Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yanenze bikomeye abayobozi batandukanye b’igihugu yavuze ko bategera rubanda ngo bumve ibibazo birwugarije ahubwo bakigumira mu migi ngo ntibashaka kwiyanduza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yarakariye abayobozi bategera abaturage ngo ntibashaka kwiyanduza
9 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ifoto y’umunsi: Hashyizwe hanze Ifoto ya perezida Kagame imaze imyaka 26 yose
1 July 2019, by Dusingizimana RemyMu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 25,umuyobozi w’ishami rishinzwe itangazamakuru muri RGB,Gerrard Mbanda yashyize hanze ifoto ya nyakubahwa perezida Kagame imaze imyaka 26,ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ba Radio Muhabura ku byerekeye urugamba rwo kubohora u Rwanda.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Québec wemeye gushyigikira kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 10 Ukwakira, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Québec,François Legault, nyuma y’ uko avuze ko ashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF.
-
Uganda yahakanye ko itakiriye inama yo gushyiraho komite ya RNC
24 November 2019, by Dusingizimana RemyMu itangazo ryashyizwe hanze n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’urwego rushinzwe itangazamakuru muri Uganda, yahakanye ko nta nama bakiriye igamije gushyiraho komite nshingwabikorwa y’ishyaka rya RNC iyihagarariye muri iki gihugu.
-
Perezida Kagame yakoresheje amagambo yihariye mu kwifuriza umufasha we isabukuru
10 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifurije isabukuru nziza y’amavuko Madamu we Jeannette Kagame wujuje imyaka 60 kuri uyu munsi.
Mu magambo yihariye,Perezida Kagame yagaragaje ko yanyuzwe n’imyaka irenga 30 bamaze babana aho umuryango n’Igihugu bifuzaga mbere y’aho babigezemo.
Yagize ati "Isabukuru nziza Jeannette!.Imyaka irasa naho ari mike.Tekereza imyaka irenga 30 tumaranye.Nibwo umuryango n’igihugu twashakaga byabonetse.Birangora buri munsi gusaba ibiruse ibi.Umugisha kuri (...) -
Visi perezida wa FRVB,Jado Castar, yakatiwe igifungo cy’imyaka 2
13 October 2021, by Dusingizimana RemyVisi perezida wa kabiri w’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda,Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri nyuma yo guhamwa n’ibyaha aregwa byo gukoresha inyandiko mpimbano.
-
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Nigeria nyuma yo kuva kuri Gabon [AMAFOTO]
11 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yasuye igihugu cya Nigeria mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, nyuma yo gusoza urwo yagiriraga muri Gabon aho yanabonanye na Perezida Ali Bongo.
-
Umuforomo yanze kwakira umurwayi ngo udafite mituelle ahita yirukanwa
15 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuforomo witwa Nyirarukundo Josiane wok u bitaro bya Kaminuza I Butare CHUB yirukanwe mu bitaro nyuma yo kwanga kwakira umurwayi wari usanywe na Ambilance ngo ntafite ubwisungane mu kwivuza.
-
Perezida Kagame yasabye abacamanza kudasumbanya abantu imbere y’amategeko no kutavugirwamo
18 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika yasabye Abacamanza ndetse n’abayobozi ba gisirikare gufatatana uburemere indahiro barahiriye imbere ye ndetse no kunoza inshingano zabo hagendewe ku cyerekezo igihugu kiri kujyamo.
-
Ishami rya Al-Qaeda ryigambye kwica abasirikare 200 ba Burkina Faso
16 May, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’ubutasi rya SITE rivuga ko Jama’a Nusrat ul-Islam wa al-Muslimin (JNIM)yagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Burkina Faso mu gace ka Djibo.
0 | ... | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | ... | 3430