Ku wa kabiri, abandi bapolisi bakuru 200 bo muri Kenya, boherejwe muri Haiti mu butumwa bw’amahoro bushyigikiwe na Loni bwo kurwanya ihohoterwa rikorwa n’agatsiko kari muri iki gihugu kibasira abaturage .
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kenya: Abandi bapolisi 200 boherejwe muri Haiti
18 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abanduye Coronavirus mu Rwanda biyongereyeho umuntu umwe baba 41
25 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Werurwe 2020 habonetse undi muntu umwe wasanganywe COVID-19 nkuko itangazo rya MINISANTE ryabitangaje bituma umubare wose w’abamaze kwandura ugera kuri 41.
-
Mukuralinda yashimangiye ibwiriza ryo gusenyera abagituriye umugezi wa Sebeya
20 August 2023, by Joseph IradukundaUmuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda, yatangaje ko nta kuberereka kuzabaho mu kwimura burundu abo mu karere ka Rubavu baturiye umugezi wa Sebeya ndetse no gusenya ibikorwaremezo bihegereye.
-
Cristian Rodriguez yegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2021 aranayegukana
9 May 2021, by Dusingizimana RemyUmunya-Espagne Cristian Rodriguez Martin w’imyaka 26, ukinira ikipe ya Total Direct Énergie yo mu Bufaransa,niwe wegukanye Tour du Rwanda 2021 ndetse anegukana agace ka nyuma kareshyaga na KM 75,3.
-
Imyanzuro 12 yafatiwe mu nama y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 17
25 December 2019, by Dusingizimana RemyKuva ku wa 19 kugera ku wa 20 Ukuboza 2019, i Kigali muri Convention Centre, hateraniye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 17, yayobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
-
Perezida Kagame yahishuye ko intandaro y’ibibazo biri hagati y’umubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo
18 February 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko ibibazo biri mu mubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo aho abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda bakorera .
-
AFC/M23 yatangaje ko yagiranye ikiganiro cyiza na Kabila
31 May, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryagiranye ikiganiro cyiza na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019.
-
Perezida Kagame yarakariye abayobozi bategera abaturage ngo ntibashaka kwiyanduza
9 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’u Rwanda Paul Kagame yanenze bikomeye abayobozi batandukanye b’igihugu yavuze ko bategera rubanda ngo bumve ibibazo birwugarije ahubwo bakigumira mu migi ngo ntibashaka kwiyanduza.
-
Ifoto y’umunsi: Hashyizwe hanze Ifoto ya perezida Kagame imaze imyaka 26 yose
1 July 2019, by Dusingizimana RemyMu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 25,umuyobozi w’ishami rishinzwe itangazamakuru muri RGB,Gerrard Mbanda yashyize hanze ifoto ya nyakubahwa perezida Kagame imaze imyaka 26,ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ba Radio Muhabura ku byerekeye urugamba rwo kubohora u Rwanda.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Québec wemeye gushyigikira kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 10 Ukwakira, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Québec,François Legault, nyuma y’ uko avuze ko ashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF.
0 | ... | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | ... | 3430