Perezida Kagame yagaragaje ko Umugabane wa Afurika ufite buri kimwe ukeneye kugira ngo ugere ku iterambere rirambye bityo ukwiriye kwigira kuri Koreya y’Epfo kubibyaza umusaruro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yahishuriye abanyafurika isomo bakwigira kuri Koreya y’Epfo
4 June 2024, by Dusingizimana Remy -
CAF Champions League: APR FC yongeye kwisanga mu nzira ya Pyramids FC yo mu Misiri yayisezereye umwaka ushize
11 July 2024, by EmmyNyuma ya tombola y’uko amakipe azahura mu mikino y’ijonjora ry’ibanze ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane wa Afurika, CAF Champions League, ikipe ya APR FC ihagarariye u Rwanda yisanze izahura na Azam FC yo mu gihugu cya Tanzania.
-
U Rwanda rwahagaritse ingendo z’indege hagati yarwo n’ibihugu byo mu majyepfo y’Afurika
28 November 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri iki Cyumweru tariki ya 28 Ugushyingo 2021, yanzuye ko ingendo z’indege hagati y’u Rwanda n’ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika zisubikwa bitewe n’ubwoko bushya bwa COVID19 buherutse gutahurwa.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu Urugwiro Village byatangaje ko Perezida Kagame yayoboye inama y’abaminisitiri idasanzwe yari igamije gusuzuma ingamba nshya zo kwirinda Covid-19 kubera virusi yihinduranyije yadutse.
Iyi nama yanzuye ko ingendo z’indege hagati y’u (…) -
Nyaruguru: Abahejejwe inyuma n’Amateka batujwe mu mudugudu umwe n’Abarokotse , ariko amazu ntabwo asa (Yavuguruwe)
14 October 2021, by UbwanditsiBamwe mu bagize imiryango y’Abahejwe Inyuma n’Amateka, batujwe mu mudugudu wa Nyambaragasa, Akagali ka Ntwali, Umurenge wa Munini mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko batishimiye uburyo amazu yabo yubatse n’ibiti, akaba ahomye n’ibyondo atagira na sima mo imbere mu gihe amazu yatujwemo Abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 babana muri uwo mudugudu yubatse n’amatafari ahiye, afite ibikoni byiza ndetse n’ibiraro birimo inka.
Mutabazi, umwe mu miryango y’Abahejwe inyuma n’Amateka (…) -
Muvunyi Paul yavuze ku byerekeye gusubiza Rayon Sports I Nyanza n’umushinga wo kuyubakira stade
1 March 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’ikipe ya Rayon Sports,Muvunyi Paul yabwiye abakunzi ba Rayon Sports ko ikipe ya Rayon Sports nta hantu ibarizwa bityo ahantu hose yabona uburyo bwo kubaho neza yahaba nta kibazo aho yaboneyeho kwemeza ko batangiye umushinga mushya wo gushaka uko bakubakira ikipe stade yayo.
-
Ibigo 3 byo mu ntara y’Amagepfo byasanzwemo abanyeshuri banduye Covid-19
19 November 2020, by Dusingizimana RemyIcyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus cyagaragaye mu bigo by’amashuri bitatu byo mu Ntara y’Amajyepfo mu Turere twa Gisagara na Nyamagabe.
-
Kumpa uburenganzira bwanjye si ibyo ngomba kugusaba mpfukamye- Perezida Kagame
19 December 2025, by Brenda MIZERO“Njye abafite ibyo bahaguruka basaba, barwanira uko baba babikora kose ndabyumva ndetse impamvu nabyumva, ni uko ari nk’ibyo twakoze natwe tukiri bato kurinda tugera aha ,urugamba rwa RPF, amateka ya RPF, ni iki kiyagize ni ukuvuga ngo hari ibyo ungomba, ugomba kubimpa. Abantu bakoresha wenda uburyo butandukanye ariko ni bimwe kumpa uburenganzira bwanjye ntabwo ari ibyo ngomba kugusaba nkapfukama.Oya.!”
-
Mu rukiko Gen Bunyoni yashyize mu majwi u Rwanda kumuneka
7 November 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Uburundi, Alain Guillaume Bunyoni,yatangiye kuburanishwa mu mizi kuri uyu wa mbere aho yashinje u Rwanda kumuneka binyuze mu kwinjirira ibikoresho bye by’itumanaho.
-
Umuryango wa Niyitanga warasiwe Cosmos nk’igisambo watanze ikirego mu gisilikari
8 September 2018, by UbwanditsiNiyitanga Jean Calude bakundaga kwita Barthez cyangwa Kazungu warashwe nk’igisambo.
Mu ijoro ryo kuwa Kane tariki 6 Nzeri 2018 nibwo abasirikare bari ku irondo mu gace ka Rwezamenyo kari I Nyamirambo barashe umugabo w’imyaka 40 witwa Niyitanga Jean Claude bamwe bahimbaga Barthez abandi Kazungu ahita yitaba Imana.
-
Mu basaga 70 000 bafungiye mu Rwanda harimo abanyamahanga 500
9 December 2025, by ISIMBI EstellaKomiseri Mukuru w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) CG Murenzi Evariste, yatangaje ko ubu mu mugarorero yose y’u Rwanda hafungiwe abasaga ibihumbi 70, barimo abasaga ibihumbi 23 bafunzwe mu mwaka wa 2025 gusa.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahishuriye abanyafurika isomo bakwigira kuri Koreya y’Epfo
CAF Champions League: APR FC yongeye kwisanga mu nzira ya Pyramids FC yo mu Misiri yayisezereye umwaka ushize
U Rwanda rwahagaritse ingendo z’indege hagati yarwo n’ibihugu byo mu majyepfo y’Afurika
Nyaruguru: Abahejejwe inyuma n’Amateka batujwe mu mudugudu umwe n’Abarokotse , ariko amazu ntabwo asa (Yavuguruwe)
Ibigo 3 byo mu ntara y’Amagepfo byasanzwemo abanyeshuri banduye Covid-19
Kumpa uburenganzira bwanjye si ibyo ngomba kugusaba mpfukamye- Perezida Kagame
Mu rukiko Gen Bunyoni yashyize mu majwi u Rwanda kumuneka
Mu basaga 70 000 bafungiye mu Rwanda harimo abanyamahanga 500