U Rwanda ni kimwe mu bihugu by’ Afurika birimo gutera imbere cyane. Iyo umuntu avuze ko nibura buri mwaka ubukungu bw’ u Rwanda bwiyongeraho 5% ushobora kudahita ubyumva ariko amaso yawe akwereka ibikorwa remezo birimo amazu meza mashya yubakwa muri Kigali.
Iyo ugereranyije ingengo y’ imari u Rwanda rwakoresheje mu Rwanda w’ ingengo y’ imari 2013/2014 n’ ayo ruteganya gukoresha muri 2017/2018 usanga amaze kwiyongeraho miliyari 894.7.
Mu ntangiriro z’ uku kwezi kwa Gashyantare 2018 (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mu myaka itanu ingengo y’ imari y’ u Rwanda imaze kwiyongeraho arenga miliyari 800
9 February 2018, by Nsanzimana Ernest -
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yagaragaje ko u Rwanda rwubakiye ku kurengera ibidukikije
29 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, wifatanyije n’abayobozi bakuru barimo Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, n’abandi banyacyubahiro yerekanye ko intego u Rwanda rwubakiyeho yo kurengera urusobe rw’ibidukikije ari uguharanira kugera ku mahoro n’ubukire.
-
Reba ibintu u Rwanda rwakoze mu mwaka dusoje bigatera amahanga kurwifuza[AMAFOTO]
31 December 2019, by Martin MunezeroHarabura amasaha make tugasoza umwaka wa 2019, umwaka ugizwe n’iminsi itari mike, abantu barabyuka buri munsi bagakora bashaka ibyabateza imbere, ni yo mpamvu Teradignews isubije amaso inyuma ikareba kuri bimwe mu bikorwa u Rwanda rwagezeho amahanga akifuza kuhaba.
-
Perezida Kagame yeretse Afurika uko yahangana n’ihungabana ry’ubukungu ririho ku Isi
25 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ko Afurika ikwiye kurushaho kwigira no kugabanya kwishingikiriza ku bandi, agaragaza ko ari imwe mu nzira zo guhangana n’ihungabana ry’ubukungu rikomeje kugaragara ku rwego mpuzamahanga.
-
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kwizihiza iminsi mikuru bazirikana na Covid-19
13 December 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri mushya w’Umutekano mu gihugu, Alfred Gasana,anaboneraho kwifuriza abanyarwanda bose gusoza neza uyu mwaka no gutangira umushya wa 2022 amahoro, ariko abibutsa gukomeza kwirinda icyorezo cya COVID-19.
-
Imyanzuro y’inama y’abaminisitiri yo kuya ya 13 Nyakanga 2023
14 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKu wa Kane, tariki ya 13 Nyakanga 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 06 Kamena 2023.
2. Inama y’Abaminisitiri yagejejweho amavugururwa y’ingenzi ateganyijwe mu rwego rw’ubuzima.
3. Inama y’Abaminisitiri yemeje imishinga y’amategeko ikurikira:
• Umushinga wItegeko rigenga imirimo y’amabanki.
• Umushinga (…) -
Ibitaro bitandukanye mu Rwanda byatangiye gutanga urukingo rwa mbere rwa Covid-19
5 March 2021, by Dusingizimana RemyKu Bitaro by’Akarere bya Kirehe, gukingira abantu COVID-19 byatangiye aho uwa mbere wakingiwe ari Dr Nsabyamahoro Emmanuel ushinzwe ibikorwa by’ubuvuzi muri ibyo bitaro.
-
Mukabalisa wayoboye Umutwe w’Abadepite muri manda ishize yatorewe kuba Umusenateri
19 September 2024, by Joseph IradukundaMukabalisa Donatille wayoboye Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa 19 Nzeri 2024 yatorewe kuba Umusenateri uhagarariye ihuriro ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda.
-
Indonesia: Abaminisitiri batanu birukanywe nyuma y’imyigaragambyo yaguyemo abantu 10
9 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Indonesia, Prabowo Subianto yirukanye bitunguranye Abaminisitiri batanu barimo; Minisitiri w’Imari, Sri Mulyani Indrawati, uw’Urubyiruko na Siporo n’abandi batatu nyuma y’imyigaragambyo iherutse yamaganaga Guverinoma.
-
MINUBUMWE yatangaje uko igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Kizagenda
4 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu (MINUBUMWE), iratangaza ko Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, bizakorwa nk’uko byakorwaga mbere, ariko hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19 ndetse imihango ngo ntizarenza amasaha abiri.
Umuryango.rw
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yagaragaje ko u Rwanda rwubakiye ku kurengera ibidukikije
Perezida Kagame yeretse Afurika uko yahangana n’ihungabana ry’ubukungu ririho ku Isi
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kwizihiza iminsi mikuru bazirikana na Covid-19
Imyanzuro y’inama y’abaminisitiri yo kuya ya 13 Nyakanga 2023
Ibitaro bitandukanye mu Rwanda byatangiye gutanga urukingo rwa mbere rwa Covid-19
Mukabalisa wayoboye Umutwe w’Abadepite muri manda ishize yatorewe kuba Umusenateri
Indonesia: Abaminisitiri batanu birukanywe nyuma y’imyigaragambyo yaguyemo abantu 10
MINUBUMWE yatangaje uko igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Kizagenda