Perezida Kagame yaherekeje Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania wasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye mu Rwanda rwasinyiwemo amasezerano menshi hagati y’ibihugu byombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yasezeye kuri mugenzi we Samia Suluhu wasoje uruzinduko rw’iminsi 2 yagiriye mu Rwanda [AMAFOTO]
3 August 2021, by Dusingizimana Remy -
FARDC yakomeje kumena amabombe kuri M23 ngo ive muri Sake
12 March 2023, by Dusingizimana RemyKuva ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 11 Werurwe 2023, ibirindiro bya M23 biri mu nkengero z’umujyi wa Sake bikomeje gusukwaho amabombe y’urudaca.
Umunyamakuru wa Rwanda Tribune dukesha iyi nkuru uri Goma, yemeza ko abaturage bose mu mujyi wa Sake,bari guhungira mu gice cy’umujyi wa Goma no mu gace ka Minova bahana imbibi.
Yavuze ko ku abaturage batuye mu mujyi wa Goma bafite ubwoba bwinshi,kubera urusaku rw’amabombe y’indege z’indwanyi zabyutse ziroha muri Sake mu rwego rwo gukumira (…) -
Dr GAHAKWA Daphrose yavuze ko nta wamurega agasuzuguro kuko atitabye PAC
14 October 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi (RAB), Dr Gahakwa Daphrose, aravuga ko atanze kwitaba Inteko Ishingamategeko kuko yageze mu nzira aganayo agafatwa n’indwara bityo akihutira kujya kwa muganga.
RAB yitabye Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC), kugira ngo bisobanure ku micungire mibi y’umutungo nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta 2015/16.
Umuyobozi Mukuru (…) -
"Nta muturage uzongera gukurwa mu bye atabanje kwishyurwa ingurane"-Minisitiri Gatete
17 December 2021, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda iratangaza ko nta muturage uzongera gukurwa mu bye, atabanje kwishyurwa ingurane y’umutungo we. Byatangajwe na Ministri w’ibikorwa remezo ubwo yari yitabye Komisiyo y’ubumwe bw’Abanyarwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
-
U Rwanda rugiye guhabwa arenga miliyari 27,5 Frw rubikesha isoko rya Carbon
31 October 2025, by ISIMBI EstellaBanki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD), yatangaje ko bitarenze 2026, u Rwanda ruzaba rwamaze kwishyurwa arenga miliyoni 19$ (miliyari 27,5 Frw) ku isoko rya Carbon, akazifashishwa mu gukora indi mishinga ibungabunga ibidukikije irimo no guteza imbere ibicanwa bibibungabunga.
-
Komisiyo y’Abakozi ba Leta yatahuye uburiganya mu mitangire y’akazi muri Minisante
30 April 2018, by Joseph HakuzwumuremyiDiane Gashumba, Minisitiri w’Ubuzima
Muri raporo y’ubugenzi yakozwe na Komisiyo y’Igihugu y’Abakozi ba Leta mu kwezi kwa 10 2017 yagaragaje bumwe mu buriganya bwakozwe bigaragara ko busa n’ubwagambiriwe mu bizamini by’akazi ku bakozi bashinzwe Imari n’Ubutegetsi (DAF) mu bitaro binyuranye bya Leta. -
Umuriro wongeye kwaka hagati ya FARDC na M23
8 July 2022, by Joseph IradukundaIntambara yongeye kwaduka hagati y’ingabo za reta ya Repuburika ya Demokrasi ya Congo n’izo mu mutwe witwaje intwaro wa M23, iminsi ibiri gusa abategetsi b’ibyo bihugu bahuriye i Luanda muri Angola mu nama yo guhosha iyo ntambara.
Muri iyo nama bahujwe n’umukuru wa Angola João Lourenço, Perezida Paul Kagame na Perezida Félix Tshisekedi basabye ko haba guhagarika kurwana kandi M23 ikava mu birindiro yafashe mu burasirazuba bwa congo vuba vuba.
Congo n’Urwanda birebana ayingwe kuva M23 (…) -
Gen Muhoozi agiye kuza mu Rwanda
28 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’Umujyanama wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu bikorwa byihariye bya gisirikare, Gen Muhoozi Kainerugaba, arateganya kugirira uruzinduko mu Rwanda.
-
Gitifu w’ akarere ka Gasabo arafunze
9 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali ,Ingabire Augustin, akurikiranyweho icyaha cyo gutanga isoko ry’ibikoresho by’ibiro by’Ubutaka, mu buryo butemewe n’amategeko.
-
Undi mudepite yeguye bikekwa ko nawe byatewe n’inzoga
21 November 2022, by Dusingizimana RemyAbadepite bakomeje kwegura mu nteko ishinga amategeko aho utahiwe ari Hon HABIYAREMYE Jean Pierre Celestin nawe wamaze gusezera ku mpamvu ze bwite.Birakekwa ko yaba nawe yaraganjwe n’inzoga.
Hari aka videwo kari gaherutse kuzengura ku mbuga nkoranyambaga bigaragara ko atari kumvikana n’Abapolisi bashinzwe umutekano mu muhanda kandi byose bishobora kuba byaraterwaga no kunywa inzoga agasinda.
Amakuru agera ku UMURYANGO nuko uyu mudepite nawe yakurikiye Hon.Gamariel Mbonimana weguye mu (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasezeye kuri mugenzi we Samia Suluhu wasoje uruzinduko rw’iminsi 2 yagiriye mu Rwanda [AMAFOTO]
FARDC yakomeje kumena amabombe kuri M23 ngo ive muri Sake
"Nta muturage uzongera gukurwa mu bye atabanje kwishyurwa ingurane"-Minisitiri Gatete
U Rwanda rugiye guhabwa arenga miliyari 27,5 Frw rubikesha isoko rya Carbon
Umuriro wongeye kwaka hagati ya FARDC na M23
Gen Muhoozi agiye kuza mu Rwanda
Undi mudepite yeguye bikekwa ko nawe byatewe n’inzoga