Robert Kyagulanyi, umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi yamaganye ibyavuye mu matora by’agateganyo, anavuga ko ari we watsinze, n’ubwo komisiyo y’amatora ivuga ko amajwi yose atarabarwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Bobi Wine yatangiye kwamagana ibyavuye mu matora rugikubita
15 January 2021, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda mu mwijima ruramurika- Perezida Kagame
15 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwahuye n’ibibazo byinshi birimo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko agaragaza ko rwagiye rubirokoka rugatera imbere.
-
Abimukira ibihumbi 30 000 u Rwanda rugiye kwakira umwe aherekereshwa miliyoni hafi 3
28 November 2017, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda iherutse gutangaza ko yiteguye kwakira abimukira ibihumbi 30 mu rwego rwo gushakira umuti ikibazo cy’ abimukira kimaze kuba ingorabahizi mu Isi.
Buri mwimukira wemeye kuva muri Israel ahabwa ibihumbi 3 500 by’ amadorali y’ Amerika nk’ uko byatangajwe na Sigal Rozen, Umunya Isahel uharanira uburenganzira bwa muntu.
Ibi byatangajwe nyuma y’ inkuru ya televiziyo y’ Abanyamerika CNN yagaragaje icuruzwa ry’ abirabura rikorerwa muri Libya.
Nk’ uko BBC yabitangaje kuri (…) -
RDF yemeje ko abasirikare bayo 2 bafunzwe bakurikiranyweho guhohotera abaturage
12 June 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu baturage mu karere ka Bugesera mu kagari ka Nyamata mu murenge wa Nyamata bavuga ko mu minsi ishize bakubiswe n’abasirikare bafatanyije n’inkeragutabara - ishami ry’ingabo z’u Rwanda.
-
Hatangajwe amabwiriza azagenga umuhango wo gushyingura Perezida Nkurunziza kuwa Gatanu
22 June 2020, by Dusingizimana RemyKuwa Gatanu w’iki cyumweru tariki ya 26 Kamena 2020,nibwo hazaba umuhango wo gushyingura Nyakwigendera Petero Nkurunziza wahitanwe no guhagarara k’umutima kuwa 08 Kamena uyu mwaka mu bitaro bya Hôpital du cinquantenaire Natwe Turashoboye bya Karuzi, biri mu bikomeye mu gihugu hafi y’umurwa mukuru, Gitega.
-
Minisitiri Mutimura yeruriye abize MICROBIOLOGIE ko ‘gukora mu buvuzi kwabo biri kure’
25 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburezi Dr Eugene Mutimura yasubije byeruye ikibazo cy’ abanyeshuri bize isomo rya Microlobiologie muri Kaminuza bagera hanze bagasanga ibyo bize ntaho biba ku mbonerahamwe y’ imyanya y’ imirimo mu Rwanda ababwira ko ushaka kuba umuganga agomba kongera agatangirira mu mwaka wa mbere wa kaminuza.
-
Kigali: Agahinda k’umukobwa ugiye gukora ubukwe, yazitiwe n’isezerano yagiranye n’umunyarwanda uba i Burayi
26 November 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyarwanda wavuye mu Rwanda asabye umukobwa akamara imyaka itanu I Burayi, yatunguwe no kumva ko uwo yasize asezeranye nawe agiye gushyingirwa n’undi musore.
Yitwa Ben Nziza akaba ariyo mazina akoresha kuri Facebook, abara inkuru ye mu bice.Avuga ko kuva avuye mu Rwanda hashize imyaka itanu.Muri iyo myaka itanu yibuka neza ko mu bikorwa yasize akoze ari kumwe n’umukunzi we harimo no kuba barahamije isezerano.
Muri iyo myaka itanu amaze I Burayi mu mujyi wa Brusseles yakomeje gukoboka (…) -
Perezida Kagame yasabye RSSB gukemura ibibazo biri mu bitaro bya Faysal
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yasabye ubuyobozi bwa RSSB gufatanya vuba n’ibitaro bya Faysal bugakemura ibibazo by’amikoro bihari.
Hari mu ijambo yagejeje ku bari baje kwitabira umuhango wo gushyira ibuye ry’ifatizo ahagiye kwagurirwa ibi bitaro.
Kagame avuga ko ashima igikorwa cyo kwagura biriya bitaro kubera akamaro bizagirira igihugu n’Akarere giherereyemo.
Avuga ko yaje mu gikorwa cya gushyira ibuye aho ibitaro bya Faysal bizagurirwa kuko yizeye ko nibyuza mu gihe cyagenwe bizaba ingenzi ku (…) -
Amabara I: Gitifu yasuzumye ko "Igitsina cy’Umugeni" cyuzuye! Bari mu biro n’Umugabo we
7 August 2023, by UbwanditsiUbwo Gitifu w’umurenge yaregerwaga n’umugore wari umaze iminsi ashyingiwe ko umugabo we yanze ko batera akabariro, yatumiza umugabo akamubwira ko umugore we nta gits1ina agira, yafashe umwanzuro wo kubisuzuma kugirango amenye ufite ukuri muri aba babiri.
-
Hagiye gusohoka Album ya nyuma ya Bizimungu Dieudonné wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
8 October 2025, by Brenda MIZEROKompanyi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitwa Mississippi Records yatangaje ko igiye gusohora Album y’umuhanzi Bizimungu Dieudonné, umwe mu baririmbyi b’Abanyarwanda bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuryango.rw
U Rwanda mu mwijima ruramurika- Perezida Kagame
Hatangajwe amabwiriza azagenga umuhango wo gushyingura Perezida Nkurunziza kuwa Gatanu
Perezida Kagame yasabye RSSB gukemura ibibazo biri mu bitaro bya Faysal
Amabara I: Gitifu yasuzumye ko "Igitsina cy’Umugeni" cyuzuye! Bari mu biro n’Umugabo we
Hagiye gusohoka Album ya nyuma ya Bizimungu Dieudonné wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi