MINEDUC yatangaje ko ku wa Mbere tariki 15 Ugushyingo izatangaza amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye, uwa 3 w’amashuri nderabarezi n’uwa 5 (L5) w’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro.
Kuwa 20 Nyakanga uyu mwaka,nibwo abanyeshuri bo mu mashami atandukanye bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye.
Bose muri rusange bari 52.145 barimo abahungu 22.894 n’abakobwa 26.892. 50,888 biga mu mashuri yisumbuye n’amashuri nderabarezi, ndetse (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
MINEDUC yavuze igihe izatangariza amanota y’abanyeshuri baheruka kurangiza amashuri yisumbuye
12 November 2021, by Dusingizimana Remy -
Madamu Jeannette Kagame yakiriwe neza cyane mu Burundi [AMAFOTO]
9 October 2023, by Dusingizimana RemyMadamu Jeannette Kagame, umugore wa Perezida w’u Rwanda, yageze i Bujumbura kuri uyu wa mbere atumiwe na mugenzi we Angeline Ndayishimiye kwitabira inama ya kane y’Abagore b’abayobozi.
-
Baltasar Engonga wafatanywe amashusho 400 asambana n’abagore yakatiwe gufungwa imyaka umunani
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBaltasar Ebang Engonga ukomoka muri Guinée équatoriale, yahamijwe ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta no kugira uruhare mu byaha bya ruswa, ahanishwa gufungwa imyaka umunani n’ihazabu ya miliyoni 125, 4 CFA [akabakaba miliyoni 320 Frw].
-
TAS2019: Perezida Kagame yasabye Afurika kubyaza umusaruro umurongo mugari wa interineti
15 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yavuze ko Abatuye Afurika bakwiriye kubyaza amahirwe umurongo mugari wa Interineti mu kwiteza imbere aho kuwukoresha mu kwakira ibitekerezo by’abandi gusa.
-
Shampiyona y’Isi y’Umukino w’Amagare ikomeje ku munsi wayo wa Kabiri (Live)
22 September 2025, by ISIMBI EstellaMuhawe ikaze muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare ku munsi wayo wa kabiri. Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nzeri 2025, abakinnyi mu cyiciro cy’abagore bari munsi y’imyaka 23 (Under 23 ITT) barakina basiganwa n’ibihe, ibizwi nka Women Elite Individual Time Trial-ITT).
-
Mbere yo gutangira ibiruhuko bito NESA itangaje ko yafunze ibigo by’amashuri 60
21 December 2024, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’amashuri n’Ibizamini (NESA) cyatangaje ko cyafunze ibigo by’amashuri 60 byakoraga bitujuje ibisabwa.
-
Inama perezida Tshisekedi yari yatumiyemo bagenzi be bo muri aka karere yasubitswe
13 September 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yabwiye Radio RFI ko inama y’Abakuru b’Ibihugu byo muri aka karere n’abandi bake yari yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi yasubitswe.
-
Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA
2 March, by ISIMBI EstellaNgarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa gahunda zo kubaka isoko ritajegajega kandi riha bose amahirwe y’ishoramari rirambye kandi rikagira uruhare mu kuzamura ubukungu bw’igihugu.
-
U Rwanda rwanze kwivanga mu matora yo kugena ahazaza h’intambara ya Isiraheli na Gaza
28 October 2023, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryakeye, Umuryango w’abibumbye,ONU,waraye utoye ingingo (résolution) isaba ko habaho guhagarika intambara mu karere ka Gaza ( Trêve humanitaire).
-
Perezida Kagame yasabye aba Ofisiye bashya kwimika ikinyabupfura mu byo bakora byose
4 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yahaye ipeti abofisiye bato rya S/Lieutenant binjizwa mu ngabo z’u Rwanda,RDF.
Mu muhango wabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Gako,kuri uyu wa Gatanu,Perezida Kagame yibukije aba basirikare bashya ko bagomba kurangwa n’ikinyabupfura kandi bagaharanira gukora neza inshingano barahiriye.
Perezida Kagame yavuze ko "adashidikanya ko aba ba ofisiye biteguye bihagije kandi bafite ibisabwa byose kugira ngo buzuze (…)
Umuryango.rw
MINEDUC yavuze igihe izatangariza amanota y’abanyeshuri baheruka kurangiza amashuri yisumbuye
Madamu Jeannette Kagame yakiriwe neza cyane mu Burundi [AMAFOTO]
Baltasar Engonga wafatanywe amashusho 400 asambana n’abagore yakatiwe gufungwa imyaka umunani
Shampiyona y’Isi y’Umukino w’Amagare ikomeje ku munsi wayo wa Kabiri (Live)
Mbere yo gutangira ibiruhuko bito NESA itangaje ko yafunze ibigo by’amashuri 60
Inama perezida Tshisekedi yari yatumiyemo bagenzi be bo muri aka karere yasubitswe
Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA
U Rwanda rwanze kwivanga mu matora yo kugena ahazaza h’intambara ya Isiraheli na Gaza
Perezida Kagame yasabye aba Ofisiye bashya kwimika ikinyabupfura mu byo bakora byose