Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports, Fall Ngagne ashobora kumara amezi icyenda adakandagira mu kibuga nyuma yo kugira imvune ikomeye ku mukino ikipe ye yanganyijemo na Amagaju FC igitego 1-1.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports, Fall...
24 February 2025, by Joseph Iradukunda -
Uganda: Umubyeyi yabyaye abana 6 b’impanga
30 April 2025, by ISIMBI EstellaMuri Uganda, umubyeyi witwa Glorious Betonde w’imyaka 40, yibarutse abana batandatu (6) b’impanga, harimo abahungu batanu n’umukobwa umwe, icyo kikaba ari igitangaza cyabaye kuri uwo muryango, nk’uko babyivugira nubwo bavutse bataruzuza amezi icyenda nk’uko bisanzwe.
-
Hashyizweho ibiciro bishya bya Gaz
14 December 2021, by Rebecca UFITAMAHOROGuverinoma y’u Rwanda yashyize hanze ibiciro bishya bya gaz yo gutekesha, nyuma y’igihe bamwe mu baturage bakoresha gaz batangaza ko babangamiwe n’itumbagira rya hato na hato ry’ibiciro byazo.
-
Imwe mu myanzuro yafatiwe mu nama ya 21 yahuje abakuru b’ibihugu bya EAC
27 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2021 nibwo habaye inama ya 21 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC,yafatiwemo imyanzuro itandukanye.
Imwe mu myanzuro yafashwe irimoKwiga ku busabe bwa Somalia bwakiriwe. Inama y’Abakuru b’Ibihugu yasanze habaho kugenzura ko iki gihugu cyujuje ibisabwa ngo kibe cyakwemererwa.
EAC yanakiriye ubusabe bwa RDC bwo kuyibera umunyamuryango yemeza ko iki gihugu kizasubizwa mu nama itaha.
Kenya yahawe umwanya wo kuyobora Umuryango (…) -
Perezida Kagame na Museveni barahura imbona nkubone ejo kuwa gatanu
11 July 2019, by UbwanditsiMuri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane Radio Rwanda yatangaje ko biteganyjwe ko Perezida Kagame azahurira na Perezida Museveni mu nama izabera I Luanda muri Angola ejo kuwa gatanu taliki 12/7/2019 mu nama izaba irimo na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Kong, Felix Tchisekedi ndetse n’uwa Angola, Laurenco ari nawe wanatumiye akazakira iyi nama.
-
Bujumbura: Umupolisi wasinze yarashe mu mutwe umumotari aramwica
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 9 Mata 2025, mu gace ka Ntahangwa mu mujyi wa Bujumbura, haraye habereye impanuka ikomeye yatewe n’umuporisi bikekwa ko yari yasinze, aho yarashe umusore ukora akazi ko gutwara abantu ku moto (motari), mu mutwe agahita apfa.
-
MARIZAMUNDA yabaye Minisitiri wa 11 uyoboye MINADEF, Lt Gen Mubarakh MUGANGA arongera ahirwa n’ukwa 6
6 June 2023, by UbwanditsiPerezida Paul KAGAME akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashyizeho Abayobozi bashya mu nzego z’umutekano n’Iperereza! Juvenal MARIZAMUNDA wayoboraga urwego rw’Amagereza mu Rwanda (RCS) yagizwe Minisitiri w’Ingabo asimbuye Gen Albert MURASIRA.
MARIZAMUNDA abaye Minisitiri wa 11 uyoboye Minisiteri y’Ingabo kuva u Rwanda rwabona Ubwigenge mu 1962. Muri izi mpinduka, RCS yahise ihabwa Brig Gen Evariste MURENZI.
Muri aya mavugururua kandi, Lt Gen Mubarakh Muganga yagizwe Umugaba (…) -
Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo
12 January, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu batuye mu Kagari ka Kirambi mu Murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza, baravuga ko babaruje ubutaka bwabo kuva iyi gahunda yatangira ariko batarabona ibyangombwa byabo, kuko ibyasohotse byaje biri mu mazina y’abandi.
-
U Rwanda n’u Bufaransa baganiriye ku kibazo cy’umutekano mu karere
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZILeta y’u Rwanda n’iy’u Bufaransa baganiriye ku bijyanye n’ubufatanye ndetse n’ibibazo by’umutekano mu Karere k’Ibiyaga bigari.
-
Prince Kid wahoze ayobora Miss Rwanda yarekuwe
2 December 2022, by ISHIMWE JANEUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwarekuye by’agateganyo Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid, uregwa ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no guhoza undi ku nkeke bifitanye isano n’imibonano mpuzabitsina.
Umuryango.rw
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports, Fall...
Uganda: Umubyeyi yabyaye abana 6 b’impanga
Hashyizweho ibiciro bishya bya Gaz
Bujumbura: Umupolisi wasinze yarashe mu mutwe umumotari aramwica
MARIZAMUNDA yabaye Minisitiri wa 11 uyoboye MINADEF, Lt Gen Mubarakh MUGANGA arongera ahirwa n’ukwa 6
Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo
U Rwanda n’u Bufaransa baganiriye ku kibazo cy’umutekano mu karere
Prince Kid wahoze ayobora Miss Rwanda yarekuwe