Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko ibyo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye mu nama i Bruxelles mu Bubiligi bihabanye n’ukuri n’imyitwarire yagiye agaragaza kuva mu 2019 abaye Perezida, ndetse n’abandi bategetsi b’icyi Gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwatamaje Tshisekedi wigize Malayika imbere y’Abanyaburayi
10 October 2025, by Brenda MIZERO -
Karongi: Umukobwa ugiye kurongorwa asabwa ikimasa, matora, kositimu n’ ibindi
26 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu karere ka Karongi mu ntara y’ Iburengerazuba bw’ u Rwanda ngo basanga ari amananiza kuba kugira ngo umukobwa arongorwe agomba kuba afite ikimasa, matora, kositimu y’ umugabo n’ ibindi ngo binafite ingaruka mbi ku muryango.
-
Ibisobanuro bya RSSB ku kongera umusanzu w’ubwizigamire ntibiragera ku nyota y’Abagenerwabikorwa
3 December 2024, by Joseph IradukundaMu kiganiro n’Abanyamakuru, Umuyobozi Mukuru wa RSSB, Minister Minecofin ndetse na Minister Mifotra bakomeje gusobanura ibijyanye no kuzamura imisanzu y’Ubwiteganyirize ikatwa ku mishahara y’Abakozi aho biteganyijwe ko igiye kwikuba izikuba kabili ndetse ikazagenda izamuka nyuma!
-
RDB yafunze hoteli Château le Marara
22 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko kuva ku wa 22 Nyakanga 2025, ibikorwa bya hoteli Château le Marara byahagaritswe kuko iperereza ryerekanye ko yakoraga itarabiherewe uruhushya.
-
Gabiro: Hafi 500 mu nzego zitandukanye z’umutekano basoje imyitozo
9 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatandatu, itariki 8 Gashyantare, abasirikare n’abapolisi bakuru n’abato, n’ab’Urwego rushinzwe amagereza mu Rwanda (RCS) barangije neza amasomo y’umwuga wa gisirikare y’amezi ane n’igice mu kigo cy’imyitozo yo kurwana cya RDF i Gabiro.
-
Umugi wa Kigali wasubijeho gahunda yo gukaraba intoki ku nyubako n’ahandi hahurira abantu benshi
21 August 2024, by EmmyUmujyi wa Kigali wibukije abantu bose bafite cyangwa bashinzwe inyubako zihuriramo abantu benshi, zaba iz’abikorera cyangwa iza Leta ko ari ihame kugira ubukarabiro rusange bukora, kandi abazigana bakaba bagomba gukaraba intoki mbere yo kuzinjiramo, kandi igihe cyose.
-
RD Congo yavuze ko iri gutakariza ikizere ibiganiro bya Luanda
31 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’ububanyi n’Amahanga wa DR Congo, Thérèse Kayikwamba, yatangaje ko kubera imirwano yubuye muri teritwari ya Walikale y’Intara ya Kivu ya Ruguru abona inzira y’ibiganiro bigamije amahoro ya Luanda iri mu kaga.
-
U Rwanda na Azerbaijan baganiriye ku mahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari
11 July 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda n’iya Azerbaijan bakomeje ibiganiro bigamije kwagura ubucuruzi n’ishoramari nk’uko byashimangiwe mu nama yahuje abayobozi b’impande zombi ku cyiciaro cy’Ikigo cya Azerbaijan gishinzwe guteza imbere Ibyoherezwa mu mahanga n’Ishoramari (AZPROMO).
-
Dosiye y’Umunyamakuru Théogène MANIRAKIZA yaregewe urukiko! Ruswa ntikiri mu byaha ashinjwa
20 October 2023, by UbwanditsiByatangiye RIB itangaza kuri X ko yafatiye mu cyuho umunyamakuru Manirakiza Théogène yakira ruswa y’ibihumbi 500 afungiye Kimihurura! Byarangiye Umushinjacyaha aregeye urukiko ifunga ry’agateganyo muri dosiye iki cyaha nta kirimo.
-
Icyo Amerika igamije mu nama yahurijemo abaperezida hafi ya bose ba Afurika
12 December 2022, by Dusingizimana RemyAbakuru b’ibihugu bya Africa barimo kwerekeza i Washington mu nama yiswe US-Africa summit batumiwemo na Perezida Joe Biden.
Iyi nama y’iminsi itatu izatangira kuwa kabiri igamije kwerekana ubushake ubutegetsi bwa Biden bufite bwo gukorana na Africa, nk’uko abayitegura babivuga.
Abakuru b’ibihugu 49 hamwe n’umukuru wa komisiyo y’ubumwe bwa Africa, Moussa Faki Mahamat, baratumiwe.
Abakuru b’ibihugu bya Mali, Guinea, Sudan na Burkina Faso ntibatumiwe kuko byahagaritswe mu bumwe bwa (…)
Umuryango.rw
U Rwanda rwatamaje Tshisekedi wigize Malayika imbere y’Abanyaburayi
Ibisobanuro bya RSSB ku kongera umusanzu w’ubwizigamire ntibiragera ku nyota y’Abagenerwabikorwa
RDB yafunze hoteli Château le Marara
Gabiro: Hafi 500 mu nzego zitandukanye z’umutekano basoje imyitozo
Umugi wa Kigali wasubijeho gahunda yo gukaraba intoki ku nyubako n’ahandi hahurira abantu benshi
RD Congo yavuze ko iri gutakariza ikizere ibiganiro bya Luanda
U Rwanda na Azerbaijan baganiriye ku mahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari
Dosiye y’Umunyamakuru Théogène MANIRAKIZA yaregewe urukiko! Ruswa ntikiri mu byaha ashinjwa
Icyo Amerika igamije mu nama yahurijemo abaperezida hafi ya bose ba Afurika