Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente ubwo yagaragarizaga inteko ishinga amategeko uko umusaruro w’ ubuhinzi uhagaze n’ ingamba guverinoma ifite mu guteza imbere ubuhinzi n’ ubworozi mu myaka iri imbere yavuze ko umusaruro w’ ubuhinzi umwaka ushize wa 2017 wiyongereho 7% mugihe mu mwaka wa 2016 wari wiyongereho 4% anagaragaza ingamba guverinoma ifite ngo uyu musaruro uzakomeze kwiyongerera anavuga Umubare w’ Abanyarwanda batunzwe n’ ubuhinzi.
Minisitiri w’ intebe yavuze ko muri (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
‘Umwaka ushize umusaruro w’ ubuhinzi wariyongereye kurusha uwawubanjirije’ Dr Ngirente
3 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Ndayishimiye yavuze ku nama igiye guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi muri Angola
22 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida João Lourenço yatumiye i Luanda kuwa gatatu ba Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Paul Kagame w’u Rwanda na Felix Tshisekedi wa DR Congo mu nama nshya ku kibazo cy’umutekano mucye mu burasirazuba bwa Congo, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru Angop.
Angop ivuga kandi ko Perezida Lourenço yanatumiye Uhuru Kenyatta umuhuza w’umuryango w’ibihugu bya Africa y’iburasirazuba (EAC) ku kibazo cya Congo.
Lourenço, uyoboye inama mpuzamahanga ku karere k’ibiyaga bigari (CIRGL/ICGLR), amaze (...) -
U Rwanda n’ Ubushinwa bemeranyije ubufatanye mu nzego nyinshi [VIDEO]
23 July 2018, by Nsanzimana ErnestKu munsi wa Kabiri ari nawo usoza uruzinduko rw’ iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda , Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping yashimiye Perezida Kagame kuba u Rwanda rutekanye kandi rukataje mu iterambere anavuga ko ahaye ikaze u Rwanda mu bufatanye n’ Ubushinwa.
-
Ibyaranze umunsi wa mbere wa #PL: Newcastle na Manchester City zakangaranyije abakeba
13 August 2023, by Dusingizimana RemyMu mpera z’iki cyumweru nibwo hatangiye shampiyona ikundwa na benshi ya Premier League aho amakipe abiri ariyo yigaragaje cyane andi bikayagora.
-
RDC: Luvumbu yakwirakwije ibihuha akimara kugera i Kinshasa
15 February 2024, by Dusingizimana RemyUmukinnyi Heritier Nzinga Luvumbu uheruka gutandukana na Rayon Sports yatangaje ko iyo hataba Ambasade ya RDC mu Rwanda, atari kuba yageze iwabo kuko ngo yakiriye ubutumwa bwinshi bumwibasira kubera ikimenyetso yakoze ku mukino wa Police FC.
-
Umuhanzi Simple A washakaga kuba umukandida wigenga mu matora y’ Abadepite yisubiyeho
12 July 2018, by Nsanzimana ErnestHabineza Jean Paul , umusore urangije Kaminuza wari muri 16 bari baramenyeshe ko baziyamamaza yatunguranye ageze kuri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora akavuga ko abisubitse atagihataniye umwanya mu Nteko.
-
Perezida Biden yaganiriye bwa mbere na Xi Jinping w’Ubushinwa bamaze iminsi barebana ay’ingwe
11 February 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Joe Biden yamubwiye ku burenganzira bwa muntu muri Xinjiang mu kiganiro cya mbere kuri telephone yagiranye na mugenzi we w’Ubushinwa Xi Jinping, nk’uko ibiro bya White House bibivuga.
-
Abadepite batumije abaminisitiri 5 ngo batange ibisobanuro ku bibazo bireba inzego bakuriye
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestNibura abaminisitiri batanu bazanyura imbere y’ inteko ishinga amategeko mu mezi abiri ari imbere babazwe ibibazo abadepite babonye mu ngendo baherutse muri gahunda yo kugenzura ibikorwa bya guverinoma.
-
Ishyaka Green Party ryizeye intebe mu nteko ishinga amategeko
12 November 2017, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), riravuga ko rifite icyizere ko mu matora y’ abadepite ateganyijwe umwaka utaha rizitwara neza ku buryo rifite icyizere cyo kuzagira abarihagarariye mu nteko ishinga amategeko.
Iri shyaka ryatangiye urugendo rwo gushaka abazarihagararira mu matora y’Abadepite mu rwego rw’uturere no mu ntara, aya matora akaba ateganyijwe mu umwaka utaha wa 2018.
Umuyobozi wa DGPR Dr Frank Habineza yatangarije UMURYANGO (...) -
Perezida Kagame yagaragaje isomo u Rwanda rwakuye mu gutereranwa n’amahanga
29 May, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yagarutse ku buryo Isi yose yateye umugongo u Rwanda mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa, agaragaza ko byasigiye u Rwanda amasomo akomeye yo kwishakamo ibisubizo, ak’imuhana kakaza imvura ihise.
0 | ... | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | ... | 3430