Madamu Jeannette Kagame yibukije urubyiruko ko muri iyi minsi imbuga nkoranyambaga zabaye ikibuga cy’intambara aho ukuri kugorekwa nkana, asaba urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda bima amayira abarwigiraho impuguke bagamije kurusenya
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Jeanette Kagame yasabye urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda
9 June 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kugaragara mu Rwanda, nyuma y’uko mu bihugu bitandukanye by’Isi hashize iminsi kiri kwiyongera.
-
Hari gukorwa iki mu guhangana na Malaria yarwawe n’abarenga miliyoni mu 2025?
16 January, by Brenda MIZEROImibare ituruka mu nzego z’ubuzima mu Rwanda irerekana ibimenyetso ko indwara ya malaria yaba yarongeye kubura umutwe, nko mu mezi atatu ya nyuma ya 2025 abantu barenga ibihumbi 600 barayirwaye.
-
Theo Bosebabireba yavuye mu bitaro nyuma yo gukubitirwa muri Uganda-AMAFOTO
3 February 2018, by NSHIMIYIMANA JanvierMu ijoro ryo kuwa 28 Mutarama 2018 nibwo Uwiringiyimana Theogene wamenyekanye nka “ Theo Bosebabireba” yakubitiwe mu gihugu cya Uganda ubwo yavaga mu gitaramo yari yatumiwemo i Masanafu akagirwa intere n’abantu bataramenyekana bikaza kumuviramo kumara mu bitaro hafi icyumweru cyose yitabwaho n’abaganga.
Mu minsi ishize nibwo hakwirakwijwe amakuru y’igihuha avuga ko Theo Uwiringiyimana yapfuye gusa akaza kunyomozwa n’umurwaza we ubwo yaganiraga na UMURYANGO.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa (…) -
Amateka ya General Gatsinzi Marcel watabarutse
8 March 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari ministri w’ingabo z’U Rwanda General Marcel Gatsinzi yatabarutse aguye mu gihugu cy’Ububiligi aho yari amaze iminsi atuye.
Uyu musirikare w’igihe kirekire yanabaye no mu gisirikare cy’ubutegetsi bwa Perezida Habyarimana ndetse akaba yaranagize uruhare mu mishyikirano y’amahoro ya Arusha.
Apfuye yari mu kiruhuko cy’izabukuru kuva mu mwaka wa 2013.
General Marcel Gatsinzi wari wujuje imyaka 75 y’amavuko yavukiye mu mujyi wa Kigali mu mwaka wa 1948.
Amashuri abanza yayize mu (…) -
Urukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru baca imanza mu nkuru
15 October 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru batandukira amahame agenga umwuga wabo bagaca imanza mu nkuru batara cyangwa bakora, by’umwihariko izirebana n’ubutabera.
-
Mu Rwanda: Abantu 48 bamaze guhitanwa n’ibiza mu mezi atatu ashize
4 December 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) ivuga ko imvura yaguye kuva mu kwezi kwa Nzeri kugeza mu kwezi k’Ugushyingo yahitanye abantu 48 hakomereka 149.
-
Benshi bitabiriye umuhango wo gusezera ku murambo wa Yvan Buravan [AMAFOTO]
23 August 2022, by Dusingizimana RemyUmuhango wo guha icyubahiro no gusezera ku muhanzi Yvan Buravan witabiriwe n’imbaga aho uri kubera muri Camp Kigali.
Uyu mugoroba witabiriwe n’umuryango n’inshuti za Buravan, abakunzi b’umuziki ndetse n’abayobozi mu nzego zitandukanye cyane ko kwinjira byari ubuntu nubwo mbere hari habanje kuvugwa ibihuha ko bazishyura.
Inkuru y’urupfu rw’Umuhanzi Burabyo Yvan wari uzwi cyane nka Yvan Buravan w’imyaka 27, yamenyekanye mu rukerera rwo ku wa 17 Kanama 2022, aguye mu bitaro byo mu Buhinde (…) -
Ubwicanyi, Umugabo wishe Umugore we amuteraguye ibyuma!
14 May 2025, by Joseph IradukundaHirya no hino mu Gihugu haravugwa ubwicanyi hagati y’abashakanye, ubundi ukumva ngo umugabo yishe umwana we, ahandi ukumva hishwe umuntu bivuye ku ihohotera.
-
Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbashakashatsi bagaragaje ko igerageza ry’urukingo rw’agakoko gatera SIDA umuntu aterwa rugakangura uturemangingo dushinzwe ubudahangarwa bw’umubiri, rukatwongerera ubushobozi bwo gukora abasirikare barwanya aka gakoko, ryatanze icyizere.
Umuryango.rw
Jeanette Kagame yasabye urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda
Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda
Hari gukorwa iki mu guhangana na Malaria yarwawe n’abarenga miliyoni mu 2025?
Amateka ya General Gatsinzi Marcel watabarutse
Urukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru baca imanza mu nkuru
Mu Rwanda: Abantu 48 bamaze guhitanwa n’ibiza mu mezi atatu ashize
Benshi bitabiriye umuhango wo gusezera ku murambo wa Yvan Buravan [AMAFOTO]
Ubwicanyi, Umugabo wishe Umugore we amuteraguye ibyuma!
Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere