Perezida Paul Kagame ari mu ruzinduko rw’akazi muri Guinea- Conakry, ahatangijwe umushinga ukomeye w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Fer, ufite agaciro ka miliyari 20 z’amadolari ya Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame mu batangije umushinga munini w’ubucukuzi bw’amabuye ya Fer muri Guinea
12 November 2025, by Brenda MIZERO -
Bite by’umushinga wo kubaka gare ya Nyabugogo?
12 January, by Brenda MIZEROUmujyi wa Kigali wagaragaje ko hamaze gukorwa inyigo y’ahazubakwa gare ya Nyabugogo, ariko usaba Komisiyo Ishinzwe Ingengo y’imari n’umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko, kuwukorera ubuvugizi ku bijyanye n’uwo mushinga ukihutishwa kuko hari amasezerano agomba gushyirwaho umukono hagati ya Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi na Banki y’Isi.
-
Nduhungirehe yeruriye Kaja Kallas ko ibihano u Rwanda rufatirwa bitazakemura ibibazo bya RDC
11 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe uri i Bruxelles mu Bubiligi, ku wa Mbere yahuye anagirana ibiganiro na Visi-Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Kaja Kallas.
-
Perezida Kagame ahangayikishijwe n’ibiyobyabwenge mu rubyiruko; yavuze uwo bakoranaga wabaswe n’inzoga
21 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yasabye urubyiruko kugendera kure ibiyobyabwenge, kuko bikomeje kubagiraho ingaruka, bikagira n’ingaruka ku gihugu muri rusange cyane ko byageze n’aho bamwe babura ubuzima.
-
Ku nshuro ya kane, Urubanza rw’abo kwa Rwigara rwasubitswe, basabye guhabwa ibitabo by’indirimbo
13 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, mu rukiko rukuru rwa Nyarugenge hakomereje ku nshuro ya Gatatu urubanza rw’abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol aribo:Diane Rwigarana, Anne Rwigara na Nyina wabo; Adeline Rwigara Mukangemanyi
Me Gatera Gashabana yageze mu rukiko aje kunganira Mme Adeline Rwigara wari wagaragaje mu rubanza ruheruka ko yifuza kunganirwa nawe.Mu rukiko Me Gatera yavuze ko yagirane ibiganiro n’umukirya we ku munsi w’ejo bityo ko atabonye umwanya wo gusoma (…) -
Imbere ya Perezida Kagame, Bamporiki ati ’Iri joro nsinziriye najya mu ijuru nishimye’
20 December 2025, by Brenda MIZEROBamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yasabye imbabazi Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi, anashimira Perezida Paul Kagame urangwa n’imbabazi, wamubabariye agafungurwa.
-
Kandida- depite wandikiwe amazina atariyo ku rupapuro rw’ itora byarangiye anyuzwe n’ ibyayavuyemo
6 September 2018, by Nsanzimana ErnestNsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu matora.
-
Abikingije Covid-19 byuzuye boroherejwe kwinjira muri Uganda
31 March 2022, by Dusingizimana RemyIgihugu cya Uganda cyatangaje ko abikingije byuzuye Covid-19 bemerewe kwambuka bakerekeza muri Uganda badasanzwe ibipimo bya Covid-19 bya PCR byagoye benshi kubera ko bihenze.
Mu itangazo ryashyizwe hanze na Henry G Mwebesa,yavuze ko mu rwego rwo kubahiriza ibyemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri ba EAC yabaye muri Mutarama uyu mwaka,hari ibyemezo bishya byafashwe ku bifuza kwambuka imipaka berekeza muri Uganda.
Iri tangazo rivuga ko Uganda izemerera kwambuka abafashe ibipimo bya PCR (…) -
U Bubiligi bwasabye Qatar kubwunga n’u Rwanda biba iby’ubusa
24 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Bubiligi bwegereye Qatar kugira ngo ibufashe kuzahura umubano n’u Rwanda, gusa ashimangira ko nta musaruro byatanze kuko iki gihugu kitagaragaza impinduka mu myitwarire.
-
Mashami Vincent yashinje bamwe mu banyamakuru kubuza Kévin Monnet-Paquet gukinira u Rwanda
18 November 2020, by Dusingizimana RemyUmutoza w’ikipe y’igihugu,Mashami Vincent,yatangaje ko bamwe mu banyamakuru bagiye mu matwi Kevin Monnet Paquet bamubuza kwitabira ubutumire bwo gukinira ikipe y’u Rwanda “Amavubi”,mu mikino 2 yakinnye na Cape Verde.
Umuryango.rw
Perezida Kagame mu batangije umushinga munini w’ubucukuzi bw’amabuye ya Fer muri Guinea
Bite by’umushinga wo kubaka gare ya Nyabugogo?
Nduhungirehe yeruriye Kaja Kallas ko ibihano u Rwanda rufatirwa bitazakemura ibibazo bya RDC
Perezida Kagame ahangayikishijwe n’ibiyobyabwenge mu rubyiruko; yavuze uwo bakoranaga wabaswe n’inzoga
Imbere ya Perezida Kagame, Bamporiki ati ’Iri joro nsinziriye najya mu ijuru nishimye’
Abikingije Covid-19 byuzuye boroherejwe kwinjira muri Uganda
U Bubiligi bwasabye Qatar kubwunga n’u Rwanda biba iby’ubusa