Umusore w’imyaka 20 witwa Shurudiya Hitimana yarasiwe mu murenge wa Kanzenze, mu kagari ka Nyamirango mu mudugudu wa Rubara ho mu karere ka Rubavu,mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Ukwakira 2020.
Abaturage bo muri uyu mudugudu bavuze ko uyu musore wari ugiye kwahira muri urwo rukerera,yarashwe n’abantu bataramenyekana nyuma yo kumufata agatabaza avuga ngo “ndapfuye”.
Nyiranshuti Vestine utuye aho byabereye yabwiye Umuryango ati “nashigukiye hejuru numva amasasu 2 nta kindi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Rubavu: Umusore w’imyaka 20 yarashwe n’abataramenyakana ahita apfa
22 October 2021, by Dusingizimana Remy -
RDC yashinje u Rwanda kugira umugambi nk’uwo Tshisekedi yatangaje kuri Kagame
20 February 2025, by Joseph IradukundaRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahinduye imvugo, ishinja u Rwanda kuba rufite umugambi wo guhirika ku butegetsi Perezida Félix Antoine Tshisekedi.
-
Kamonyi:Uwishe umugore we nawe agahita yiyahura yasize urwandiko rusobanura icyabimuteye
30 August 2022, by ISHIMWE JANEMu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Ngamba umugabo ukekwaho kwica umugore we amukubise ifuni nawe agahita yiyahura yasize urwandiko rusobanuro icyamuteye gukora ayo mahano.
-
Tanzania: Perezida Suluhu yakuye January Makamba ku mwanya wa minisitiri w’ububanyi n’amahanga
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTINk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’agateganyo ushinzwe itumanaho muri perezidansi, Sharifa Nyanga, Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yakuyeho abaminisitiri babiri bakomeye ku Cyumweru mu mavugurura yakoze muri guverinoma.
-
#Umwiherero 2020: Hamenyekanye ingano ya ruswa Dr.Isaac Munyakazi yahawe yatumye ahindura ibyavuye mu bizamini bya Leta n’icyakoze kuri Dr.Diane Gashumba
16 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru taliki ya 16 Gashyantare 2020 nibwo hatangiye umwiherero w’abayobozi 400 bo mu nzego za Leta n’izigenga uri kubera mu kigo cya gisirikare I Gabiro mu karere ka Gatsibo, aho perezida Kagame yavuze ko imyitwarire mibi y’abayobozi mu nzego zose itazihanganirwa.
-
Dr.MURANGIRA, KARENZI, MURAMIRA,APR, RAYON, FERWAFA! Amazina y’Icyumweru
18 May 2025, by Joseph IradukundaAbanyamakuru bafatwa nk’abakuze mu mwuga wo gutangaza makuru y’imikino bakomeje guterana amagambo kubera ibyo batumvikanaho.
-
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Uburusiya yahishuye ko NATO iri mu ntambara yayo na Ukraine
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergei Lavrov yavuze ko intwaro ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi (Uburayi n’Amerika) biha Ukraine, zisobanuye ko umuryango w’ubwirinzi bwa gisirikare wabyo (OTAN/NATO) "urebye uri mu ntambara n’Uburusiya".
-
Impamvu gufungurwa kwa Kabuga kuri kure nk’ukwezi
12 September 2025, by JABO Blaise PatienceUmuryango wa Kabuga Félicien wakurikiranyweho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, uracyatsimbaraye usaba ko yafungurwa by’agateganyo, akoherezwa mu Bufaransa.
-
Uwahoze ari rutahizamu wa AS Kigali yaguye mu mpanuka
24 February 2025, by Joseph IradukundaRutahizamu Abubakar Lawal wahoze akinira ikipe ya AS Kigali, yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare azize impanuka.
-
Byagaragaye ko u Burundi bwateguye igitero cyagabwe i Musanze mu 2019
5 March, by Brenda MIZEROByahishuwe ko Leta y’u Burundi yateguye, iha imyitozo, kandi iyobora abagabye igitero cy’abitwaje intwaro cyatwaye ubuzima bw’abasivili 14 mu Karere ka Musanze mu Ukwakira 2019, abandi benshi bagakomereka.
Umuryango.rw
Rubavu: Umusore w’imyaka 20 yarashwe n’abataramenyakana ahita apfa
RDC yashinje u Rwanda kugira umugambi nk’uwo Tshisekedi yatangaje kuri Kagame
Kamonyi:Uwishe umugore we nawe agahita yiyahura yasize urwandiko rusobanura icyabimuteye
Tanzania: Perezida Suluhu yakuye January Makamba ku mwanya wa minisitiri w’ububanyi n’amahanga
Dr.MURANGIRA, KARENZI, MURAMIRA,APR, RAYON, FERWAFA! Amazina y’Icyumweru
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Uburusiya yahishuye ko NATO iri mu ntambara yayo na Ukraine
Impamvu gufungurwa kwa Kabuga kuri kure nk’ukwezi
Uwahoze ari rutahizamu wa AS Kigali yaguye mu mpanuka
Byagaragaye ko u Burundi bwateguye igitero cyagabwe i Musanze mu 2019