Ihuriro AFC/M23 ryashinje ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gutandukanya ubutaka bw’iki gihugu, bwitwaje ko butagenzura bumwe muri bwo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
AFC/M23 yamaganye Leta ya Kinshasa isoresha ibicuruzwa biva i Goma nk’ibituruka mu mahanga
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yavuze ku bihano by’amahanga bikangishwa u Rwanda
21 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rudatinya ibihano bivugwa ko rushobora guhabwa n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi birubeshyera gutera inkunga umutwe wa M23 wayogoje Uburasirazuba bwa Kongo.
-
Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere
23 January, by ISHIMWE Jean de DieuIntumwa z’Umuryango w’Ingabo Zihora ziteguye Gutaba mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (Eastern Africa Standby Force-EASF), zagiriye uruzinduko mu Rwanda rugamije ibirimo kugenzura ibikorero by’ingabo zirwanira mu kirere, RDF yiyemeje gutanga
-
Nyarugenge: "ADEPR ni nka Rayon Sports"- Me Sharangabo mu rubanza umuyoboke wa ADEPR yarezemo RGB
25 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa mbere urukiko rwisumbuye, rwa Nyarugenge rwatangiye Kuburanisha urubanza rw’uwitwa Karamuka Frodourd Umuyoboke wa ADEPR yarezemo Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB).
-
Brig Gen Nyirubutama yagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika
29 January, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika.
-
vuba Moto nazo ziratangira kujyanwa muri Controle Technique
6 November 2024, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubuziranenge bw’ibinyabiziga (Controle Technique), buratangaza ko mu gihe cya vuba moto zitangira gusuzumwa imyotsi muri controle technique.
-
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare
23 January, by Brenda MIZEROUbushakashatsi butandukanye ku ihohotera rishingiye ku gitsina bugaragaza ko abana bakiri mu mashuri biganjemo abangavu bahohoterwa kugeza no ku guterwa inda, ndetse abarenga 70% babyaye muri ubwo buryo bagahita bava mu ishuri.
-
Perezida Kagame yaciye amarenga y’akazi ashobora kuzakora nava ku buyobozi
10 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko yifuza ko abikorera bakwiga gukorana neza n’abakora utuntu duto dushobora kubateza imbere aho yahishuye ko nava ku butegetsi ashobora kwikorera.
-
Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusubiza amahanga akomeje kuyishinja gufasha M23
21 December 2022, by Dusingizimana RemyKu mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Ukuboza 2022, Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo ryamagana abakomeje kuyishinja gushyigikira umutwe wa M23 uhanganye n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
U Rwanda ruvuga ko "gushinja u Rwanda gushyigikira umutwe wa M23 ni ukwibeshya no kwirengagiza impamvu nyamukuru ikomeje gutera amakimbirane mu burasirazuba bwa RDC n’ingaruka zayo ku bihugu by’ibituranyi birimo n’u Rwanda".
U Rwanda rutangaje ibi mu gihe ibihugu (…) -
Perezida Paul Kagame yahishuye uburyo ibibazo by’imibanire hagati y’u Rwanda na Uganda atari ibya vuba aha
4 February 2021, by Martin MunezeroPerezida w’ u Rwanda, Paul Kagame avuga ko abantu badakwiriye kugira ngo ibibazo by’imibanire hagati y’ u Rwanda na Uganda ni ibya vuba aha, kuko ngo byari bimaze igihe ahubwo bidashyirwa hanze ngo abantu bamenye ko biriho.
Umuryango.rw
AFC/M23 yamaganye Leta ya Kinshasa isoresha ibicuruzwa biva i Goma nk’ibituruka mu mahanga
Perezida Kagame yavuze ku bihano by’amahanga bikangishwa u Rwanda
Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere
Brig Gen Nyirubutama yagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika
vuba Moto nazo ziratangira kujyanwa muri Controle Technique
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare
Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusubiza amahanga akomeje kuyishinja gufasha M23