Mu karere ka Muhanga, raporo zatanzwe n’abayobozi b’ibigo by’amashuri zerekana ko abakobwa 243 babaruwe mu mirenge yose y’aka akarere, batewe inda hagati mu mezi bamaze batiga bakiri iwabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Muhanga:Abakobwa 243 b’abanyeshuri batewe Inda nyuma yo kumara amezi 7 mu rugo kubera Covid-19
6 November 2020, by Martin Munezero -
Ifoto y’Umunsi: Perezida Kagame na Museveni basuhuzanyije mbere y’inama y’I Gatuna [AMAFOTO]
21 February 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame na bagenzi be barimo Perezida João Lourenço, perezida Felix Tshisekedi na perezida Museveni bahuriye I Gatuna kuri uyu wa Gatanu mu biganiro byo kuzahura umubano w’U Rwanda na Uganda umaze imyaka 3 utameze neza.
-
Karongi: Umutingito wumvikanye mu Rwanda wasenye byinshi
24 September 2023, by Dusingizimana RemyUmutingito wabaye kuri iki Cyumweru wangije amazu y’abaturage unasenya ibyumba bibiri by’amashuri mu murenge wa Rugabano n’uwa Gashari mu Karere ka Karongi.
-
U Rwanda rwamaganye raporo ya Human Rights Watch irushinja gufungira abantu ahatazwi
28 September 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda,Yolande Makolo, yatangaje kuri Twitter ko raporo Human Rights Watch [HRW] iherutse gushyira hanze ari "ukugerageza guhungabanya urwego rw’ingenzi rw’ubukungu bwacu hakoreshejwe ibirego byacuzwe"
Madamu Makolo avuga ko uko "gutoba bitazakora kuko ibyo birego atari ukuri".
Ati: "U Rwanda ntiruvangura ku gutsina cyangwa ku mahitamo ashingiye ku gitsinda mu mategeko, muri politiki cyangwa mu ngiro."
Raporo yasohowe na HRW kuri uyu wa mbere yavuze ko (…) -
Rwamagana: Wa mugabo ukekwaho kwica umugore we akamucamo ibice akabijyana mu rufunzo agiye kuburanishwa
9 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Ntezimana Jean Damascene wo mu karere wa Rwamagana, umudugudu wa Nyagatovu Akagari ka Kabasore murenge wa Karenge ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we azaburanishwa ejo tariki 10 Nyakanga 2018 niko akarere ka Rwamagana katangaje.
-
Umuhinde ukekwaho gutera inda ‘umwana’ yatawe muri yombi
8 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 8 Ugushyingo 2017 yataye muri yombi Umuhinde ukora muri hoteli ukekwaho gutera inda umwana utarageza ku myaka y’ ubukure.
Saa yine n’igice muri iki gitondo Police y’u Rwanda iri kumwe n’abakozi b’umuryango urengera uburenganzira bw’ abana CLADHO, binjiye muri iyi Hotel bafite impapuro zo gufata uyu muhinde witwa Anish.
Nk’ uko Umuseke wabitangaje Anish asanzwe akuriye ibijyanye n’igikoni muri iyi Hotel, bamweretse urupapuro rwo (…) -
Perezida Kagame yakiriwe na Putin mbere y’ umuhango utangiza igikombe cy’ Isi
13 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 13 Kamena yakiriwe mu biro bya Perezida w’ Uburusiya ’Klemlin’ na Perezida Vladmir Putin w’Uburusiya mbere y’uko yitabira umuhango wo gutangiza imikino y’igikombe cy’isi.
-
Baltasar Engonga wafatanywe amashusho 400 asambana n’abagore yakatiwe gufungwa imyaka umunani
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBaltasar Ebang Engonga ukomoka muri Guinée équatoriale, yahamijwe ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta no kugira uruhare mu byaha bya ruswa, ahanishwa gufungwa imyaka umunani n’ihazabu ya miliyoni 125, 4 CFA [akabakaba miliyoni 320 Frw].
-
U Burundi bwemeye ko buri gupfusha abasirikare muri RDC
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi, Brig Gen Gaspard Baratuza, yemeye ko hari abasirikare b’igihugu cyabo bapfira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko ngo ntibarwana urugamba rwo guterana indabo.
-
Israel n’umutwe wa Hamas bumvikanye guhagarika imirwano
21 May 2021, by Dusingizimana RemyAgahenge hagati ya Israel n’umutwe wa Hamas wo muri Palestina kagiye mu ngiro.
Katangiye kuva ku masaha y’igicuku cyo kuwa gatanu, ibi bihagaritse imirwano yo kurasanaho ibisasu imaze iminsi 11 isize abantu barenga 240 bapfuye, benshi ni abo muri Gaza.
Abanyapalestina bahise bisuka mu mihanda ya Gaza aka gahenge kagitangira, mu gihe abakuru ba Hamas baburiye ko intoki zabo "zikiri ku mbarutso".
Israel na Hamas byombi biravuga ko ari byo byatsinze imirwano.
Perezida Joe Biden wa (…)
Umuryango.rw
Karongi: Umutingito wumvikanye mu Rwanda wasenye byinshi
U Rwanda rwamaganye raporo ya Human Rights Watch irushinja gufungira abantu ahatazwi
Baltasar Engonga wafatanywe amashusho 400 asambana n’abagore yakatiwe gufungwa imyaka umunani
U Burundi bwemeye ko buri gupfusha abasirikare muri RDC