Dr Gahakwa Daphrose wigeze kuba Minisitiri w’Uburezi, yasabiwe gufungwa imyaka irindwi (7) kubera ibyaha akekwaho gukora ubwo yari umuyobozi w’agateganyo w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Dr Gahakwa Daphrose wigeze kuba Minisitiri w’Uburezi yasabiwe gufungwa imyaka 7
10 May 2021, by Dusingizimana Remy -
Ku isabukuru y’imyaka 96 Umwamikazi Elisabeth II hayishuye ikintu kibabaje ari kubona i Bwami
22 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKu mugoroba wo ku ,munsi w’ejo tariki ya 21 Mata nibwo Umwamikazi Elisabeth II w’u Bwongereza yakorewe ibirori by’isaburuku ye y’imyaka 96 amaze ku Isi .
-
Abajenerali b’u Rwanda bafatiwe ibihano na Amerika bigeze he?
16 May 2025, by Joseph IradukundaAmahanga akomeje gushakira umutekano uburasirazuba bwa RDC binyuze mu gushaka ibiganiro by’ubwumvikane n’ibihugu bituranyi cyane u Rwanda iki gihugu kigaragaza nk’ikibangamiwe narwo.
-
MINALOC yahagaritse inama ziba mu gitondo zikabuza abaturage gukora imirimo ibateza imbere
15 October 2019, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu[MINALOC] yaraye ishyize hanze itangazo ryamagana abayobozi bo mu nzego za Leta cyangwa izigenga bategura inama zurudaca mu gitondo bikabangamira imirimo y’abaturage.
-
Kamala Harris ashyigikiye ko Israel ikomeza kwirwanaho mu ntambara na Hamas
26 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIKamala Harris Vis Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ahamya ko atazigera aceceka ku kibazo kiri hagati ya Israel na Hamas, ariko akaba ashyigikira ko iki gihugu Netanyahu abereye Minisitiri w’Intebe gifite uburenganzira bwo kwirwanaho.
-
Trump yasabiye umunyamakuru wa CNN kwirukanwa nk’imbwa
27 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yasabiye umunyamakuru wa CNN, Natasha Bertrand kwirukanwa, nyuma yo kumushinja gutangaza nabi amakuru ajyanye n’igitero iki gihugu cyagabye kuri Iran.
-
Perezida Ndayishimiye yakiriye intumwa yohererejwe na Perezida Kagame
15 March 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakiriye intumwa ziturutse mu Rwanda ziyobowe na Minisitiri w’Ingabo, Gen. Maj Albert Murasira, zamugejejeho ubutumwa bwa Perezida Kagame.
Bagiranye ibiganiro byibanze ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi nkuko byemejwe n’umuvugizi wa Perezida w’u Burundi,Butoyi Evelyne.
Izi ntumwa zigiye mu Burundi nyuma y’aho u Rwanda ruheruka kwakira Minisitiri w’Ubutabera w’u Burundi,Madamu Banyankimbona Domine.
Abayobozi b’ibihugu byombi mu (…) -
Leta y’u Burundi yafunze imipaka yose ibahuza n’u Rwanda
11 January 2024, by Dusingizimana RemyAmakuru ataremezwa n’abategetsi mu Burundi aravuga ko iki gihugu cyafunze imipaka yacyo yose igihuza n’u Rwanda.
-
Paul Rusesabagina washinze MRCD igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda yafashwe
31 August 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rweretse itangazamakuru Paul Rusesabagina washinze umuryango wa MRCD (Rwandan Movement for Democratic Change),ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Isiraheli izafata ibyemezo byanyuma bishingiye ku nyungu zigihugu – Netanyahu
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIbiro bya minisitiri w’intebe wa Isiraheli byavuze ko Isiraheli izumva Amerika ariko igafata ibyemezo bya nyuma ishingiye ku nyungu z’igihugu cyayo, mu gihe hakomeje kwibazwa niba igisubizo cyayo ku gitero gikomeye cya misile cya Irani gikomeje.
Umuryango.rw
Ku isabukuru y’imyaka 96 Umwamikazi Elisabeth II hayishuye ikintu kibabaje ari kubona i Bwami
Abajenerali b’u Rwanda bafatiwe ibihano na Amerika bigeze he?
Kamala Harris ashyigikiye ko Israel ikomeza kwirwanaho mu ntambara na Hamas
Trump yasabiye umunyamakuru wa CNN kwirukanwa nk’imbwa
Perezida Ndayishimiye yakiriye intumwa yohererejwe na Perezida Kagame
Leta y’u Burundi yafunze imipaka yose ibahuza n’u Rwanda
Paul Rusesabagina washinze MRCD igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda yafashwe
Isiraheli izafata ibyemezo byanyuma bishingiye ku nyungu zigihugu – Netanyahu