Perezida Paul Kagame yamaze impungenge abatekereza ko inkundura y’imikoreshereze y’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) izabasiga badafite akazi, asaba abo ku mugabane wa Afurika kurikoresha neza kuko rishobora kwihutisha iterambere ryabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yamaze impungenge abatekereza ko AI izabatwara akazi
13 November 2025, by Brenda MIZERO -
U Rwanda rumaze kugera ku rwego rwo gupima kanseri ikamenyekana mbereho imyaka 5
17 December 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yahishuye ko u Rwanda rufite ibyuma bipima kanseri y’urwungano ngogozi ku buryo imenyekana mbereho imyaka itanu mbere y’uko uyifite ayandura.
-
Ibi nibyo bimenyetso simusiga bigaragaza uburyo Perezida Museveni akomeje gushyigikira umutwe urwanya u Rwanda witwa RNC
16 March 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Uganda akunze kwigira nyoninyinshi iyo abajijwe ku bijyanye n’uburyo akomeje gushyigikira umutwe urwanya u Rwanda witwa RNC, agashaka kwerekana ko bamwe mu buyobozi bwe ari bo bari kumuyobya.
-
Ibihugu 44 byemeye isoko rusange, 27 byemera gufungura imipaka
22 March 2018, by Nsanzimana ErnestIbihugu 44 byashyize umukono ku masezerano atangiza isoko rya Afrika
Mu nama idasanzwe y’ abakuru b’ ibihugu ibihugu 44 by’ Afurika nibyo byashyize umukono mu masezerano ashyiraho isoko rusange rya Afurika.
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame akaba na Perezida w’umuryango wa Afrika yunze ubumwe yashyize umukono kuri yo masezerano yasinywe n ’ibihugu 44 kuri 55 bigize uyu muryango,amasezerano ategerejweho guhuriza abanyafrika basaga miliyari na 200 ku isoko ryagutse.
Uretse aya masezerano (…) -
Kiyovu Sports yerekanye impinduka nshya isinyisha abakinnyi 7
26 July 2023, by Rebecca UFITAMAHORONyuma y’uko Kiyovu Sports ikoze impinduka zikomeye igasezerera abari abakinnyi n’abayobozi bayo yerekanye abakinnyi barindwi bashya, izakoresha mu mwaka w’imikino utaha. Umuhango wo kwerekana aba bakinnyi wabereye ku Biro by’iyi kipe mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa Kabiri, tariki 25 Kamena 2023.
Aba bakinnyi berekanwe na Perezida wa Kiyovu Sports Limited, Mvukiyehe Juvénal. Barimo Myugariro Kazindu Guy wavuye muri Gasogi United; Rutahizamu w’Umunye-Congo, Jérémie (…) -
Perezida Ndayishimiye yahishuye ko u Burundi n’u Rwanda bigiye kubana neza vuba
25 January 2021, by Dusingizimana RemyNyuma yo gutorwa k’umunyamabanga mukuru mushya w’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko yizeye ko mu gihe cya vuba u Rwanda n’u Burundi bizongera kubana neza.
-
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yakiriye mugenzi we w’u Buyapani mu biro bye
19 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yakiriye mu biro bye Prak Sokhonn, Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubufatanye Mpuzamahanga w’Ubwami bwa Kambodiya.
-
Abagore basabwe kwihatira kujya mu buyobozi bw’inzego z’ibanze aho bakiri bake
27 March, by ISIMBI EstellaInzego zireberera iterambere ry’abagore mu Rwanda zabasabye kwitabira kujya mu myanya y’ubuyobozi by’umwihariko iyo mu nzego z’ibanze kuko byagaragaye ko abarimo ari bake.
-
Perezida Kagame ari i Kampala mu Isabukuru y’amavuko ya Gen Muhoozi
24 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Kampala muri Uganda aho yitabiriye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya 48 ya Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangiye kwizihiza mu ijoro ryo ku wa Gatandatu. Perezida Kagame yakiriwe na Lt Gen Muhoozi nyirizina aherekejwe na Minisitiri w’Umutekano Jim K. Muhwezi, Uhagarariye Inyungu za Uganda mu Rwanda Anne Katusiime ndetse n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda Col Joseph Rutabana.
Buteganyijwe ko kuri uyu mugoroba Perezida (…) -
Ingabire Marie Immaculée mu bagore 20 baharaniye uburinganire muri OIF
19 November 2025, by Brenda MIZEROIngabire Immaculée wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane, yashyizwe mu bagore 20 baharaniye uburenganzira n’iterambere ry’umugore mu bihugu bigize Umuryango w’ibivuga Igifaransa, OIF.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yamaze impungenge abatekereza ko AI izabatwara akazi
U Rwanda rumaze kugera ku rwego rwo gupima kanseri ikamenyekana mbereho imyaka 5
Kiyovu Sports yerekanye impinduka nshya isinyisha abakinnyi 7
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yakiriye mugenzi we w’u Buyapani mu biro bye
Abagore basabwe kwihatira kujya mu buyobozi bw’inzego z’ibanze aho bakiri bake
Perezida Kagame ari i Kampala mu Isabukuru y’amavuko ya Gen Muhoozi
Ingabire Marie Immaculée mu bagore 20 baharaniye uburinganire muri OIF