Perezida Kagame yavuze ko Twagiramungu Faustin na Paul Rusesabagina baherutse kwishyira hamwe kugira ngo bahungabanye umutekano w’u Rwanda ko aria bantu bo mu itangazamakuru bagamije guteza abandi ibibazo gusa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yavuze kuri Rusesabagina na Twagiramungu baherutse kwishyira hamwe
21 June 2019, by Dusingizimana Remy -
Umuhuro wa Kabila na Katumbi wabereye i Addis-Abeba uhatse iki?
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuJoseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Moïse Katumbi Chapwe wahoze atavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, amakuru aravuga ko mu Cyumweru gishize bahuriye mu biganiro byabereye i Addis-Abeba muri Ethiopie.
-
Paris: Rwamucyo ushinjwa uruhare muri jenoside yasabiwe kuryozwa ibyo yakoze
29 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, itariki 28 Ukwakira 2024, abashinjacyaha mu Bufaransa basabiye igifungo cy’imyaka 30 uwahoze ari umuganga waburanishijwe i Paris kubera gukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu myaka mirongo itatu ishize.
-
Perezida Kagame ari muri Azerbaijan
19 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yageze i Baku muri Azerbaijan, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu.
-
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda General Patrick Nyamvumba yaganiriye na Perezida wa Congo Tshisekedi anaganira n’itangazamakuru ryaho[AMAFOTO]
11 May 2019, by Martin MunezeroUmugaba w’Ingabo z’u Rwanda, General Patrick Nyamvumba, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Felex Tshisekedi mu rwego rwo kuzamura imibanire n’umutekano hagati y’ibihugu byombi.
-
Rusizi: Batunguwe no kubwirwa ko umuntu wabo yiyahuriye muri Kasho ya polisi
2 February 2021, by Dusingizimana RemyMu karere ka Rusizi mu ntara y’Uburengerazuba mu Rwanda, haravugwa igisa n’amayobera ku rupfu rw’uwitwa Nsekanabo Joel wari utuye mu murenge wa Nkanka. Umuryango we n’abaturanyi bavuga ko yatwawe n’umuyobozi w’akagari ndetse n’umupolisi wambaye sivili none nyuma y’ibyumweru bibiri batazi aho aherereye kuri uyu wa mbere igipolisi cyamenyesheje umuryango we ko yiyahuriye mu kasho.
-
Diane Rwigara yasabye ko urubanza rwe rusubikwa-AMAFOTO
7 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Ugushyingo 2017, Diane Rwigara yageze imbere y’ urukiko ngo urubanza rwe rutangire kuburanishwa ku bujurire ku ifungwa n’ ifungurwa ry’ agateganyo, nyina ararwaye
Diane Rwigara yageze ku rukiko rukuru rwa Kimihurura yambaye umwenda w’ iroza uranga imfungwa n’ abagororwa bo mu Rwanda.
Mu rukiko rukuru abantu ntabwo bari benshi nk’uko byabaga bimeze ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ubwo we na Nyina Adeline Rwigara na murumunawe Anne Rwigara (…) -
Perezida Mnangagwa yageze mu Rwanda yitabiriye inama ya #AGRF2022
5 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika ya Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku Iterambere ry’Ubuhinzi, AGRF2022.
Yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta.
Inama ya AGRF y’uyu mwaka ibaye ku nshuro ya 10 ikaba ihuza abakuru b’ibihugu, abashakashatsi, abayobozi b’ibigo mpuzamahanga n’abahinzi bigira hamwe icyakorwa mu kuzahura uruhererekane rw’ibiribwa muri Afurika.
Iyi nama y’ihuriro mpuzamahanga ku iterambere ry’ Ubuhinzi (…) -
Colonel Randrianirina yarahiriye kuyobora Madagascar by’agateganyo
17 October 2025, by Brenda MIZEROColonel Michael Randrianirina wayoboye igikorwa cyo gukura Andry Rajoelina ku butegetsi bwa Madagascar, kuri uyu wa 17 Ukwakira 2025 yarahiriye kuyobora iki gihugu by’agateganyo mu gihe hataraba amatora.
-
Kera kabaye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanutse mu Rwanda
7 October 2022, by Dusingizimana RemyUrwego ngenzuramikorere,RURA rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa tariki ya 08 Ukwakira 2022.
RURA yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi ari 1580 Frw na ho mazutu ikaba 1587 Frw.
Ibi bivuze ko igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda cyagabanyutse ku nshuro ya mbere muri uyu mwaka,kuko litiro ya mazutu yamanutseho 20 Frw igera ku 1587 Frw, ivuye ku 1607 Frw. Litiro ya lisansi yo yagabanutseho 29 Frw igera ku (…)
Umuryango.rw
Umuhuro wa Kabila na Katumbi wabereye i Addis-Abeba uhatse iki?
Paris: Rwamucyo ushinjwa uruhare muri jenoside yasabiwe kuryozwa ibyo yakoze
Perezida Kagame ari muri Azerbaijan
Perezida Mnangagwa yageze mu Rwanda yitabiriye inama ya #AGRF2022
Colonel Randrianirina yarahiriye kuyobora Madagascar by’agateganyo
Kera kabaye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanutse mu Rwanda