Umucamanza w’urwego rwasigaye rurangiza imanza z’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha yategetse ko abanyarwanda umunani baheruka kwirukanwa na Niger basubizwa ku kicaro cy’uru rwego i Arusha muri Tanzania.
Mu nyandiko y’icyemezo cye, umucamanza Joseph E. Chiondo Masanche yise iki kibazo ’akaga’, yongeraho ko Niger yishe amasezerano yagiranye na ONU ubwo yemeraga kwakira abo bantu.
Abo ni; Francois-Xavier Nzuwonemeye, Prosper Mugiraneza, Anatole Nsengiyumva, Protais Zigiranyirazo, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abanyarwanda 8 birukanwe na Niger bagiye gusubizwa i Arusha
8 February 2022, by Dusingizimana Remy -
Amb Bakuramutsa yashyikirije Perezida Keller-Sutter impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Busuwisi
24 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi Urujeni Bakuramutsa uhagarariye u Rwanda muri Loni no mu yindi miryango mpuzamahanga iherereye i Genève mu Busuwisi, yashyikirije Perezida Karin Keller-Sutter impapuro zo guhararira u Rwanda muri iki gihugu cyo mu Burayi bwo hagati.
-
AFC/M23 yafashe Umujyi wa Nzibira nyuma y’imirwano ikomeye
22 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbarwanyi b’ihuriro AFC/M23 bafashe Umujyi wa Nzibira uherereye muri Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyapfo, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije na FARDC n’imitwe bafatanyije.
-
Yarashwe kenshi ararusimbuka, arwana n’ibyihebe ntiyapfa- Gen (Rtd) Ibingira ku bigwi bya Lt Gen Kabandana
10 September 2025, by ISIMBI EstellaAbo mu muryango wa Lt Gen Kabandana Innocent n’abo babanye mu gisirikare kuva ku rugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi, bagaragaje ko yari intwari ku rugamba, atabara ubuzima bwa benshi ndetse nyuma akomeza kwigisha urukundo mu Banyarwanda.
-
Umutekano n’ituze ku isonga mu byo Abanyarwanda bishimira mu miyoborere
31 October 2025, by Brenda MIZEROUbushakashatsi ngarukamwaka ku miyoborere bwakozwe n’Urwego rw’Imiyoborere, RGB, buzwi nka Rwanda Governance Scorecard (RGS) bwagaragaje ko inkingi y’umutekano n’ituze ry’abaturage biri mu byishimirwa cyane kuko bifite amanota 90,02%.
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa idasanzwe ya Museveni yari imuzaniye ubutumwa burebana n’umubano w’ibihugu byombi
30 December 2019, by Dusingizimana RemyKu mugoroba wo kuri iki Cyumweru,taliki ya 29 Ukuboza 2019, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Amb. Adonia Ayebare,intumwa idasanzwe ya Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yari imuzaniye ubutumwa burebana n’umubano w’ibihugu byombi.
-
J.Kagame arashyikirizwa igihembo cy’umuyobozi w’indashyikirwa
17 November 2017, by Iyamuremye JanvierMadame wa Perezida wa Republika Jeannette KAGAME ari ku rutonde rw’abatoranyijwe ngo bahabwe ibihembo byiswe ’The Voice Achievers Awards’, bitangirwa i Amsterdam mu Buholandi.
Jeannette Kagame yagenewe igihembo cy’umudamu w’umuyobozi muri Afrika wabaye indashyikirwa muri uyu mwaka, akanagaragaza ubutwari, mu cyongereza ni ’African Woman Personality Of The Year’ and African Heroine Award. Ni igihembo yahawe n’ikinyamakuru the voice cy’Abanyafurika gikorera mu Buholandi ariko cyandika ku (…) -
MINEMA yerekanye ahantu 522 hashobora kwibasirwa n’ibiza
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi MINEMA yatangaje ko hari ahantu hangana na 522 yabaruye byagaragaye ko hashobora kwibasirwa n’ibiza muri iki gihe cy’Itumba.
-
"Tugeze aho tutakwemera ko ibyo twagezeho biba imfabusa"-Perezida Kagame
21 December 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Ukuboza 2020,Perezida Kagame yagejeje ku Banyarwanda uko igihugu gihagaze muri izi mpera z’Umwaka wa 2020 waranzwemo n’icyorezo cya Covid-19 cyashegeshe u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu byo ku isi.
-
Umusirikare wa RDF yakatiwe igifungo cy’imyaka 15
7 January 2023, by Dusingizimana RemyUrukiko rwa Gisirikare rwakatiye Cpl Turikumwe igifungo cy’imyaka 15 no kwamburwa impeta za gisirikare nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gukomeretsa umuntu ku bushake bikamuviramo urupfu no gutoroka igisirikare.
Ni isomwa ry’urubanza ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 6 Mutarama 2023, mu cyumba cy’inama cy’akagari ka Gaseke, Umurenge Mutete mu Karere ka Gicumbi.
Cpl Turikumwe yaregwaga ibyaha bibiri harimo gutoroka igisirikare no kwica umugore witwa Uwiragiye Clementine ku (…)
Umuryango.rw
Abanyarwanda 8 birukanwe na Niger bagiye gusubizwa i Arusha
Amb Bakuramutsa yashyikirije Perezida Keller-Sutter impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Busuwisi
AFC/M23 yafashe Umujyi wa Nzibira nyuma y’imirwano ikomeye
Yarashwe kenshi ararusimbuka, arwana n’ibyihebe ntiyapfa- Gen (Rtd) Ibingira ku bigwi bya Lt Gen Kabandana
Umutekano n’ituze ku isonga mu byo Abanyarwanda bishimira mu miyoborere
MINEMA yerekanye ahantu 522 hashobora kwibasirwa n’ibiza
Umusirikare wa RDF yakatiwe igifungo cy’imyaka 15