Imiryango isaga 600 y’abari basigaye muri Kangondo na Kibiraroahazwi nka Bannyahe bari kwimurwa kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Nzeri 2022.
Kuva mu gitondo cyo kuwa kane saa munani z’ijoro abatuye mu midugudu ya Kibiraro I na Kangondo mu kagari ka Nyarutarama aho leta yagenye ko abahatuye bagomba kwimurwa hagoswe n’abashinzwe umutekano, nta muntu uhinjira cyangwa ngo asohoke.
Abapolisi benshi barimo abakomeye bitwaje intwaro baraboneka ku mpande zose zinjira muri aka gace babuza uw’ariwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Imiryango 600 yari isigaye Kangondo na Kibiraro iri kwimurwa
15 September 2022, by Dusingizimana Remy -
Impuguke mu bukungu zishyigikiye imisoro mishya ku bashoye bakunguka
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa 12 Kamena 2025 Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, irageza ku Nteko ishinga amategeko imitwe yombi, itegeko rishyiraho Ingengo y’Imari izakoreshwa umwaka wa 2025-2026.f
-
Malipango watakiraga Gasogi United ari mu muryango winjira muri Rayon Sports
27 November 2024, by Joseph IradukundaUmukinnyi ukomoka muri Centrafrique, Théodore Yawanendji-Malipangou Christian, yamaze gusezera bagenzi be bakinanaga mu ikipe ya Gasogi United, aho bivugwa ko ageze kure ibiganiro n’ikipe ya Rayon Sports iyoboye shampiyona.
-
Ibyaranze tariki ya 12 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe abatutsi umunsi Karamira Froduald avuga ko kwica abatutsi bireba buri wese
12 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKu munsi nk’uyu w’italiki ya 12 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi taliki mu 1994.
-
Nyabihu: Umwarimu wari wasezeye ku kazi kubera kwanga kwikingiza Covid-19 yisubiyeho
2 January 2022, by Dusingizimana RemyUmwarimu witwa Ntirujyinama Benjamin wigishaga ku kigo cy’Amashuri cya Nganzo mu Karere ka Nyabihu giherereye mu murenge wa Rugera yanditse ibaruwa isaba gusubizwa ku kazi yari yasezeyeho mu minsi ishize kubera Covid-19.
Uyu mwarimu yandikiye umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu ati "Mbandikiye mbasaba ko mwanyemerera ngakomeza akazi k’uburezi nakoreraga ku kigo cy’amashuri cya Nganzo nari nahagaritse kuri tariki ya 01 Ukuboza 2021 kubera ko ubushake bwo kwikingiza Covid-19 butari bwakabonetse, (…) -
Umushinjacyaha ufungiye gusambanya Umukobwa afitiye dosiye akamutera inda
12 June 2025, by Joseph IradukundaUrukiko rwafunze by’Agateganyo Umushinjacyaha ukekwaho gusambanya Umukobwa RIB yari yafunze!
-
Perezida Kagame ejo azatanga ikiganiro mu nama y’ umuryango ‘Mo Ibrahim’ ujora ubutegetsi bwa Afurika
27 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Mata 2018 azaha ikiganiro abitabiriye inama y’ umuryango Mo Ibrahim ujora ubutegetsi n’ imiyoborere by’ abakuru b’ ibihugu bya Afurika.
-
Gakenke: RIB yafunze Gitifu w’umurenge nabo bari kumwe bagaragaye bahondagura umumotari
6 July 2021, by Dusingizimana RemyRIB yafunze Hakuzimana Valens, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhondo mu Karere ka Gekenke n’abandi bari kumwe bagaragaye ku mashusho ku mbuga nkoranyambaga bakubita umumotari wari utwaye imizigo i Kigali binyuranyije n’amabwiriza ya guma mu Karere mu rwego rwo kwirinda COVID-19.
Mu mashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga,yagaragaje,uyu mumotari wari utwaye imizigo agera ahari uyu gitifu n’abakorerabushake bashinzwe kurinda ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza yo kwirinda (…) -
Kamonyi: Polisi yafashe abacyekwaho kwambura abaturage bakoresheje imihoro
17 September 2021, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Nzeri Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi kubufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze n’abaturage bafashe itsinda ry’abantu 12 bacyekwaho gutega abaturage bakabambura bakanabahohotera babakubita. Aba bantu banakurikiranweho gucukura amabuye y’agaciro mu buryo butemwe n’amategeko.
-
Hari icyizere ko ibintu bizasubira mu buryo-Perezida Kagame
12 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru tariki ya 12 Mata 2020,Perezida Kagame yaganiriye n’ abakozi 400 bitangiye guhashya Icyorezo cya Covid-19 mu Rwanda aho yabashimiye ubwitange bwabo ndetse abasezeranya ko igihugu kizagaruka mu bihe byiza.
Umuryango.rw
Imiryango 600 yari isigaye Kangondo na Kibiraro iri kwimurwa
Impuguke mu bukungu zishyigikiye imisoro mishya ku bashoye bakunguka
Malipango watakiraga Gasogi United ari mu muryango winjira muri Rayon Sports
Ibyaranze tariki ya 12 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe abatutsi umunsi Karamira Froduald avuga ko kwica abatutsi bireba buri wese
Nyabihu: Umwarimu wari wasezeye ku kazi kubera kwanga kwikingiza Covid-19 yisubiyeho
Umushinjacyaha ufungiye gusambanya Umukobwa afitiye dosiye akamutera inda
Gakenke: RIB yafunze Gitifu w’umurenge nabo bari kumwe bagaragaye bahondagura umumotari
Kamonyi: Polisi yafashe abacyekwaho kwambura abaturage bakoresheje imihoro
Hari icyizere ko ibintu bizasubira mu buryo-Perezida Kagame