Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye yanditse ibaruwa isubiza Carolyn B. Maloney uri muri Congress ya Leta Zunze Ubumwe za America uherutse kwandikira Perezida Paul Kagame amusaba kurekura Paul Rusesabagina ufunze kubera gukekwaho ibyaha birimo iterabwoba.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwasubije depite Carolyn Maloney wo muri Amerika wasabye ko Paul Rusesabagina afungurwa
17 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Ambasaderi Karabaranga yashimye imiyoborere myiza no kureba kure bya Perezida Kagame
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIAbantu basaga 400 barimo abahagarariye ibihugu byabo n’imiryango mpuzamahanga ikorera muri Senegal, abayobozi mu nzego zinyuranye muri Senegal, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda batuye muri Senegal, bitabiriye ibirori byo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 30 u Rwanda rumaze rubohowe.
-
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia yahaye Perezida Kagame imbyeyi n’iyayo –AMAFOTO
26 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe wa Ethiopia Dr.Abiy Ahmed yahaye Perezida Kagame uri mu ruzinduko muri iki gihugu inka n’iyayo ndetse anamwizeza ubufatanye mu rwego rwo guteza imbere Afurika.
-
Minisitiri Dr.Bizimana yasabye urubyiruko kwandika amateka y’u Rwanda barwanya abayagoreka
1 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Damascene ashima uruhare rw’urubyiruko rwandika ibitabo ku mateka y’u Rwanda agaragaza ko ari uburyo bwo kurwanya abashaka kuyagoreka.
-
EU yafashe umwanzuro wo guhagarika inkunga yagenerwaga Tanzania
28 November 2025, by ISIMBI EstellaUmwanzuro usaba EU guhagarika inkunga y’amafaranga yatangwaga kuri leta ya Tanzania, wafashwe ushingiye ku bwicanyi bwakurikiye amatora no ku ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu ryabaye hirya no hino muri icyo gihugu.
-
Hagiye gushingwa Umuryango witiriwe Ingabire Marie Immaculée
16 October 2025, by Brenda MIZEROUmuryango wa Ingabire Marie Immaculée uherutse kwitaba Imana, watangaje ko hagiye gushingwa umuryango uzitwa ‘Fondation Ingabire Marie Immaculée’ mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyifuzo yasize atanze mbere y’uko yitaba Imana.
-
Guverinoma yashyizeho ingamba nshya z’agateganyo mu gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange
3 October 2023, by Dusingizimana RemyGuverinoma yashyizeho ingamba z’agateganyo zo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange zirimo ko gushyiraho Parking yihariye y’imodoka z’imyanya 7 (inyinshi zisanzwe zitwara abagenzi mu buryo butemewe) abafite imodoka z’imyanya 7 bazizana zikandikwa, zigahabwa ibiziranga zigahabwa uburenganzira bwo gutwara abagenzi mu buryo bw’agateganyo.
-
Polisi irashimira abanyarwanda uko bitwaye mu bihe by’amatora
18 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIPolisi y’u Rwanda irashimira abanyarwanda bose uko bitwaye mu bihe byo kwiyamamaza kw’abakandida n’amatora ku mwanya w’Umukuru w’igihugu n’uw’abagize inteko ishinga amategeko. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga yavuze ko ibikorwa byo kwiyamamaza ndetse n’amatora byagenze neza birangira mu mutekano usesuye.
Yagize ati: “Polisi y’u Rwanda irashimira abanyarwanda ubufatanye n’imyitwarire myiza yabaranze muri ibi bihe tuvuyemo. Haba mu (…) -
RDF yakozanyijeho n’ingabo z’u Burundi zayishotoye ku kiyaga cya Rweru
10 May 2020, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’u Rwanda [RDF] cyemeza ko cyarasanye n’igisirikare cy’u Burundi mu kiyaga cya Rweru mu karere ka Bugesera ku ruhande rw’u Rwanda no mu ntara ya Kirundo ku ruhande rw’u Burundi.
-
Umuryango wa Rwigara watanze ikirego cyo gutesha agaciro cyamunara iheruka gukorwa ku mitungo yabo
29 April 2024, by Dusingizimana RemyUmuryango wo kwa Rwigara watangaje ko cyamunara y’umutungo wabo yabaye mu buryo wise Ubwiru bukomeye ndetse ko watanze ikirego cyo kuyitesha agaciro,uvuga ko inyuranyije n’amategeko.
Umuryango.rw
Ambasaderi Karabaranga yashimye imiyoborere myiza no kureba kure bya Perezida Kagame
Minisitiri Dr.Bizimana yasabye urubyiruko kwandika amateka y’u Rwanda barwanya abayagoreka
EU yafashe umwanzuro wo guhagarika inkunga yagenerwaga Tanzania
Hagiye gushingwa Umuryango witiriwe Ingabire Marie Immaculée
Guverinoma yashyizeho ingamba nshya z’agateganyo mu gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange
Polisi irashimira abanyarwanda uko bitwaye mu bihe by’amatora
Umuryango wa Rwigara watanze ikirego cyo gutesha agaciro cyamunara iheruka gukorwa ku mitungo yabo