22 June 2024, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yongeye atungura abaturage i Kabarondo ava mu modoka arabasuhuza[AMAFOTO]
10 June 2019, by Martin MunezeroKuri iki cyumweru, Perezida Kagame yongeye gutungura abaturage nyuma yo kuva mu modoka agasuhuza abaturage bo mu duce twa Rwinkwavu na Kabarondo ho mu karere ka Kayonza, mu burasirazuba bw’igihugu.
-
Umuhanzikazi Nyarwanda Princess Priscillah yashyize hanze ifoto avuga ko yarigiye gutuma avunika umugongo asaba abantu kuyibika muri Telefone zabo[AMAFOTO]
25 February 2019, by Martin MunezeroPriscillah ni umwe mu bahanzi nyarwanda basige bibera muri Leta zunze ubumwe za Amerika akaba aherutse guhsyira hanze ifoto yavuze ko yari igiye gutuma aturika umugongo.
-
Muhanga: Inyubako y’amaduka iri imbere ya gare yafashwe n’inkongi irakongoka
19 June 2019, by UbwanditsiInyubako irimo amaduka iri imbere y’ikigo abagenzi bategeramo imodoka (gare) mu mujyi wa Muhanga muri uru rukerera rwo kuwa gatatu taliki 19/6/2019 ifashwe n’inkongi irashya irakongoka.
Inyubako yibasiwe n’inkongi ikaba iteganye neza n’aho imodoka zisohokera muri gare Ubu twandika iyi nkuru imodoka ya Polisi izimya inkongi ikaba irimo kugerageza kuzimya amakara n’ibirimi by’umuriro ngo n’ahandi hadafatwa.
Mu maduka ahiye harimo n’ihahiro (Supermarket) ryari ikomeye cyane muri kariya gace (...) -
’Ndaza kubamerera nabi’ Perezida Kagame atangiza umwiherero wa 15
26 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul yagereranyije kurangiza inshingano umuyobozi aba yahawe no kurwana urugamba, yongera kugaya abayobozi bakora mu nzego zimwe badakorana, anabaza niba ingabo zarwana urugamba zidakorana.
Ubu ni bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze atangiza umwiherero wa 15 w’ abayobozi bakuru b’ igihugu urimo kubera I Gabiro mu karere Gatsibo.
Yagize ati “Abantu 100 gusa bagiye ku rugamba, ariko buri umwe akikorera ibyo yishakiye , usigara inyuma umwanzi abari imbere urwo rugamba (...) -
Jay Polly yatangaje umuhanzi utaramusuye muri gereza bikamutungura
16 January 2019, by Dusingizimana RemyUmuraperi Jay Polly uherutse gufungurwa ku bunani yavuze byinshi mu byamutunguye ari muri gereza birimo kuba umuraperi mugenzi we Bulldogg ataramusuye kandi yari abyiteze cyane.
-
Gen (Rtd) Kabarebe ari i Kampala mu nama y’umutekano wa RDC n’akarere
28 May, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yahagarariye u Rwanda mu nama yiga ku mahoro, umutekano ndetse n’ubufatanye bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’akarere, iri kubera i Kampala muri Uganda.
-
Isoko rimwe rya Afurika rikeneye uruhare rw’ abikorera mu rwego rutigeze rubaho – Perezida Kagame
20 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko ibihugu by’ Afurika bikorana ubucuruzi n’ ibihugu byo hanze y’ uyu mugabane cyane kurenza uko bibukorana ubucuruzi hagati yabyo, avuga ko ishyirwaho ry’ isoko rimwe ry’ Afurika risaba ko ibyo bihugu bizamura ubucuruzi hagati yabyo kandi ntibigabanye ubwo bikorana n’ amahanga. Yongeraho ko isoko rimwe ry’ Afurika rikeneye uruhare rw’ abikorera cyane.
Umukuru w’ igihugu cy’ u Rwanda yabivuze kuri uyu wa 20 Werurwe 2018 ubwo yatangaga ikiganiro mu nama (...) -
Abepisikopi Gatolika basabye u Rwanda n’u Burundi gufungura imipika
2 April, by Angeline MUKANGENZIKuva kuwa 30 werurwe 2025 kugeza kuwa 01 mata 2025 muri Diyosezi gatolika ya Kibungo hateraniye inama y’abepisikopi b’u Rwanda nab’u Burundi bibumbiye mu ihuriro ACOREB,basaba u Rwanda n’u Burundi gukora ibishoboka bagafungura imipaka ihuza ibihugu byombi.
-
Perezida Kagame yitabiriye siporo rusange aranipimisha
3 December 2017, by Nsanzimana ErnestKuri iki Cyumweru tariki 3 Ukuboza 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame bitabiriye siporo rusange ngarukakwezi mu mihanda itarangwamo ibinyabizi.
Iyi siporo iba buri Cyumweru cya mberegitangira ukwezi. Bamwe mu bitabira iyi siporo bahagurukira mu mugi wa Kigali bagahurira ku kigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro n’ abahagurikiye Kimironko.
Kuri RRA niho hakorerwa imyitozo yo kunanura no kugorora ingingo, bigakorwa bibangikanye no kwipisha kubifuza kumenya uko (...)
0 | ... | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | ... | 3430