Stella Rusine Nteziryayo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Banki y’Igihugu y’Amajyambere, BRD, asimbuye Kampeta Pitchette Sayinzoga wari umaze imyaka itandatu kuri uwo mwanya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Stella Rusine Nteziryayo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa BRD
24 December 2025, by Brenda MIZERO -
U Rwanda rwamaganye amagambo Trump yakoresheje atuka ibihugu bya Afurika
13 January 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko amagambo yagiye ahabona avuga ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagereranyije ibihugu bimwe bya Afurika n’imisarani, adakwiye.
Ni amagambo bivugwa ko Trump yavugiye mu nama n’abasenateri ku wa Gatanu w’iki cyumweru, yagarukaga ku mushinga mushya w’itegeko ushobora korohera abimukira, gusa Trump we ntabikozwe.
Nubwo Trump ahakana ko yabivuze, bamwe mu (…) -
Pasiteri Schoof washinze Radio Ubuntu Butangaje yirukanwe ku butaka bw’u Rwanda
8 October 2019, by Dusingizimana RemyPasiteri w’Umunyamerika, Gregg Schoof Brian,washinze Radio Ubuntu butangaje nyuma igafungwa kubera kwangiza amahame agenga itangazamakuru mu Rwanda,yirukanwe mu Rwanda kubera ko uruhushya rwe rwo gukorera mu Rwanda rwarangiye hanyuma agatangira gukora ibikorwa biteza umwuka mubi muri rubanda.
-
Kabarebe twari n’inshuti, ariko kuba yaransebeje byarambabaje: Ndayishimiye
25 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yababajwe cyane no kuba Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubutwererane bw’akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe yaramushinje guhamagarira abanye-Congo bo kwica bagenzi babo bo mu bwoko bw’Amanyamulenge.
-
Urubanza rwa Sankara n’abandi bantu 18 bareganwa rwasubitswe
26 January 2021, by Dusingizimana RemyUrubanza ubushinjacyaha buregamo Paul Rusesabagina n’abandi bantu 18 baregwa hamwe ibyaha birimo iby’iterabwoba, rwasubitswe nyuma y’aho abaregwa bagaragaje ko batabashije kubonana n’abo bunganira kubera ingamba zashyizweho zo kwirinda icyorezo cya Covid-19.
-
Lt Gen Mudacumura wayoboraga FDLR yarasiwe muri RDC arapfa
18 September 2019, by Dusingizimana RemyMu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 18 Nzeri 2019, Gen Mudacumura Syvestre wayoboraga abarwanyi ba FDLR yiciwe mu gitero gikomeye yagabweho n’abarwanyi ba FARDC bari bamaze iminsi babahiga bukware.
-
Guterres yasabye ko Intambara muri Kongo Ihagarara nta yandi mananiza
7 May 2023, by Joseph IradukundaUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ONU Antonio Gutteres yahamagariye imitwe yose yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa RDC kuzirambika hasi ntayandi mananiza.
-
Bimwe mu bihungu by’u Burayi byatangiye kuvuga ko ibihano byafatiwe u Burusiya bitari gushyirwa mu bikorwa
3 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisitiri w’Intebe wa Pologne, Mateusz Morawiecki, yavuze ko ibihano barimo gufatira u Burusiya bidakora, urebye uburyo ubukungu bw’icyo gihugu bukomeje kwifata neza n’ifaranga ryacyo rikazamura agaciro.
-
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yitabiriye ibirori byo gufungura Inzu Ndangamurage ya Misiri
2 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe, yitabiriye ibirori byo gufungura Inzu Ndangamurage ya Misiri, byabereye mu Mujyi wa Cairo, ku wa 01 Ugushyingo 2025.
-
Theoneste Bagosora yahitanwe n’uburwayi bwamufatiye muri gereza
25 September 2021, by Dusingizimana RemyCol. Theoneste Bagosora wahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yaguye muri gereza yo muri Mali yari afungiwemo.
Umuryango.rw
Stella Rusine Nteziryayo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa BRD
Kabarebe twari n’inshuti, ariko kuba yaransebeje byarambabaje: Ndayishimiye
Guterres yasabye ko Intambara muri Kongo Ihagarara nta yandi mananiza
Bimwe mu bihungu by’u Burayi byatangiye kuvuga ko ibihano byafatiwe u Burusiya bitari gushyirwa mu bikorwa
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yitabiriye ibirori byo gufungura Inzu Ndangamurage ya Misiri
Theoneste Bagosora yahitanwe n’uburwayi bwamufatiye muri gereza