Mu magambo yuzuye umutima umunetse Hon.Bamporiki Edouard wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, yasabye imbabazi Perezida Paul Kagame,yemera ko yakiriye ’indonke’.
Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Twitter yagize ati "Nyakubahwa Umukuru w’u Rwanda,Paul Kagame, Narahemutse. Umutima wanze kumpa amahwemo. Bavandimwe, Nshuti zanjye, namwe abankurikira kuri uru rubuga, Nakoze icyaha cyo kwakira indonke. Nkaba ntafite irindi jambo navuga usibye Kubasaba mwese imbabazi. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hon.Bamporiki yemeye ko "yakiriye indonke"asaba imbabazi Perezida Kagame
6 May 2022, by Dusingizimana Remy -
Anita Pendo yagize icyo abwira ba bakobwa biyamamaje mu ntara 3 zitandukanye muri Miss Rwanda baswata[AMAFOTO]
26 December 2018, by Martin MunezeroNi mu gihe hari kuba igikorwa cyo gutora Nyampinga w’u Rwanda 2019 aho ubu Intara zose zimaze kuzengurukwa hagaragara abakobwa bazihagarariye , ariko Abakobwa batatu bitabiriye ijonjora ryo muri Miss Rwanda 2019 bananiwe gukomeza mu kindi cyiciro nyuma yo kugenda bahatana mu zindi Ntara ntibibahire.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Perezida wa Togo ku kibazo cya RDC
30 January, by Angeline MUKANGENZIKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagiranye ikiganiro cyihariye (tête-à-tête) na Faure Gnassingbé, Perezida wa Togo akaba n’Umuhuza washyizweho n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) mu bikorwa byo gushakira amahoro uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
Perezida Kagame yakiriye Lt Gen Muhoozi wongeye gusura u Rwandda
14 March 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, wageze mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kurushaho kunoza umubano hagati y’ibihugu byombi.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibinyujije kuri Twitter byanditse ko ’Perezida Kagame ubu arimo guhura na Gen. Muhoozi Kainerugaba, usanzwe ari n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka n’Umujyanama wihariye wa Perezida Museveni mu bijyanye n’umutekano, aho barimo kuganira ku mubano w’u Rwanda (…) -
Gen Muhoozi yihanangirije RNC ya Kayumba n’ibikorwa byayo by’ubushotoranyi ku Rwanda
21 February 2022, by SHEMA EMMANUELLt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’imfura ya Perezida Museveni yahaye Kayumba Nyamwasa na RNC ye gasopo ku Migambi mibisha bategura ku Rwanda kandi ko Uganda itazabihanganira.
-
U Rwanda na Zimbabwebasinye amasezerano yo guhana abarimu[Yavuguruwe]
23 December 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 23 Ukuboza 2021, habaye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano hagati y’u Rwanda na Zimbabwe yo guhana abarimu.
Mu isinywa ry’aya masezerano Zimbabwe yari ihagarariwe na Minisitiri w’Abakozi ba Leta, Umurimo n’Imibereho Myiza, Prof Paul Mavima, mu gihe u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine.
Uyu muhango kandi witabiriye na Ambasaderi w’u Rwanda muri Zimbabwe, Musoni James ndetse na Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda, Prof. (…) -
Meteo-Rwanda yatangaje uduce tugiye kwibasirwa n’imvura nyinshi muri uku kwezi
2 October 2023, by Rebecca UFITAMAHOROIteganyagihe ry’iminsi 10 itangira ukwezi k’Ukwakira 2023 (kuva tariki ya 1 kugeza tariki ya 10), rigaragaza ko imvura itazajya igwira rimwe hose mu Gihugu, ahubwo hari ibice bizajya biyibona ahandi itarimo kuhagwa.
-
MINEDUC yavuze igihe izatangariza amanota y’abanyeshuri baheruka kurangiza amashuri yisumbuye
12 November 2021, by Dusingizimana RemyMINEDUC yatangaje ko ku wa Mbere tariki 15 Ugushyingo izatangaza amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye, uwa 3 w’amashuri nderabarezi n’uwa 5 (L5) w’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro.
Kuwa 20 Nyakanga uyu mwaka,nibwo abanyeshuri bo mu mashami atandukanye bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye.
Bose muri rusange bari 52.145 barimo abahungu 22.894 n’abakobwa 26.892. 50,888 biga mu mashuri yisumbuye n’amashuri nderabarezi, ndetse (…) -
Madamu Jeannette Kagame yakiriwe neza cyane mu Burundi [AMAFOTO]
9 October 2023, by Dusingizimana RemyMadamu Jeannette Kagame, umugore wa Perezida w’u Rwanda, yageze i Bujumbura kuri uyu wa mbere atumiwe na mugenzi we Angeline Ndayishimiye kwitabira inama ya kane y’Abagore b’abayobozi.
-
Baltasar Engonga wafatanywe amashusho 400 asambana n’abagore yakatiwe gufungwa imyaka umunani
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBaltasar Ebang Engonga ukomoka muri Guinée équatoriale, yahamijwe ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta no kugira uruhare mu byaha bya ruswa, ahanishwa gufungwa imyaka umunani n’ihazabu ya miliyoni 125, 4 CFA [akabakaba miliyoni 320 Frw].
Umuryango.rw
Hon.Bamporiki yemeye ko "yakiriye indonke"asaba imbabazi Perezida Kagame
Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Perezida wa Togo ku kibazo cya RDC
Perezida Kagame yakiriye Lt Gen Muhoozi wongeye gusura u Rwandda
Gen Muhoozi yihanangirije RNC ya Kayumba n’ibikorwa byayo by’ubushotoranyi ku Rwanda
U Rwanda na Zimbabwebasinye amasezerano yo guhana abarimu[Yavuguruwe]
Meteo-Rwanda yatangaje uduce tugiye kwibasirwa n’imvura nyinshi muri uku kwezi
MINEDUC yavuze igihe izatangariza amanota y’abanyeshuri baheruka kurangiza amashuri yisumbuye
Madamu Jeannette Kagame yakiriwe neza cyane mu Burundi [AMAFOTO]
Baltasar Engonga wafatanywe amashusho 400 asambana n’abagore yakatiwe gufungwa imyaka umunani