Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC), Corneille Nangaa, yatangaje ko urugamba rwo kurwanya ubutegetsi bwa RDC iri huriro ririmo rudateze guhungabanywa n’ibihano ryafatiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibihano byanyu ntibishobora guhungabanya urugamba turimo: Nangaa wa AFC/M23 abwira Amerika
26 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTI -
Inkiko ntizigeze ziruhuka!Imanza zavuzwe cyane kurusha izindi nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi
20 April 2023, by Dusingizimana RemyUbwo FPR INKOTANYI yari imaze kubohora u Rwanda no guhagarika Jenoside muri 1994,ibikomere byari byinshi kuri benshi bashaka ubutabera ku babiciye ababo ndetse n’abasahuye imitungo yabo.
Inkiko zo muri icyo gihe zabonye akazi gakomeye ko kuburanisha Abajenosideri bari benshi bitangaje ndetse no gutanga ubutabera ku mitima ya benshi bari bashavuye.
Hagati ya 1995 na za 2000 habaye imanza zari ziganjemo iz’abayoboye Jenoside bari barafashwe barimo Karamira Froduard na bagenzi be (…) -
Impungenge z’u Rwanda ku masezerano y’amahoro rwagiranye na RDC
5 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabwiye Abasenateri ko nubwo u Rwanda rwizeye ko amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono azatanga umusaruro, rufite impungenge ko ashobora kudashyirwa mu bikorwa nk’uko yemeranyijweho n’impande zombi.
-
Mu bantu 772 bapimwe mu masaha 24 habonetsemo 5 banduye Coronavirus mu Rwanda
8 April 2020, by Martin MunezeroMu Rwanda hagaragaye abandi bantu batanu barwaye icyorezo cya COVID-19 giterwa na Coronavirus mu bipimo 772 byafashwe mu masaha 24, bituma umubare w’abanduye ugera ku 110, barimo barindwi bakize.
-
"Guhohoterwa n’umugore uri umugabo ntabwo bivuga ko uri ikigwari ahubwo kujya gutanga ikirego ni ubutwari"-RIB
3 September 2021, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ruvuga ko nta bagabo bahezwa cyangwa se ngo bakirwe nabi iyo baje gutanga ikirego ku mugore wabahohoteye mu buryo ubwo aribwo bwose.
-
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
18 August 2021, by Dusingizimana RemyNyuma y’uko ibiro bya perezida wa Amerika kuwa kabiri bitangaje ko byoherereje u Rwanda doze hafi 500,000 by’inkingo za Pfizer, Ubushinwa nabwo bwohereje impano y’inkingo zabwo i Kigali.
-
Uko umugore wa Ndayishimiye yafungishije Umunyarwanda wacuruzaga ibikomoka kuri peteroli i Bujumbura
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye yategetse ko Dushimirimana Protais, umushoramari w’Umunyarwanda wakoraga ubucuruzi bw’ikomoka kuri peteroli i Bujumbura no mu bindi bice by’iki gihugu, afungwa.
-
Kigali itoshye mu byishimiwe n’Igikomangoma Albert II wa Monaco
30 September 2025, by ISIMBI EstellaIgikomangoma Albert II wa Monaco wanitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yabereye i Kigali yanyuzwe n’imbaraga u Rwanda rwashyize mu kurengera ibidukikije no kwimakaza isuku mu gihugu hose.
-
Haravugwa kurasana hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza RDC
18 October 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’igisirikare cya DR Congo mu ntara ya Kivu ya ruguru yatangaje ko ingabo z’u Rwanda zarenze umupaka w’igihugu cyazo zikinjira muri DR Congo hakabaho kurasana.
-
Hagaragajwe amashusho yerekana ubugome ndengakamere bwa FARDC
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHagaragajwe amashusho ya bimwe mu bikorwa bihonyora uburenganzira bw’ikiremwamuntu by’igisirikare cya DRC, agaragaza bamwe mu basirikare b’iki Gihugu baboshye abo bashinja gukorana na M23, banabambuye imyenda, aho bivugwa ko byabereye i Kisangani.
Umuryango.rw
Ibihano byanyu ntibishobora guhungabanya urugamba turimo: Nangaa wa AFC/M23 abwira Amerika
Inkiko ntizigeze ziruhuka!Imanza zavuzwe cyane kurusha izindi nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi
Impungenge z’u Rwanda ku masezerano y’amahoro rwagiranye na RDC
"Guhohoterwa n’umugore uri umugabo ntabwo bivuga ko uri ikigwari ahubwo kujya gutanga ikirego ni ubutwari"-RIB
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
Uko umugore wa Ndayishimiye yafungishije Umunyarwanda wacuruzaga ibikomoka kuri peteroli i Bujumbura
Kigali itoshye mu byishimiwe n’Igikomangoma Albert II wa Monaco
Haravugwa kurasana hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza RDC
Hagaragajwe amashusho yerekana ubugome ndengakamere bwa FARDC