Umujyi wa Kigali wibukije abantu bose bafite cyangwa bashinzwe inyubako zihuriramo abantu benshi, zaba iz’abikorera cyangwa iza Leta ko ari ihame kugira ubukarabiro rusange bukora, kandi abazigana bakaba bagomba gukaraba intoki mbere yo kuzinjiramo, kandi igihe cyose.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umugi wa Kigali wasubijeho gahunda yo gukaraba intoki ku nyubako n’ahandi hahurira abantu benshi
21 August 2024, by Emmy -
RD Congo yavuze ko iri gutakariza ikizere ibiganiro bya Luanda
31 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’ububanyi n’Amahanga wa DR Congo, Thérèse Kayikwamba, yatangaje ko kubera imirwano yubuye muri teritwari ya Walikale y’Intara ya Kivu ya Ruguru abona inzira y’ibiganiro bigamije amahoro ya Luanda iri mu kaga.
-
U Rwanda na Azerbaijan baganiriye ku mahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari
11 July 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda n’iya Azerbaijan bakomeje ibiganiro bigamije kwagura ubucuruzi n’ishoramari nk’uko byashimangiwe mu nama yahuje abayobozi b’impande zombi ku cyiciaro cy’Ikigo cya Azerbaijan gishinzwe guteza imbere Ibyoherezwa mu mahanga n’Ishoramari (AZPROMO).
-
Dosiye y’Umunyamakuru Théogène MANIRAKIZA yaregewe urukiko! Ruswa ntikiri mu byaha ashinjwa
20 October 2023, by UbwanditsiByatangiye RIB itangaza kuri X ko yafatiye mu cyuho umunyamakuru Manirakiza Théogène yakira ruswa y’ibihumbi 500 afungiye Kimihurura! Byarangiye Umushinjacyaha aregeye urukiko ifunga ry’agateganyo muri dosiye iki cyaha nta kirimo.
-
Icyo Amerika igamije mu nama yahurijemo abaperezida hafi ya bose ba Afurika
12 December 2022, by Dusingizimana RemyAbakuru b’ibihugu bya Africa barimo kwerekeza i Washington mu nama yiswe US-Africa summit batumiwemo na Perezida Joe Biden.
Iyi nama y’iminsi itatu izatangira kuwa kabiri igamije kwerekana ubushake ubutegetsi bwa Biden bufite bwo gukorana na Africa, nk’uko abayitegura babivuga.
Abakuru b’ibihugu 49 hamwe n’umukuru wa komisiyo y’ubumwe bwa Africa, Moussa Faki Mahamat, baratumiwe.
Abakuru b’ibihugu bya Mali, Guinea, Sudan na Burkina Faso ntibatumiwe kuko byahagaritswe mu bumwe bwa (…) -
Ubwongereza bwiyemeje kwihutisha cyane gahunda yo kuzana abimukira mu Rwanda
5 December 2023Minisitiri w’Ubutegetsi wa UK,James Cleverly, yavuze ko Ubwongereza bugomba noneho "kugira vuba"bugatangira kohereza abimukira mu Rwanda nyuma y’amasezerano mashya yasinywe hagati y’izi mpande zombi uyu munsi,tariki ya 05 Ukuboza.
-
Perezida Kagame yahishuye uko yanze ko we na Rwigema bafungwa na Uganda akava mu kwezi kwa buki igitaraganya
10 July 2024, by EmmyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahishuye ko Leta ya Uganda yashatse kuburizamo urugamba rw’Ingabo za RPA-Inkotanyi rwo kubohora u Rwanda, binyuze mu gutatanya Abanyarwanda bari abasirikare bakuru mu Ngabo z’iki gihugu.
-
Bamporiki wemeye kurya ruswa ya miliyoni 5 yashinjwe kwaka indi ya miliyoni 10 FRW
21 September 2022, by Dusingizimana Remy, Joseph IradukundaKuri uyu wa 21 Nzeri 2022,Urukiko rwaburanishije mu mizi urubanza rwa Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’umuco.
Bitandukanye n’uko ubushize yari yaje atunganiwe, uyu munsi Bamporiki yari yunganiwe na Me Evode Kayitana na Me Habyarimana Jean Baptiste.
Uruhande rwa Bamporiki rwabanje kugaragaza inzitizi ku bubasha bw’urukiko, aho basobanuye ko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rutagombaga kuburanisha uru rubanza, ahubwo rwagombaga kujyanwa mu (…) -
Nyanza:Umwarimu yapfuye azize inzoga zirengeje urugero
11 February 2019, by Martin MunezeroIfoto:Internet
Byiringiro Michel wari umwarimu rwunge rw’amashuri rwa Kavumu Muslim ruherereye mu murenge wa Busasamana ho muri Nyanza, yitabye Imana azira kugubwa nabi n’inzoga nyinshi yanyoye ku wa gatandatu w’icyumweru gishize.
-
Manirareba wareze Msgr Ntihinyurwa yaciwe ibihumbi 950
19 April 2018, by Nsanzimana ErnestManirareba Herman wareze Arikipiskopi wa Kigali, Ntihinyurwa Thaddée, amushinja gutesha agaciro Abanyarwanda bose no guca umuco gakondo wabo wari ushingiye kuri kirazira akawusimbuza uw’abaheburayo ushingiye kuri Kiliziya Gatolika y’i Roma, urukiko rukuru rwatesheje agaciro ikirego cye runamutegeka kwishyura ibihumbi 950.
Umuryango.rw
Umugi wa Kigali wasubijeho gahunda yo gukaraba intoki ku nyubako n’ahandi hahurira abantu benshi
RD Congo yavuze ko iri gutakariza ikizere ibiganiro bya Luanda
U Rwanda na Azerbaijan baganiriye ku mahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari
Dosiye y’Umunyamakuru Théogène MANIRAKIZA yaregewe urukiko! Ruswa ntikiri mu byaha ashinjwa
Icyo Amerika igamije mu nama yahurijemo abaperezida hafi ya bose ba Afurika
Ubwongereza bwiyemeje kwihutisha cyane gahunda yo kuzana abimukira mu Rwanda
Perezida Kagame yahishuye uko yanze ko we na Rwigema bafungwa na Uganda akava mu kwezi kwa buki igitaraganya
Bamporiki wemeye kurya ruswa ya miliyoni 5 yashinjwe kwaka indi ya miliyoni 10 FRW