Minisitiri Jean-Noël Barrot, yageze mu Rwanda ku wa Kane tariki 30 Mutarama 2025, nyuma yo kuva i Kinshasa, aho yabonanye na Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ubufaransa wari uvuye i Kinshasa
31 January 2025, by Joseph Iradukunda -
U Rwanda rwiteguye gufata inshingano mu gihe MICT izaba irangije imirimo yayo
23 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yabwiye Akanama k’Amahoro k’Umuryango w’Abibumbye ko u Rwanda rwiteguye gufata inshingano mu gihe Urwego mpuzamahanga rushinzwe gukora imirimo y’insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (MICT) ruzaba rurangije imirimo yarwo.
-
Ku nshuro ya kane, Urubanza rw’abo kwa Rwigara rwasubitswe, basabye guhabwa ibitabo by’indirimbo
13 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, mu rukiko rukuru rwa Nyarugenge hakomereje ku nshuro ya Gatatu urubanza rw’abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol aribo:Diane Rwigarana, Anne Rwigara na Nyina wabo; Adeline Rwigara Mukangemanyi
Me Gatera Gashabana yageze mu rukiko aje kunganira Mme Adeline Rwigara wari wagaragaje mu rubanza ruheruka ko yifuza kunganirwa nawe.Mu rukiko Me Gatera yavuze ko yagirane ibiganiro n’umukirya we ku munsi w’ejo bityo ko atabonye umwanya wo gusoma (…) -
Imbere ya Perezida Kagame, Bamporiki ati ’Iri joro nsinziriye najya mu ijuru nishimye’
20 December 2025, by Brenda MIZEROBamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yasabye imbabazi Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi, anashimira Perezida Paul Kagame urangwa n’imbabazi, wamubabariye agafungurwa.
-
Kandida- depite wandikiwe amazina atariyo ku rupapuro rw’ itora byarangiye anyuzwe n’ ibyayavuyemo
6 September 2018, by Nsanzimana ErnestNsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu matora.
-
Abikingije Covid-19 byuzuye boroherejwe kwinjira muri Uganda
31 March 2022, by Dusingizimana RemyIgihugu cya Uganda cyatangaje ko abikingije byuzuye Covid-19 bemerewe kwambuka bakerekeza muri Uganda badasanzwe ibipimo bya Covid-19 bya PCR byagoye benshi kubera ko bihenze.
Mu itangazo ryashyizwe hanze na Henry G Mwebesa,yavuze ko mu rwego rwo kubahiriza ibyemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri ba EAC yabaye muri Mutarama uyu mwaka,hari ibyemezo bishya byafashwe ku bifuza kwambuka imipaka berekeza muri Uganda.
Iri tangazo rivuga ko Uganda izemerera kwambuka abafashe ibipimo bya PCR (…) -
U Bubiligi bwasabye Qatar kubwunga n’u Rwanda biba iby’ubusa
24 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Bubiligi bwegereye Qatar kugira ngo ibufashe kuzahura umubano n’u Rwanda, gusa ashimangira ko nta musaruro byatanze kuko iki gihugu kitagaragaza impinduka mu myitwarire.
-
Mashami Vincent yashinje bamwe mu banyamakuru kubuza Kévin Monnet-Paquet gukinira u Rwanda
18 November 2020, by Dusingizimana RemyUmutoza w’ikipe y’igihugu,Mashami Vincent,yatangaje ko bamwe mu banyamakuru bagiye mu matwi Kevin Monnet Paquet bamubuza kwitabira ubutumire bwo gukinira ikipe y’u Rwanda “Amavubi”,mu mikino 2 yakinnye na Cape Verde.
-
Jeanette Kagame yasabye urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMadamu Jeannette Kagame yibukije urubyiruko ko muri iyi minsi imbuga nkoranyambaga zabaye ikibuga cy’intambara aho ukuri kugorekwa nkana, asaba urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda bima amayira abarwigiraho impuguke bagamije kurusenya
-
Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda
9 June 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kugaragara mu Rwanda, nyuma y’uko mu bihugu bitandukanye by’Isi hashize iminsi kiri kwiyongera.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ubufaransa wari uvuye i Kinshasa
U Rwanda rwiteguye gufata inshingano mu gihe MICT izaba irangije imirimo yayo
Imbere ya Perezida Kagame, Bamporiki ati ’Iri joro nsinziriye najya mu ijuru nishimye’
Abikingije Covid-19 byuzuye boroherejwe kwinjira muri Uganda
U Bubiligi bwasabye Qatar kubwunga n’u Rwanda biba iby’ubusa
Jeanette Kagame yasabye urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda
Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda