Uwahoze ari Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ingabo ndetse wanabaye Umuyobozi wa Polisi y’u rwanda, Gen Andrew Rwigamba,yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye iminsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Gen Andrew Rwigamba wayoboye Police y’u Rwanda yitabye Imana
17 October 2019, by Dusingizimana Remy -
UPDATE:Polisi yafashe za mfungwa zose zari zatorotse aho zavurirwaga koronavirusi
9 July 2020, by Dusingizimana RemyImfungwa 4 zari zaraye zitorotse ikigo zavurirwagamo Covid-19 mu murenge wa Kibungo mu karere ka Ngoma,cya ASPEK zamaze gufatwa na Polisi y’igihugu nyuma yo gutatana zihunga.
-
Ingabire Marie Immaculee yumijwe n’imyambarire y’abanyarwandakazi muri Miss Africa Calabar[AMAFOTO]
29 October 2020, by Martin MunezeroIngabire Marie Immaculée Umuyobozi w’Umuryango Urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda yavuze ko uburyo abakobwa bari bambayemo muri Miss Africa Calabar ntaho bitandukaniye n’ubusa buri buri.
-
Icyamamare muri WNBA, Skylar Diggins agiye gutandukana n’umugabo we bari bamaranye imyaka 8
2 May, by ISIMBI EstellaSkylar Diggins, umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Seattle Storm mu irushanwa rya WNBA, yamaze gusaba gatanya n’umugabo we Daniel Smith, bari bamaze imyaka umunani babana nk’umugabo n’umugore.
-
Virusi ya HMPV yagaragaye mu Bushinwa ikwiye gutera Isi ubwoba?
8 January, by Joseph IradukundaImibare y’abandura Virusi ya Human Metapneumovirus (HMPV) iheruka kwiyongera mu majyaruguru y’Ubushinwa yateye abantu ubwoba bwinshi.
-
Minisante:Umuntu umwe yanduye Icyorezo cya Marburg
23 October 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Ukwakira 2024, umuntu umwe yanduye Icyorezo cya Marburg mu bipimo 81 byafashwe.
-
Perezida Kagame yasabye aba Ofisiye bashya kwimika ikinyabupfura mu byo bakora byose
4 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yahaye ipeti abofisiye bato rya S/Lieutenant binjizwa mu ngabo z’u Rwanda,RDF.
Mu muhango wabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Gako,kuri uyu wa Gatanu,Perezida Kagame yibukije aba basirikare bashya ko bagomba kurangwa n’ikinyabupfura kandi bagaharanira gukora neza inshingano barahiriye.
Perezida Kagame yavuze ko "adashidikanya ko aba ba ofisiye biteguye bihagije kandi bafite ibisabwa byose kugira ngo buzuze inshingano zo (...) -
Abayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda bigomwe umushahara wabo w’ukwezi ushyirwa mu gufasha abatishoboye
6 April 2020, by Dusingizimana RemyAbayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda biyemeje kwigomwa umushahara w’ukwezi kwa Mata bawugenera gahunda yo gufasha abatishoboye bagizweho ingaruka n’ingamba zikarishye zo kuguma mu rugo, zafashwe mu guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.
-
MINEDUC yafunze amashuri abanza,ayisumbuye n’ay’inshuke yo mu mujyi wa Kigali kubera Covid-19
17 January 2021, by Dusingizimana RemyMINEDUC yatangaje ko mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19, amashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye yo mu mujyi wa Kigali afunze guhera kuri uyu wa Mbere.
-
‘Nanyuzwe no kongera guhura na Perezida Kagame’ Umuyobozi wa FAO
22 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kabiri tariki 21 Kanama 2018, Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO), José Graziano da Silva.
0 | ... | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | ... | 3430