Guverinoma yagabanyije imisoro hashingiwe ku cyerekezo cyatanzwe na Perezida Kagame muri Mutarama uyu mwaka.
Urugero, umusoro w’ubutaka washyizwe hagati ya 0-80 Frw uvuye hagati ya 0-300Frw.
Ku wa Mbere,tariki ya 9 Mutarama 2023,Perezida Kagame ubwo yakiraga indahiro ya Perezida wa Sena Dr Kalinda Francois Xavier,yasabye inzego zibishinzwe kugabanya imisoro kuri rubanda,kuko kwaka myinshi ataribyo bituma iboneka.
Icyo gihe yagize ati "Imisoro ifite uko idindiza ishoramari mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Guverinoma yagabanyije cyane imisoro itandukanye irimo iy’ubutaka n’ipatanti
21 April 2023, by Dusingizimana Remy -
Edgar Lungu wayoboye Zambia yitabye Imana
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuEdgar Chagwa Lungu wayoboye Zambia kuva muri Mutarama 2015 kugeza muri Kanama 2021 yitabye Imana kuri uyu wa 5 Kamena 2025 ubwo yari mu bitaro muri Afurika y’Epfo
-
MIGEPROF yaciye undi muvuno mu kwigisha uburinganire nyuma yo kubona ko bwumviswe nabi
31 December 2025, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), yatangaje ko mu Rwanda hatangiye guhunda yo kuvugurura uburyo bwo kwigisha ihame ry’uburinganire bw’abagabo n’abagore kuko byagaragaye ko iyo gahunda yumviswe nabi hamwe na hamwe bikaba byaba intandaro y’amakimbirane hagati y’abashakanye.
-
Perezida Ndayishimiye yashinje u Rwanda gukorana na Red Tabara, yemeza ko nawe afasha FARDC
29 December 2023, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igihugu cy’u Burundi,Ndayishimiye Evariste yemeje ko Leta y’uburundi imaze imyaka ibiri ikora ibiganiro n’u Rwanda kugira ngo rubahe abo mu mutwe w’iterabwoba wa Red Tabara ariko ngo byananiranye.
-
Dr Ngirente yitabiriye ibirori byo guha impamyabumenyi ibihumbi 7 birangije muri UR[AMAFOTO]
2 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda n’ abandi ba Minisitiri bitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri ibihumbi 7050 basoje amasomo mu byiciro bitandukanye avuga ko nawe ashyigikiye icyemezo cyafashwe cyo guhuriza hamwe kaminuza za Leta y’ u Rwanda zikaba UR.
-
Biravugwa ko Kakwenza Rukirabashaija umwe mu barwanya P. Museveni yahungiye mu Rwanda
9 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTUmwanditsi w’ibitabo wo mu gihugu cya Uganda witwa Kakwenza Rukirabashaija usanzwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweli Kaguta Museveni ndetse n’umuhungu we Gen. Muhoozi Kainerugaba yahunze nyuma yo gukorerwa iyicarubozo n’inzego z’Umutekano z’iki gihugu.
-
Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza
25 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho.
-
Abanyarwanda bagaragarije ibyishimo Dr Frank Habineza watangiye kwiyamamariza kuba Perezida [AMAFOTO]
22 June 2024, by Dusingizimana RemyAbaturage bo hirya no hino mu mujyi wa Kigali bagaragarije ibyishimo umukandida uhagarariye ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ku mwanya w’umukuru w’igihugu,Dr Frank Habineza.
-
Abadepite Batumije Minisitiri w’Ibidukikije mu nteko
5 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROInteko rusange y’Umutwe w’Abadepite, yafashe icyemezo cyo gutumiza Minisitiri w’Ibidukikije kugira ngo atange ibisobanuro ku bibazo bigaragara muri serivisi z’ubutaka harimo ubutaka bushyirwa mu nyungu rusange ntibwandikwe kuri leta, ibyemezo by’ubutaka bisohoka ntibihabwe ba nyirabyo n’itinda ry’imitangire ya serivisi z’ubutaka muri rusange.
Mu bibazo byinshi bikubiye muri iyi raporo ku micungire y’ubutaka mu Rwanda, iyi raporo yerekana ko hari imanza 421 z’ubutaka leta yimuyeho abaturage (…) -
MINISANTE:Umuntu umwe gusa ni we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg
22 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, tariki 21 Ukwakira 2024, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko umuntu umwe gusa (1) ari we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg.
Umuryango.rw
Guverinoma yagabanyije cyane imisoro itandukanye irimo iy’ubutaka n’ipatanti
Edgar Lungu wayoboye Zambia yitabye Imana
MIGEPROF yaciye undi muvuno mu kwigisha uburinganire nyuma yo kubona ko bwumviswe nabi
Perezida Ndayishimiye yashinje u Rwanda gukorana na Red Tabara, yemeza ko nawe afasha FARDC
Biravugwa ko Kakwenza Rukirabashaija umwe mu barwanya P. Museveni yahungiye mu Rwanda
Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza
Abanyarwanda bagaragarije ibyishimo Dr Frank Habineza watangiye kwiyamamariza kuba Perezida [AMAFOTO]
Abadepite Batumije Minisitiri w’Ibidukikije mu nteko
MINISANTE:Umuntu umwe gusa ni we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg