Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda n’ abandi ba Minisitiri bitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri ibihumbi 7050 basoje amasomo mu byiciro bitandukanye avuga ko nawe ashyigikiye icyemezo cyafashwe cyo guhuriza hamwe kaminuza za Leta y’ u Rwanda zikaba UR.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Dr Ngirente yitabiriye ibirori byo guha impamyabumenyi ibihumbi 7 birangije muri UR[AMAFOTO]
2 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Biravugwa ko Kakwenza Rukirabashaija umwe mu barwanya P. Museveni yahungiye mu Rwanda
9 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTUmwanditsi w’ibitabo wo mu gihugu cya Uganda witwa Kakwenza Rukirabashaija usanzwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweli Kaguta Museveni ndetse n’umuhungu we Gen. Muhoozi Kainerugaba yahunze nyuma yo gukorerwa iyicarubozo n’inzego z’Umutekano z’iki gihugu.
-
Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza
25 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho.
-
Abanyarwanda bagaragarije ibyishimo Dr Frank Habineza watangiye kwiyamamariza kuba Perezida [AMAFOTO]
22 June 2024, by Dusingizimana RemyAbaturage bo hirya no hino mu mujyi wa Kigali bagaragarije ibyishimo umukandida uhagarariye ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ku mwanya w’umukuru w’igihugu,Dr Frank Habineza.
-
Abadepite Batumije Minisitiri w’Ibidukikije mu nteko
5 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROInteko rusange y’Umutwe w’Abadepite, yafashe icyemezo cyo gutumiza Minisitiri w’Ibidukikije kugira ngo atange ibisobanuro ku bibazo bigaragara muri serivisi z’ubutaka harimo ubutaka bushyirwa mu nyungu rusange ntibwandikwe kuri leta, ibyemezo by’ubutaka bisohoka ntibihabwe ba nyirabyo n’itinda ry’imitangire ya serivisi z’ubutaka muri rusange.
Mu bibazo byinshi bikubiye muri iyi raporo ku micungire y’ubutaka mu Rwanda, iyi raporo yerekana ko hari imanza 421 z’ubutaka leta yimuyeho abaturage (…) -
MINISANTE:Umuntu umwe gusa ni we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg
22 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, tariki 21 Ukwakira 2024, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko umuntu umwe gusa (1) ari we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg.
-
MIGEPROF ishinja itangazamakuru gutiza umurindi ibisenya umuryango
24 December 2025, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango,(MIGEPROF) irashinja itangazamakuru kwibanda ku nkuru za byacitse zisenya umuryango aho kwibanda ku nkuru ziwubaka.
-
Hon.Bamporiki yemeye ko "yakiriye indonke"asaba imbabazi Perezida Kagame
6 May 2022, by Dusingizimana RemyMu magambo yuzuye umutima umunetse Hon.Bamporiki Edouard wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, yasabye imbabazi Perezida Paul Kagame,yemera ko yakiriye ’indonke’.
Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Twitter yagize ati "Nyakubahwa Umukuru w’u Rwanda,Paul Kagame, Narahemutse. Umutima wanze kumpa amahwemo. Bavandimwe, Nshuti zanjye, namwe abankurikira kuri uru rubuga, Nakoze icyaha cyo kwakira indonke. Nkaba ntafite irindi jambo navuga usibye Kubasaba mwese imbabazi. (…) -
Anita Pendo yagize icyo abwira ba bakobwa biyamamaje mu ntara 3 zitandukanye muri Miss Rwanda baswata[AMAFOTO]
26 December 2018, by Martin MunezeroNi mu gihe hari kuba igikorwa cyo gutora Nyampinga w’u Rwanda 2019 aho ubu Intara zose zimaze kuzengurukwa hagaragara abakobwa bazihagarariye , ariko Abakobwa batatu bitabiriye ijonjora ryo muri Miss Rwanda 2019 bananiwe gukomeza mu kindi cyiciro nyuma yo kugenda bahatana mu zindi Ntara ntibibahire.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Perezida wa Togo ku kibazo cya RDC
30 January, by Angeline MUKANGENZIKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagiranye ikiganiro cyihariye (tête-à-tête) na Faure Gnassingbé, Perezida wa Togo akaba n’Umuhuza washyizweho n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) mu bikorwa byo gushakira amahoro uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Umuryango.rw
Biravugwa ko Kakwenza Rukirabashaija umwe mu barwanya P. Museveni yahungiye mu Rwanda
Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza
Abanyarwanda bagaragarije ibyishimo Dr Frank Habineza watangiye kwiyamamariza kuba Perezida [AMAFOTO]
Abadepite Batumije Minisitiri w’Ibidukikije mu nteko
MINISANTE:Umuntu umwe gusa ni we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg
MIGEPROF ishinja itangazamakuru gutiza umurindi ibisenya umuryango
Hon.Bamporiki yemeye ko "yakiriye indonke"asaba imbabazi Perezida Kagame
Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Perezida wa Togo ku kibazo cya RDC