Hashize imyaka 29 Jenoside yakorewe Abatutsi irangiye ndetse hakozwe impinduka nyinshi mu nzego zitandukanye harimo n’uburezi mu Rwanda.
Uburezi bw’u Rwanda bwabayemo byinshi muri iyo myaka yose harimo gusimburana kenshi kw’abayoboye Minisiteri y’Uburezi,ibyemezo byishimiwe n’ibyateje impaka,udushya tw’abayoboye iyi MINEDUC n’ibindi.
Jenoside ikirangira Mineduc yitwaga Mineprisec (Ministère de l‘Enseignement Primaire et Secondaire) icyo gihe yayobowe na Pierre Célestin Rwigema.
Yaje (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ababaye muri Minisiteri y’Uburezi batazibagirana mu Banyarwanda nyuma ya Jenoside
14 April 2023, by Dusingizimana Remy -
Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA
2 March, by ISIMBI EstellaNgarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa gahunda zo kubaka isoko ritajegajega kandi riha bose amahirwe y’ishoramari rirambye kandi rikagira uruhare mu kuzamura ubukungu bw’igihugu.
-
Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyobozi bwa RDF
10 April 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga, Kagame Paul, yakoze impinduka muri bamwe mu bayobozi b’ingabo, aho Lt.Gen Jacques Musemakweli, yagizwe Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara.
-
Mu Rwanda:Imvura y’umuhindo imaze guhitana 20 muri uku kwezi kwa Nzeri gusa
29 September 2023, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi, yatangaje ko kuva imvura y’umuhindo yatangira kugwa, ibiza biyikomotseho bimaze kwica abantu 20 ndetse abagera kuri 58 barakomeretse.
-
Menya amakuru y’Insengero zisaga 40 mu zari zafunzwe mu Rwanda zemerewe kongera gukora
30 October 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko insengero 44 zimaze gufungurwa mu nsengero 9,800 zari zarafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa.
-
Mutoni Deborah uhanganye na Mwiseneza ku majwi yo ku mbuga nkoranyambaga muri Miss Rwanda arashinjwa uburiganya [AMAFOTO]
3 January 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa witwa Mutoni Deborah arashinjwa gutekinika mu byerekeye gushaka amajwi ku mbuga nkoranyambaga, yo kumufasha kubona itike imugeza mu mwiherero w’abakobwa 20 mu marushanwa ya Miss Rwanda 2019,aho kuri ubu amaze gutorwa n’Abarabu n’Abahinde gusa.
-
Urubanza rwatumye meya w’ agateganyo wa Gicumbi yegura atamaze icyumweru
1 June 2018, by Nsanzimana ErnestSewase Karangwa Jean Claude wari umaze iminsi itandatu gusa ari Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi w’ agateganyo yeguye.
-
Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 70…kuri iki cyumweru habonetse 10
29 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 29 Werurwe 2020 hagaragaye abandi barwayi ba Coronavirus 10 bituma umubare w’abanduye uzamuka cyane ugera ku bantu 70.
-
Ku nshuro ya kane, Urubanza rw’abo kwa Rwigara rwasubitswe, basabye guhabwa ibitabo by’indirimbo
13 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, mu rukiko rukuru rwa Nyarugenge hakomereje ku nshuro ya Gatatu urubanza rw’abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol aribo:Diane Rwigarana, Anne Rwigara na Nyina wabo; Adeline Rwigara Mukangemanyi
Me Gatera Gashabana yageze mu rukiko aje kunganira Mme Adeline Rwigara wari wagaragaje mu rubanza ruheruka ko yifuza kunganirwa nawe.Mu rukiko Me Gatera yavuze ko yagirane ibiganiro n’umukirya we ku munsi w’ejo bityo ko atabonye umwanya wo gusoma (…) -
Mozambike: Perezida Nyusi yemeje ko Ingabo z’u Rwanda zabafashije kwigaranzura inyeshyamba
26 July 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Filipe Nyusi wa Mozambike yatangaje ko agace kamwe karimo abarwanyi b’uriya mutwe kafashwe ndetse bagahunga nyuma y’aho ingabo z’u Rwanda zibamisheho urufaya rw’amasasu.
Ubwo yagaragazaga ishusho y’ibibazo biri mu gihugu cya Mozambike kuri iki Cyumweru tariki 25 Nyakanga 2021,Perezida Nyusi yavuze ko inyeshyamba zahawe isomo ndetse tumwe mu duce twarimo inyeshyamba ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zamaze kutwisubiza.
Reuters ivuga ko Nyusi yahamije ko ibitero by’inyeshyamba (…)
Umuryango.rw
Ababaye muri Minisiteri y’Uburezi batazibagirana mu Banyarwanda nyuma ya Jenoside
Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA
Mu Rwanda:Imvura y’umuhindo imaze guhitana 20 muri uku kwezi kwa Nzeri gusa
Menya amakuru y’Insengero zisaga 40 mu zari zafunzwe mu Rwanda zemerewe kongera gukora
Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 70…kuri iki cyumweru habonetse 10
Mozambike: Perezida Nyusi yemeje ko Ingabo z’u Rwanda zabafashije kwigaranzura inyeshyamba