U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika n’uwa 37 ku Isi yose muri raporo ngarukamwaka igaragaza ishusho y’uko ibihugu bigendera ku mategeko ( Rule of Law Index2020). Igihugu cya Denmark ni cyo kiyoboye ibindi ku rwego rw’Isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika mu bihugu bigendera ku mategeko
12 March 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yaraye ageze I Kingston mu murwa mukuru wa Jamaica[AMAFOTO]
14 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika, Paul Kame yamaze kugera I Kingston mu murwa mukuru wa Jamaica aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi Itatu .
-
Kinshasa: Abasirikare barinda Perezida barasanye n’abapolisi
20 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasirikare bo mu mutwe w’ingabo zishinzwe kurinda Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abandi bayobozi bakuru (GR), barasanye n’abapolisi mu Mujyi wa Kinshasa.
-
RDF yanyomoje amakuru y’igihuha ingabo za RDC zatangaje
28 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROIngabo z’u Rwanda zavuguruje amakuru yatangajwe n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zizishinja kugaba igitero mu Ntara Kivu y’Amajyaruguru.
Mu itangazo, umuvugizi wa FARDC Jenerali Majoro Sylvain Ekenge yavuze ko abasirikare ba RDF binjiye ku butaka bw’icyo gihugu saa tatu za mu gitondo (9h) cyo kuya 27, birukana abaturage baho bari batekanye ku butaka bwabo.
Gen Ekenge yavuze ko abo basirikare b’u Rwanda, atavuze umubare, bari abo kongerera imbaraga umutwe (…) -
Bernard Makuza yahawe inshingano nshya
17 January 2020, by Martin MunezeroBernard Makuza wahoze ari Perezida wa Sena, yagizwe Umuyobozi w’indorerezi z’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, AU, mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko muri Comores ateganyijwe ku wa 19 Mutarama 2020.
-
Perezida Kagame yakiriye Gen Oligui Nguema uyoboye Gabon mu nzibacyuho
16 October 2023, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere,tariki 16 Ukwakira 2023, Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Perezida w’inzibacyuho wa Gabon, Gen Brice Clotaire Oligui Nguema n’intumwa ze.
-
Dore ibyo Abashinwa babonye ku kwezi
31 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIAbashakashatsi bo mu Bushinwa batangaje ko babonye ibimenyetso by’uko ku Kwezi hari amazi, bashingiye ku busesenguzi bw’utumanyu rw’urutare twakuweyo n’icyogajuru cyavuyeyo mu 2020.
-
Dr Frank Habineza yavuze icyahagarika udutero shuma twica abantu Nyaruguru na Rusizi
24 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza wari waniyamamarije kuba Perezida w’ u Rwanda mu matora yabaye umwaka ushize ntabigereho yagaragaraje ibintu birenga bitatu Leta y’ u Rwanda yakora mu rwego rwo kwirinda udutero duto tumaze iminsi twica abantu mu ntara y’ amagepfo mu Rwanda, harimo n’ uburyo bwafasha abashinzwe umutekano kumenya niba imbunda yarashe ari iy’ u Rwanda.
-
Perezida Kagame na Madamu we batangije #Kwibuka30 bacana urumuri rw’icyizere
7 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame afatanyije na Madamu Jeannette Kagame bacanye urumuri rw’icyizere rukomeza kwaka kugeza iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi irangiye.
-
Kwiyuhagira buri munsi, guca inzara no koza amenyo kabiri ku munsi: Amabwiriza mashya y’isuku ku Banyarwanda
2 December 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ubuzima yashyize hanze amabwiriza yerekeye isuku n’isukura, akubiyemo ingingo zitandukanye z’ibyo abaturarwanda bakwiriye kubahiriza birimo kwiyuhagira umubiri wose nibura rimwe ku munsi, gusukura inzara no koza amenyo kabiri ku munsi.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yaraye ageze I Kingston mu murwa mukuru wa Jamaica[AMAFOTO]
Kinshasa: Abasirikare barinda Perezida barasanye n’abapolisi
RDF yanyomoje amakuru y’igihuha ingabo za RDC zatangaje
Perezida Kagame yakiriye Gen Oligui Nguema uyoboye Gabon mu nzibacyuho
Dore ibyo Abashinwa babonye ku kwezi
Perezida Kagame na Madamu we batangije #Kwibuka30 bacana urumuri rw’icyizere
Kwiyuhagira buri munsi, guca inzara no koza amenyo kabiri ku munsi: Amabwiriza mashya y’isuku ku Banyarwanda