Urwego rw’Igihugu Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje rwataye muri yombi uwari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC Group), Prof Munyaneza Omar hamwe n’abandi bayobozi babiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Prof Omar Munyaneza wayoboye WASAC yatawe muri yombi
8 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
’Intsinzi yacu ku Burusiya izahindura isi"-Perezida wa Ukraine abwira Abongereza
8 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yabwiye inteko ishinga amategeko y’Ubwongereza kuri uyu wa Gatatu ko ukuri baharanira kuzatsinda ndetse ko intsinzi bazabona ku Burusiya izahindura isi.
Perezida Zelensky,yasuye igihugu cy’Ubwongereza kuri uyu wa Gatatu tariki ya 08 Gashyantare aho yahuye na Minisitiri w’Intebe,Rishi Sunak ndetse biteganyijwe ko arabonana n’umwami Charles III I Buckingham Palace.
Uru n’urugendo rwa kabiri akoreye mu mahanga nyuma y’aho Uburusiya butereye igihugu cye (…) -
Perezida Kagame yaganiriye n’Umushoramari Ahmed El Sewedy uyobora Elsewedy Electric
24 September 2025, by JABO Blaise PatiencePerezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yahuye na Perezida akaba n’Umuyobozi Mukuru wa Elsewedy Electric, ikigo gikomeye cyo mu Misiri gikora mu nzego zitandukanye zirimo ingufu, ibikorwa remezo n’inganda, Ahmed El Sewedy, bagirana ibiganiro byibanze ku mahirwe y’ishoramari ari mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yageze i Doha
3 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar, aho azitabira Inama Mpuzamahanga yiga ku iterambere (World Summit for Social Development).
-
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare barimo Fred Ibingira na Joseph Nzabamwita
12 January 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yazamuye mu Ntera abasirikare bakuru b’u Rwanda hamwe n’abasirikare bato. Mu bazamuwe harimo Fred Ibingira wagizwe General na Joseph NZABAMWITA wabaye umuvugizi wahoze ari umuvugizi w’ igisirikare cy’ u Rwanda ubu akaba ari umuyobozi w’ urwego rw’Igihugu rushinzwe iperereza n’umutekano (NISS) ari muri 12 bahawe ipeti rya Major General.
Ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko, Perezida Kagame akaba n’umugaba w’ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (…) -
Perezida Biden yaganiriye bwa mbere na Xi Jinping w’Ubushinwa bamaze iminsi barebana ay’ingwe
11 February 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Joe Biden yamubwiye ku burenganzira bwa muntu muri Xinjiang mu kiganiro cya mbere kuri telephone yagiranye na mugenzi we w’Ubushinwa Xi Jinping, nk’uko ibiro bya White House bibivuga.
-
Ibyakorewe Bamporiki na Isaac kuki bitakorewe Castar, Prince Kid na Ndimbati ngo tugabanye ubucucike?
31 May 2022, by Joseph IradukundaTurataka ikibazo cy’ubucucike muri za Gereza nyamara tukanafunga cyane!
-
Harris Kamala ugishaka kuba Perezida wa Amerika ashobora kwiyamamaza muri 2028
10 April, by EmmyKamala Harris wabaye Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva muri Mutarama 2021 kugeza muri Mutarama 2025, ku ngoma ya Joe Biden, yatangaje ko ashobora kuzongera guhatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu 2028.
-
Umuhango wo #KwitaIzina uyu mwaka uzaba hakoreshejwe ikoranabuhanga
4 September 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ’RDB’ cyatangaje ko kubera icyorezo cya COVID-19 gikomeje kuyogoza isi yose, umuhango ngarukamwaka wo Kwita Izina abana b’ingagi uyu mwaka, uzaba hifashishijwe ikoranabuhanga.
-
Abifuza kuba abarimu bamenyeshejwe igihe bazakorera ibizamini
10 July 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu cyita ku burezi (REB) gitangaza ko ku ya 14 Nyakanga 2020, abifuza kwinjira mu mwuga wo kwigisha babisabye bazakora ibizamini by’akazi.
Umuryango.rw
Prof Omar Munyaneza wayoboye WASAC yatawe muri yombi
’Intsinzi yacu ku Burusiya izahindura isi"-Perezida wa Ukraine abwira Abongereza
Perezida Kagame yaganiriye n’Umushoramari Ahmed El Sewedy uyobora Elsewedy Electric
Perezida Kagame yageze i Doha
Ibyakorewe Bamporiki na Isaac kuki bitakorewe Castar, Prince Kid na Ndimbati ngo tugabanye ubucucike?
Harris Kamala ugishaka kuba Perezida wa Amerika ashobora kwiyamamaza muri 2028
Umuhango wo #KwitaIzina uyu mwaka uzaba hakoreshejwe ikoranabuhanga
Abifuza kuba abarimu bamenyeshejwe igihe bazakorera ibizamini