Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’Igihugu Gishinzwe Uburezi (REB), Dr. Ndayambaje Irénée , yahagaritswe ku mirimo ye by’agateganyo, n’abamwungirije babiri bazira kunanirwa gukemura ikibazo cy’ishyirwa mu myanya ry’abarimu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abayobozi bakuru ba REB bahagaritswe ku mirimo yabo kubera ikibazo cy’abarimu
3 November 2020, by Dusingizimana Remy -
Trump yongeye kwiyama Elon Musk, amuha gasopo
8 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump uherutse gushwana na Elon Musk bahoze ari inshuti magara, yongeye kwiyama uyu mukire wa mbere ku Isi, amubwira ko nahirahira agafasha Ishyaka ry’Aba-Démocrate, azahura n’urusobe rw’ibyago atigeze atekereza.
-
Depite Habiyaremye weguye mu Nteko yashinje Polisi kumwibasira
21 November 2022, by Dusingizimana RemyDepite Habiyaremye Jean Pierre Celestin,yeruye avuga ko yashyizweho igitutu na Polisi y’u Rwanda birangira yeguye mu nteko ishinga amategeko yari amazemo imyaka isaga 4.
Uyu munyapolitiki wari kumwe n’abandi ba Depite bari mu itsinda riri gusura Abaturage mu Karere ka Nyaruguru avuga ko video imugaragaza yasinze yo muri Werurwe 2021 yari yarazimye ariko Polisi yongeye kuyimubaza ubu.
Bwana Habiyaremye avuga ko atumva uko Polisi imubaza ibintu byabaye mu myaka 2 ishize yasabiye imbabazi, (…) -
RIB yataye muri yombi umupfumu Salongo nyuma y’iperereza yakozweho
5 November 2024, by Joseph IradukundaRurangirwa Wilson wamamaye nk’umupfumu Salongo, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho ibyaha bitandukanye.
-
Yolande Makolo yasubije perezida Tshisekedi washinjije u Rwanda impfu z’abanye-kongo barenga miliyoni
1 April 2025, by Angeline MUKANGENZIkuwa 31 werurwe 2025 Perezida Félix Tshisekedi wa RDC washinjije “ibihugu by’abaturanyi birimo u Rwanda” n’imitwe yitwaje intwaro uruhare mu mpfu z’Abanye-Kongo “barenga miliyoni” kandi ngo ubu bwicanyi bwari bugambiriye ubwoko runaka.
-
DRCongo: Gen.Gasita watumye muri Uvira bidogera byarangiye afashe icyemezo
10 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGeneral Olivier Gasita uherutse kugirwa Umuyobozi Wungirije wa Rejiyo ya 33 unashinzwe Ibikorwa bya Gisirikare n’ubutasi muri Uvira, bikazamura intugunda n’imyigaragambyo, yavuye muri uyu Mujyi wo muri Kivu y’Epfo.
-
Tariki 22 Mata 1994: Abatutsi basaga ibihumbi 35 biciwe i Huye, abandi i Kigali, Ruhango n’ahandi
22 April, by ISIMBI EstellaTariki 22 Mata 1994 ni umunsi wa 16 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze. Kuri uyu munsi leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi mu bice bitandukanye hirya no hino mu gihugu.
-
Amwe mu mateka ya Rtd Hubert Gashagaza wamaze gushyingurwa [AMAFOTO]
20 September 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 20 Nzeli 2018 nibwo Rtd CSP Hubert Gashagaza yashinguwe mu cyubahiro mu Irimbi rya Rusororo nyuma y’ umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye mu rusengero rw’ Abadivantisiti arinaryo dini nyakwigendera yasengeragamo.
-
Dr Thomas Kigabo wari ushinzwe ubukungu muri BNR yitabye Imana
15 January 2021, by Dusingizimana RemyDr.Thomas Kigabo RUSUHUZWA wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubukungu muri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yitabye Imana. Akaba yapfiriye muri Kenya aho yari yagiye kwivuriza.
-
INAMA Y’UMUTEKANO (EP8): Umugore Meya NTAZINDA yihebeye bigatuma atakaza Manda akanafungwa ni Muntu ki?
17 April 2025, by ISIMBI EstellaINAMA Y’UMUTEKANO: Umugore uvugwa muri Dosiye ya Meya Ntazinda Erasme ni muntu ? Ese Urugendo yari afite muri Vietnam ruhuriye he no gufungwa kwe? Tubane mu kiganiro “INAMA Y’UMUTEKANO”
Umuryango.rw
Trump yongeye kwiyama Elon Musk, amuha gasopo
Depite Habiyaremye weguye mu Nteko yashinje Polisi kumwibasira
RIB yataye muri yombi umupfumu Salongo nyuma y’iperereza yakozweho
Yolande Makolo yasubije perezida Tshisekedi washinjije u Rwanda impfu z’abanye-kongo barenga miliyoni
DRCongo: Gen.Gasita watumye muri Uvira bidogera byarangiye afashe icyemezo
Tariki 22 Mata 1994: Abatutsi basaga ibihumbi 35 biciwe i Huye, abandi i Kigali, Ruhango n’ahandi
Dr Thomas Kigabo wari ushinzwe ubukungu muri BNR yitabye Imana
INAMA Y’UMUTEKANO (EP8): Umugore Meya NTAZINDA yihebeye bigatuma atakaza Manda akanafungwa ni Muntu ki?