Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo, Urukiko Rukuru rwasomye umwanzuro warwo ku bujurire bwa Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Kuwa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, mu iburanisha rishize uruhande rw’abaregwa n’Ubushinjacyaha bumviswe n’Urukiko, Ubushinjacyaha butanga impamvu z’uko ubujurire bwabo ku mwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugege nta shingiro bufite, bugaragaza ko aba baregwa ibyaha bikomeye.
Diane Rwigara washakaga kuba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Diane Rwigara na nyina rutegeka ko bakomeza gufungwa
21 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
1 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngonga, yavuze ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi, mu gihe FDLR igifite ukwishyira ikizana mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko hari ikosa rimwe u Rwanda rwakoze rutazongera gusubira ukundi.
-
Abayisilamu bo mu Rwanda bakoze isengesho ryo gusoza igisibo bubahirije amabwiriza yo kwirinda Covid-19 [AMAFOTO]
13 May 2021, by Dusingizimana RemyHirya no hino mu Gihugu, Abayislamu baramukiye mu isengesho ryo kwizihiza Umunsi mukuru wa Eid al-Fitr, umunsi usoza Igisibo Gitagatifu cya Ramadhan. Ni isengesho ryabaye hubahirizwa ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19.
Nubwo umwaka ushize batabashije gukora iri sengesho bari kumwe kubera ko icyorezo cya Covid-19 cyari kimeze nabi mu Rwanda,kuri uyu wa Kane babashije guhurira kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo n’ahandi hose mu gihugu bakora iri sengesho ryo gusoza igisibo.
Mufti (…) -
Bite by’umushinga wo kubaka gare ya Nyabugogo?
12 January, by Brenda MIZEROUmujyi wa Kigali wagaragaje ko hamaze gukorwa inyigo y’ahazubakwa gare ya Nyabugogo, ariko usaba Komisiyo Ishinzwe Ingengo y’imari n’umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko, kuwukorera ubuvugizi ku bijyanye n’uwo mushinga ukihutishwa kuko hari amasezerano agomba gushyirwaho umukono hagati ya Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi na Banki y’Isi.
-
U Rwanda rushora imari mu kongera isuku y’ikirere – Minisitiri w’Ibidukikije
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ibidukikije Dr. Bernadette Arakwiye, yavuze ko kugira ngo habeho guhangana n’ibihumanya ikirere byaturutse ku ishoramari u Rwanda rwashoye mu kurengera ibidukikije no kongera isuku y’ikirere.
-
Uwera Jean Maurice yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije
28 January, by Brenda MIZEROInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 28 Mutarama 2026, yagize Jean Maurice Uwera, Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije.
-
Prof Agnes Binagwaho yashimiwe uruhare rwe mu guteza imbere ubuvuzi mu Rwanda
19 November 2025, by Brenda MIZEROKaminuza y’Ubuvuzi ya RCSI, yahaye Prof Agnes Binagwaho wabaye Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda igihembo kizwi nka ‘The Cameron Award’ kubera uruhare rukomeye yagize mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi mu gihugu.
-
"Guhohoterwa n’umugore uri umugabo ntabwo bivuga ko uri ikigwari ahubwo kujya gutanga ikirego ni ubutwari"-RIB
3 September 2021, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ruvuga ko nta bagabo bahezwa cyangwa se ngo bakirwe nabi iyo baje gutanga ikirego ku mugore wabahohoteye mu buryo ubwo aribwo bwose.
-
Havumbuwe inyandiko igaragaza umugambi wo “gutoroka” wa Rusesabagina
27 February 2021, by Dusingizimana RemyTeleviziyo y’Abanya-Qatar, Al Jazeera, kuri uyu wa Gatanu yatambukije inkuru ndende y’iminota 24 ivuga kuri Rusesabagina Paul uri imbere y’ubutabera muri iki gihe akurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba.
-
Inyeshyamba zarasiwe I Rubavu zashyinguwe
11 December 2018, by Nsanzimana ErnestInyeshyamba bikekwa ko ari iza FDLR zagabye igitero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Rubavu zikaraswa n’ ingabo z’ u Rwanda zashyinguwe hafi yaho zarasiwe.
Umuryango.rw
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
Bite by’umushinga wo kubaka gare ya Nyabugogo?
U Rwanda rushora imari mu kongera isuku y’ikirere – Minisitiri w’Ibidukikije
Uwera Jean Maurice yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije
Prof Agnes Binagwaho yashimiwe uruhare rwe mu guteza imbere ubuvuzi mu Rwanda
"Guhohoterwa n’umugore uri umugabo ntabwo bivuga ko uri ikigwari ahubwo kujya gutanga ikirego ni ubutwari"-RIB