Angeline Mukandutiye umugore umwe gusa uregwa mu rubanza ruvugwamo cyane cyane Paul Rusesabagina yemeye icyaha aregwa cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba, yavuze uko yashishikarije abakobwa bari kumwe mu mpunzi kwinjira mu barwanyi ba FLN.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umugore umwe rukumbi uregwa mu rubanza rwa Rusesabagina yavuze uko yashishikarije abakobwa benshi’ kujya muri FLN
20 May 2021, by Dusingizimana Remy -
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 29 Nyakanga 2020
30 July 2020, by Dusingizimana RemyKu wa Gatatu, tariki ya 29 Nyakanga 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME.
-
Perezida Kagame na Madamu bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cya Jordania
2 June 2023, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cy’Ubwami bwa Jordania, bwatashywe n’abandi banyacyubahiro bakomeye ku Isi.
-
Perezida Kagame yongeye atungura abaturage i Kabarondo ava mu modoka arabasuhuza[AMAFOTO]
10 June 2019, by Martin MunezeroKuri iki cyumweru, Perezida Kagame yongeye gutungura abaturage nyuma yo kuva mu modoka agasuhuza abaturage bo mu duce twa Rwinkwavu na Kabarondo ho mu karere ka Kayonza, mu burasirazuba bw’igihugu.
-
Mu ikote yambaraga ku rugamba, Massamba yavuze ku munsi wa mbere ahura na Fred Rwigema
10 October 2025, by Brenda MIZEROUmuhanzi w’inararibonye mu muziki w’u Rwanda, Massamba Intore, yatangaje ko mu 1989 ari bwo yafashe icyemezo cyo kwifatanya n’abandi mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, yisunze impano ye y’ubuhanzi yari amaze imyaka akoresha mu gukangurira urubyiruko gukunda igihugu.
-
Umubonano w’intumwa z’u Burundi na Perezida Kagame usobanuye iki?
12 January 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda,Alain Mukuralinda yatangaje ko u Rwanda rwishimiye uruzinduko rw’intumwa z’u Burundi mu Rwanda ndetse hari kuganirwa ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi kandi amaherezo ibibazo bihari bizashyira bigakemuka.
Mu kiganiro Bwana Mukuralinda yagiranye na BBC,yavuze ko u Rwanda rwishimiye kwakira Minisitiri ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Umuco, na Siporo mu Burundi, Amb. Ezéchiel Nibigira na bagenzi be bari boherejwe na Perezida (…) -
Minisiteri y’Ubutabera igiye gushyiraho umurongo uhamye wo kubabarira abagororwa bitwaye neza
23 December 2025, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Ubutabera yatangaje ko hari gukorwa amavugurura mu mategeko agenga uburenganzira bwa muntu ndetse ko bitarenze mu 2026 hazaba hashyizweho umurongo uhamye wo gutanga imbabazi ku bagororwa bitwaye neza.
-
Ku nshuro ya kane, Urubanza rw’abo kwa Rwigara rwasubitswe, basabye guhabwa ibitabo by’indirimbo
13 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, mu rukiko rukuru rwa Nyarugenge hakomereje ku nshuro ya Gatatu urubanza rw’abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol aribo:Diane Rwigarana, Anne Rwigara na Nyina wabo; Adeline Rwigara Mukangemanyi
Me Gatera Gashabana yageze mu rukiko aje kunganira Mme Adeline Rwigara wari wagaragaje mu rubanza ruheruka ko yifuza kunganirwa nawe.Mu rukiko Me Gatera yavuze ko yagirane ibiganiro n’umukirya we ku munsi w’ejo bityo ko atabonye umwanya wo gusoma (…) -
Imbere ya Perezida Kagame, Bamporiki ati ’Iri joro nsinziriye najya mu ijuru nishimye’
20 December 2025, by Brenda MIZEROBamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yasabye imbabazi Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi, anashimira Perezida Paul Kagame urangwa n’imbabazi, wamubabariye agafungurwa.
-
Kandida- depite wandikiwe amazina atariyo ku rupapuro rw’ itora byarangiye anyuzwe n’ ibyayavuyemo
6 September 2018, by Nsanzimana ErnestNsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu matora.
Umuryango.rw
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 29 Nyakanga 2020
Perezida Kagame na Madamu bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cya Jordania
Mu ikote yambaraga ku rugamba, Massamba yavuze ku munsi wa mbere ahura na Fred Rwigema
Umubonano w’intumwa z’u Burundi na Perezida Kagame usobanuye iki?
Minisiteri y’Ubutabera igiye gushyiraho umurongo uhamye wo kubabarira abagororwa bitwaye neza
Imbere ya Perezida Kagame, Bamporiki ati ’Iri joro nsinziriye najya mu ijuru nishimye’