Ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba kimwe n’ahandi ku isi bikomeje guhangana n’ibiciro biri kuzamuka umunsi kuwundi.kuri ubu, ingaruka ziragera ku mpande zose haba ku muguzi yewe no ku mucuruzi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abashoramari bo mu karere (EAC) bahanze amaso CHOGM
19 April 2022, by Joseph Iradukunda -
Karasira Aimable waje yambaye bodaboda zidasa yihannye inteko yamuburanishaga
15 January 2025, by Joseph IradukundaKarasira yinjiye mu cyumba cy’urukiko yambaye inkwetu zizwi nka Boda Boda zidasa-rumwe rw’umweru n’urundi rw’ubururu.
-
U Rwanda rwahaye Buhinde uwo bukurikiranyeho kuba ikihebe
27 November 2024, by Joseph IradukundaMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda rwoherereje Leta y’u Buhinde Salman Khan ukurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba watawe muri yombi nyuma y’ubusabe bwa Polisi Mpuzamahanga (Interpol).
-
Guha Kayumba Nyamwasa urubuga bihamya umugambi mubisha wa Afurika y’Epfo ku Rwanda- Yolande Makolo
2 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibitangazamakuru byo muri Afurika y’Epfo byatangiye guha urubuga Kayumba Nyamwasa wamaze guhamwa n’ibyaha mu Rwanda, bihamya neza umugambi iki gihugu gifite wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Minisitiri Sezibera yasabye abantu kwima amatwi ibihuha bibeshyera u Rwanda
27 April 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ububanyi n’amahanga akaba n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda,Dr Richard Sezibera yasabye abantu bose kwirinda ibihuha bikomeje gukwirakwizwa bitewe n’amatangazo aherutse gushyirwa hanze n’ibihugu bikomeye byasabye abaturage babyo kudasura bimwe mu bice by’u Rwanda.
-
Abaturage b’u Burundi banenze abasirikare babo bahungiye mu basivili bigatuma bicwa
26 February 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’Uburundi iremeza ko hapfuye abantu 9 barimo abagore 6 n’umusirikare mu bitero by’abantu bitwaje intwaro byagabwe i Buringa na Gihanga mu ijoro ryo ku ya 25 Gashyantare 2024.
-
Twe abanyarwanda ntawe dusaba uburenganzira bwo kubaho - Perezida Kagame
15 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu"Iyaba umukino wo kwitana ba mwana, imbwirwaruhame nziza, ibinyoma, kutagira isoni, byari igisubizo cy’iki kibazo, ibibazo byari kuba byararangiye kera. Nti twakabaye tugifite iki kibazo cya Congo, aroiko dufite abantu bavuga ibinyoma nta mpamvu."
-
Perezida Kagame yavuze ikimutangaza ku Bubiligi busabira u Rwanda ibihano
19 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yatangaje ko hari ikibazo gikomeye cy’ibihugu by’i Burayi bitavugisha ukuri mu bibazo by’umutekano muke byugarije Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, by’umwihariko u Bubiligi bufite uruhare rukomeye mu bibazo by’akarere nyamara bukaba ari bwo butera hejuru busabira u Rwanda ibihano.
-
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yagaragaje ko u Rwanda rwubakiye ku kurengera ibidukikije
29 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, wifatanyije n’abayobozi bakuru barimo Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, n’abandi banyacyubahiro yerekanye ko intego u Rwanda rwubakiyeho yo kurengera urusobe rw’ibidukikije ari uguharanira kugera ku mahoro n’ubukire.
-
Reba ibintu u Rwanda rwakoze mu mwaka dusoje bigatera amahanga kurwifuza[AMAFOTO]
31 December 2019, by Martin MunezeroHarabura amasaha make tugasoza umwaka wa 2019, umwaka ugizwe n’iminsi itari mike, abantu barabyuka buri munsi bagakora bashaka ibyabateza imbere, ni yo mpamvu Teradignews isubije amaso inyuma ikareba kuri bimwe mu bikorwa u Rwanda rwagezeho amahanga akifuza kuhaba.
Umuryango.rw
Abashoramari bo mu karere (EAC) bahanze amaso CHOGM
Karasira Aimable waje yambaye bodaboda zidasa yihannye inteko yamuburanishaga
U Rwanda rwahaye Buhinde uwo bukurikiranyeho kuba ikihebe
Guha Kayumba Nyamwasa urubuga bihamya umugambi mubisha wa Afurika y’Epfo ku Rwanda- Yolande Makolo
Abaturage b’u Burundi banenze abasirikare babo bahungiye mu basivili bigatuma bicwa
Twe abanyarwanda ntawe dusaba uburenganzira bwo kubaho - Perezida Kagame
Perezida Kagame yavuze ikimutangaza ku Bubiligi busabira u Rwanda ibihano
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yagaragaje ko u Rwanda rwubakiye ku kurengera ibidukikije