Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yasabye Abanyarwanda kuryama bagasinzira, abizeza ko ingamba z’ubwirinzi u Rwanda rwashyizeho zikora neza ku kubarindira umutekano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hari izo mwabonye zimira ibisasu n’izindi zihari - Minisitiri Nduhungirehe ku ngamba z’ubwirinzi
6 February, by Brenda MIZERO -
Urubanza rwa Sankara n’abandi bantu 18 bareganwa rwasubitswe
26 January 2021, by Dusingizimana RemyUrubanza ubushinjacyaha buregamo Paul Rusesabagina n’abandi bantu 18 baregwa hamwe ibyaha birimo iby’iterabwoba, rwasubitswe nyuma y’aho abaregwa bagaragaje ko batabashije kubonana n’abo bunganira kubera ingamba zashyizweho zo kwirinda icyorezo cya Covid-19.
-
Leta y’ u Rwanda yagurijwe miliyoni 125$ zo kugeza amashyanyarazi ku baturage
4 December 2017, by Ingabire M. GraceKuri uyu wa mbere, u Rwanda rwasinyanye amasezerano na banki y’Isi y’inguzanyo ya miliyoni 125 z’amadolari mu buryo bwo gukwirakwiza amashanyarazi mu baturage. Aya masezerano banki y’isi yagiranye n’u Rwanda, n’Ikiciro cya mbere cy’inguzanyo banki y’Isi yari igeneye u Rwanda, ni mu gihe cy’imyaka itatu ubwo ni miliyoni 375 z’amadolari, ahwanye na miliyari 271rwf. U Rwanda ruzatangira kwishyura iyi nguzanyo nyuma y’imyaka itandatu ku nyungu ya 0.78% bakayirangiza mu myaka 38. (…)
-
Mu Mibare: Byinshi wamenya mbere y’umukino w’ishyiraniro urahuza Rayon Sports na APR FC
11 August 2023, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Kamena 2023, hateganyijwe umukino wa Super Cup uzahuza amakipe y’abakeba mu rw’imisozi 1000, Rayon Sports na APR FC, kuri Kigali Pele Stadium saa 15:00.
-
U Burundi bwanze ko amakamyo atwara ibicuruzwa aturutse mu Rwanda yinjira ku butaka bwarwo
1 April 2020, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yamenyesheje ibihugu bya Uganda na Kenya ko u Burundi bwafashe umwanzuro wo kubuza amakamyo atwaye ibicuruzwa avuye mu Rwanda kwinjira muri icyo gihugu.
-
Izindi Kaminuza 2 zambuwe uburenganzira bwo gukorera mu Rwanda
6 July 2020, by Dusingizimana RemyKaminuza ya Christian University of Rwanda yashinzwe na Dr Pierre Damien Habumuremyi wahoze ari Minisitiri w’Intebe kuri ubu wayoboraga Urwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari, Imidari n’Impeta na Indangaburezi College of Education zambuwe uburenganzira bwo gukorera mu Rwanda kuko hari ibyo zananiwe kuzuza kugira ngo zikore mu buryo bwemewe n’amategeko.
-
Bukavu: Abaturage bitabiriye inama ya AFC/M23 barashwemo ibisasu
27 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagizi ba nabi bikekwa ko batumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barashe ibisasu mu baturage bari bitabiriye inama y’ihuriro AFC/M23 mu mujyi wa Bukavu.
-
Perezida Kagame yasuye abadepite 3 bo muri Sierra Leone bakoreye impanuka mu Rwanda
31 March 2019, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuwa Gatandatu,Taliki ya 30 Werurwe 2019, nibwo Umukuru w’Igihugu,Paul Kagame aherekejwe n’abagize Guverinoma barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Sezibera Richard yasuye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal abadepite bakomoka muri Sierra Leone,baherutse gukora impanuka mu ruzinduko barimo mu Rwanda.
-
Papa Francis yagize Musenyeri Kambanda umukaridinali bimuha amahirwe yo kujya mu bahatanira kuba umupapa
25 October 2020, by Dusingizimana RemyUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi,Papa Francisa yashyizeho aba Karidinali bashya 13. barimo umunyarwanda, Archêveque wa Kigali Musenyeri Antoine Kambanda wavutse muri 1958.
-
Zelenskyy asanga Ukraine ikwiriye gusanga ibisasu mu Burusiya akaba ari ho ibishwanyuriza
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIKuri iki Cyumweru, Perezida wa Ukraine yatangaje ko igihugu cye gikeneye ibisasu byo mu bwoko bwa misile ziraswa kure kugirango kirinde imijyi yacyo n’ingabo ziri ku rugamba anasaba Uburenganzira bwo kuzikoresha imbere mu Burusiya.
Umuryango.rw
Hari izo mwabonye zimira ibisasu n’izindi zihari - Minisitiri Nduhungirehe ku ngamba z’ubwirinzi
Mu Mibare: Byinshi wamenya mbere y’umukino w’ishyiraniro urahuza Rayon Sports na APR FC
Izindi Kaminuza 2 zambuwe uburenganzira bwo gukorera mu Rwanda
Bukavu: Abaturage bitabiriye inama ya AFC/M23 barashwemo ibisasu
Zelenskyy asanga Ukraine ikwiriye gusanga ibisasu mu Burusiya akaba ari ho ibishwanyuriza