Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa yanyagiye Inter Milan yo mu Butaliyani ibitego 5-0, yegukana Igikombe cya UEFA Champions League bwa mbere mu mateka yayo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Paris Saint-Germain yegukanye UEFA Champions League inyagiye Inter Milan
1 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Rwanda rwahakanye ku by’ubutumire bwa Uganda ku biganiro na yo bivugwa ko rwahawe
21 October 2019, by Martin MunezeroUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda, Amb. Nduhungirehe Olivier, yavuze ko bitangaje kubona mu itangazamakuru ryo muri Uganda itariki y’ubutumire ku biganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi, kandi inzego z’u Rwanda zitarabimenyeshwa.
-
Feinstein wagize uruhare mu kubaka Zaria Court yagarutse kuri Perezida Kagame n’uko abona iterambere ry’u Rwanda
20 August 2025, by ISIMBI EstellaNtibikiri ikibazo cy’uko i Kigali nta gikorwaremezo gikomatanya ibikorwa bya siporo, umuco n’imyidagaduro no kwakira abantu gihari, kuko hari Zaria Court Kigali yuzuye itwaye miliyoni 25$ [asaga miliyari 36 Frw], ikaba imaze igihe gito itashywe.
-
Niki intwaro nshya zerekanwa muri parade nini zivuga imbaraga za gisirikare z’Ubushinwa
8 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinwa bwashyize ahagaragara ibirwanisho bishasha, drones hamwe n’ibindi bikoresho bya gisirikare muri parade nini abantu benshi babona ko ari ubutumwa bwumvikana kuri Amerika ndetse n’abafatanyabikorwa bayo.
-
Alain Mukuralinda wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma yitabye Imana kuri uyu wa Gatanu
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAlain Mukuralinda wamenyekanye nka Alain Muku wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Mata 2025.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku mutekano wa RDC yahuriyemo na Tshisekedi
17 February 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame na bagenzi be barimo Félix Antoine Tshisekedi, William Ruto, João Lourenço na Cyril Ramaphosa bahuriye muri Ethiopia mu nama yiga ku kibazo cy’umutekano muke kimaze igihe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Coronavirus: U Rwanda rwahagaritse kwitabira no kwakira amarushanwa mpuzamahanga mu mikino yose
14 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri ya siporo n’umuco yamaze gusubika amarushanwa yose amakipe y’u Rwanda yagombaga gukinira hanze kubera icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukwirakwira ku isi yose.
-
Minisitiri Busingye yibukije Uganda ko gukwirakwiza ibihuha mu binyamakuru bishobora gukoma mu nkokora amasezerano y’I Luanda
30 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubutabera mu Rwanda, Johnston Busingye,yatangaje ko gukwirakwiza ibihuha mu binyamakuru bishobora gukoma mu nkokora amasezerano y’I Luanda nyuma y’aho ikinyamakuru New Vision kibogamiye kuri Leta ya Uganda cyatangaje ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda,yabonanye na Kizza Besigye nama i New York.
-
Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije Ilayidi, basabwa gukomeza ibikorwa byiza
20 March, by Angeline MUKANGENZIAbayisilamu bo mu Rwanda kimwe n’abo ku Isi yose basoje igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan, aho bari bamaze iminsi biyiriza ubusa banasenga, basabwa gukomeza gukora ibikorwa byiza no kwirinda ibyaha.
-
Ibitazibagirana kuri nyakwigendera Pierre Nkurunziza
10 June 2020, by Martin MunezeroPerezida Pierre Nkurunziza yakundwaga kandi agatinywa – yakundwaga n’abashima ibyo yemeye kugeza ku gihugu ubwo yatorwaga nyuma y’intambara, akanatinywa n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.
Umuryango.rw
Paris Saint-Germain yegukanye UEFA Champions League inyagiye Inter Milan
Feinstein wagize uruhare mu kubaka Zaria Court yagarutse kuri Perezida Kagame n’uko abona iterambere ry’u Rwanda
Niki intwaro nshya zerekanwa muri parade nini zivuga imbaraga za gisirikare z’Ubushinwa
Alain Mukuralinda wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma yitabye Imana kuri uyu wa Gatanu
Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku mutekano wa RDC yahuriyemo na Tshisekedi
Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije Ilayidi, basabwa gukomeza ibikorwa byiza