Perezida Kagame na Madamu we, Jeannette Kagame, bifatanije n’abayobozi babarirwa mu magana baturutse mu gihugu hose mu masengesho yo gushimira Imana yateguwe na Rwanda Leaders Fellowship.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Amasengesho yo gusengera igihugu yitabiriwe na Perezida Kagame na madamu
15 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Mozambique Nyusi i Kigali
10 February 2022, by SHEMA EMMANUELAmakuru dukesha ibiro by’umukuru w’igihugu Village Urugwiro, aratangaza ko Perezida w’u Rwanda Paul kagame Yakiriye ndetse akanagirana ibiganiro na mugenzi wa Mozambique Perezida Nyusi.
-
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi
11 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 nibwo haraba umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi wayoboye igihugu cya Kenya imyaka 24 yose nyuma yo gusimbura Jomo Kenyatta.
-
Jean Lambert Gatare witabye Imana yari muntu ki .? Dore ibyingenzi wamenya ku buzima bwe
22 March, by ISIMBI EstellaJean Lambert Gatare ni izina riremereye cyane mu itangazamakuru rya siporo mu Rwanda, yabereye benshi urugero ndetse ubuhanga bwe muri uyu mwuga nta muntu numwe wabushidkanyaho. Niwe wise umukinnyi w’umunya Brezile Ronaldo Fenomeno igifaru kubera imbaraga n’umuvuduko yagiraga mu kibuga. Jean Lambert yari umuhanga mu kogeza umupira ndetse no gucukumbura no gutangaza amakuru byumwihariko arebana n’imikino arinabyo abantu benshi bamumenye akora. Muriyi nkuru mutwemerere tugaruke ku bintu (...)
-
Hamenyekanye impamvu Inkotanyi zahisemo gutangiza urugamba tariki ya 01 Ukwakira 1990
1 October 2022, by Dusingizimana RemyMu gitondo cy’umunsi nk’uyu tariki 1 Ukwakira 1990, isasu rya mbere ryavugiye i Kagitumba muri perefegitura y’Umutara (ubu ni muri Nyagatare), riba imbarutso y’inzira ndende yo gutaha ku bihumbi by’Abanyarwanda bari bamaze imyaka isaga 30 barameneshejwe iwabo.
Ni umunsi wahinduye amateka y’u Rwanda, biba ihurizo rikomeye kuri Leta ya Juvenal Habyarimana wari umaze igihe yarinangiye, avuga ko ‘igihugu cyuzuye’ ku buryo kitabona aho gutuza abacyo bari mu buhungiro.
Iyi tariki ya 1 Ukwakira yari (...) -
Wenceslas Twagirayezu yangiwe "gukomeza gushaka abamushinjura"
14 September 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko rwihariye rukurikirana imanza z’ibyaha byambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwanze icyifuzo cy’uwunganira Wenceslas Twagirayezu cyo kongererwa igihe n’ubushobozi mu gukomeza iperereza rigamije gushaka abatangabuhamya bashinjura.
-
Perezida Kagame yayoboye inama nkuru ya gisirikare
15 November 2023Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yayoboye inama nkuru ya gisirikare yitabiriwe n’abasirikari bakuru bakiri mu nshingano n’abasezerewe, abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda, abo mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano, abo mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha n’abo mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe igorora.
-
‘Nagize ngo hari undi wabikoze. Ibisubizo nk’ ibyo njye ndabyumva bikandwaza’ Perezida Kagame
28 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakebuye abayobozi b’ u Rwanda birengagiza inshingano zabo bakigira ba ntibindeba abibutsa ko bakwiye gutekereza cyane kurenza abaturage bayoboye mu gushakira ibisubizo ibibazo u Rwanda rufite.
Umukuru w’ igihugu yabivuze ubwo yaganirizaga abayobozi bo mu nzego z’ ibanze bari mu mwiherero wabo kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Werurwe 2018.
Yagize ati “Abayobozi tugomba gutekereza uko dukorera abaturage bacu. Ntabwo abayobozi baberaho kwirebaho. Iyo uri umuyobozi, (...) -
Perezida Kagame yatangije inama ya Youth Connekt Africa 2024 i Kigali yitabiriwe n’Abarenga 3000
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Ugushyingo 2024, yitabiriye Inama ya 7 y’Ihuriro ry’Urubyiruko muri Afurika, Youth Connekt Africa 2024. Ni inama ibera muri Kigali Convention Centre yatangiye uyu munsi bikaba biteganyijwe ko izasozwa kuwa 10 Ugushyingo, yitabiriwe n’abarenga 3000 baturutse hirya no hino muri Afurika.
-
Abasore bishimiye bidasanzwe itegeko rigena inkwano zizajya zihabwa umuryango w’umukobwa bamwe bagereranyije na Bundles za Internet
21 May 2019, by Martin MunezeroAshingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yayo ya 53, ashingiye ku itegeko no 42/1988 ryo ku wa 27 ukwakira 1988 rishyiraho interuro y’ibanze n’igitabo cya mbere cy’urwunge rw’amategeko mbonezamubano cyane cyane mu ngingo yayo y’i 168, ategetse, mu gihugu hose inkwano ni inyana cyangwa amafaranga atarenze ibihumbi cumi na bitanu , ihitamo muri byombi rigaharirwa umuryango w’umukobwa.
0 | ... | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | ... | 3430