Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngonga, yavuze ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi, mu gihe FDLR igifite ukwishyira ikizana mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko hari ikosa rimwe u Rwanda rwakoze rutazongera gusubira ukundi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
1 October 2025, by ISIMBI Estella -
Abakoloni bambuye umuryango mugari inshingano zo kurera abana- Rutaremara
31 December 2025, by Brenda MIZEROUmuyobozi Mukuru w’Urwego Ngishwanama rw’Inararibonye Hon Tito Rutaremara, yerekanye uko Abakoloni mu Rwanda bambuye ubabasha Umuryango Mugari wahoranye bwo kurera abana buharirwa ababyeyi bababyara gusa, none byatumye benshi batagira uburere bukwiye kugeza n’ubu.
-
Ibyo wasigarana ku gitaramo cy’amateka Israel Mbonyi yamurikiyemo Album ya gatanu [AMAFOTO]
6 October 2025, by Brenda MIZEROMu ijoro ryo ku wa 5 Ukwakira 2025 mu Intare Conference Arena, Israel Mbonyi yamuritse album ye ya gatanu yise ‘Hobe’ igizwe n’indirimbo 14 ziri mu ndimi eshatu zirimo Ikinyarwanda, Icyongereza n’Igiswahili.
-
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’Ibikorwaremezo
12 September 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr. Jimmy Gasore, asimbuye Dr Nsabimana Ernest.
-
U Rwanda rwasabye urukiko rwa EAC(EACJ) gutesha agaciro ibirego RDC irurega
27 September 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kane, Urukiko rw’Ubutabera rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba rwatangiye kumva ibyifuzo biva mu rubanza rwatanzwe na Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo iregamo Leta y’u Rwanda.
-
Gates Foundation na OpenAI byatangije umushinga w’ubuzima wa miliyari 72 Frw uzatangirira mu Rwanda
21 January, by Brenda MIZEROIbigo Gates Foundation na OpenAI bigiye gutangiza umushinga wa miliyoni 50$ (arenga miliyari 72 Frw) uzafasha ibigo bya Afurika gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) mu rwego rw’ubuvuzi. Umushinga uzatangirira mu Rwanda.
-
Ntuzemere kuguma hasi: Perezida Kagame aganira n’abanyeshuri ba Harvard Business School
16 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Paul Kagame yavuze ko isomo rikomeye mu buzima kugira ngo umuntu agere ku cyo ashaka, ari ukutemera ko hari imbaraga zimusubiza hasi uko zaba zimeze kose.
Yabitangaje mu kiganiro yahaye abanyeshuri ba Harvard Business School, Ishami ry’ubucuruzi rya Kaminuza ya Harvard yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Amashusho yashyizwe hanze binyuze kuri Twitter y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, agaragaza Perezida Kagame aganira n’abo banyeshuri muri Village Urugwiro i Kigali kuri uyu wa (…) -
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ihuza Ubwongereza na Afurika
20 January 2020, by Martin MunezeroUmukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame ari i Londres mu Bwongereza, aho yitabiriye inama irahuza Ubwongereza na Afurika iteganyijwe gutangira kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Muatarama 2020.
-
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’abaminisitiri yateranye ku wa 10 Gashyantare 2025, yemeje imishinga y’amategeko n’amateka harimo ayerekeye imisoro n’amahoro mu rwego rwo kongera ubushobozi bw’Igihugu bwo gushyira mu bikorwa Gahunda y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2), inamenyeshwa iby’imirwano iherutse kubera i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
-
Gen Andrew Rwigamba wayoboye Police y’u Rwanda yitabye Imana
17 October 2019, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ingabo ndetse wanabaye Umuyobozi wa Polisi y’u rwanda, Gen Andrew Rwigamba,yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye iminsi.
Umuryango.rw
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
Abakoloni bambuye umuryango mugari inshingano zo kurera abana- Rutaremara
Ibyo wasigarana ku gitaramo cy’amateka Israel Mbonyi yamurikiyemo Album ya gatanu [AMAFOTO]
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’Ibikorwaremezo
U Rwanda rwasabye urukiko rwa EAC(EACJ) gutesha agaciro ibirego RDC irurega
Gates Foundation na OpenAI byatangije umushinga w’ubuzima wa miliyari 72 Frw uzatangirira mu Rwanda
Ntuzemere kuguma hasi: Perezida Kagame aganira n’abanyeshuri ba Harvard Business School
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC