Ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba kimwe n’ahandi ku isi bikomeje guhangana n’ibiciro biri kuzamuka umunsi kuwundi.kuri ubu, ingaruka ziragera ku mpande zose haba ku muguzi yewe no ku mucuruzi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abashoramari bo mu karere (EAC) bahanze amaso CHOGM
19 April 2022, by Joseph Iradukunda -
Ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda bugeze hejuru ya 95%
9 November 2025, by Brenda MIZERORaporo nshya yatangajwe na Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), yagaragaje ko igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda cyazamutse kikagera kuri 95,3% kivuye kuri 94,7% cyabarurwaga mu mwaka wa 2010.
-
Karasira Aimable waje yambaye bodaboda zidasa yihannye inteko yamuburanishaga
15 January 2025, by Joseph IradukundaKarasira yinjiye mu cyumba cy’urukiko yambaye inkwetu zizwi nka Boda Boda zidasa-rumwe rw’umweru n’urundi rw’ubururu.
-
U Rwanda rwahaye Buhinde uwo bukurikiranyeho kuba ikihebe
27 November 2024, by Joseph IradukundaMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda rwoherereje Leta y’u Buhinde Salman Khan ukurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba watawe muri yombi nyuma y’ubusabe bwa Polisi Mpuzamahanga (Interpol).
-
Guha Kayumba Nyamwasa urubuga bihamya umugambi mubisha wa Afurika y’Epfo ku Rwanda- Yolande Makolo
2 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibitangazamakuru byo muri Afurika y’Epfo byatangiye guha urubuga Kayumba Nyamwasa wamaze guhamwa n’ibyaha mu Rwanda, bihamya neza umugambi iki gihugu gifite wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Perezida Mnangagwa yageze mu Rwanda yitabiriye inama ya #AGRF2022
5 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika ya Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku Iterambere ry’Ubuhinzi, AGRF2022.
Yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta.
Inama ya AGRF y’uyu mwaka ibaye ku nshuro ya 10 ikaba ihuza abakuru b’ibihugu, abashakashatsi, abayobozi b’ibigo mpuzamahanga n’abahinzi bigira hamwe icyakorwa mu kuzahura uruhererekane rw’ibiribwa muri Afurika.
Iyi nama y’ihuriro mpuzamahanga ku iterambere ry’ Ubuhinzi (…) -
Minisitiri Sezibera yasabye abantu kwima amatwi ibihuha bibeshyera u Rwanda
27 April 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ububanyi n’amahanga akaba n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda,Dr Richard Sezibera yasabye abantu bose kwirinda ibihuha bikomeje gukwirakwizwa bitewe n’amatangazo aherutse gushyirwa hanze n’ibihugu bikomeye byasabye abaturage babyo kudasura bimwe mu bice by’u Rwanda.
-
Abaturage b’u Burundi banenze abasirikare babo bahungiye mu basivili bigatuma bicwa
26 February 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’Uburundi iremeza ko hapfuye abantu 9 barimo abagore 6 n’umusirikare mu bitero by’abantu bitwaje intwaro byagabwe i Buringa na Gihanga mu ijoro ryo ku ya 25 Gashyantare 2024.
-
Twe abanyarwanda ntawe dusaba uburenganzira bwo kubaho - Perezida Kagame
15 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu"Iyaba umukino wo kwitana ba mwana, imbwirwaruhame nziza, ibinyoma, kutagira isoni, byari igisubizo cy’iki kibazo, ibibazo byari kuba byararangiye kera. Nti twakabaye tugifite iki kibazo cya Congo, aroiko dufite abantu bavuga ibinyoma nta mpamvu."
-
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yagaragaje ko u Rwanda rwubakiye ku kurengera ibidukikije
29 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, wifatanyije n’abayobozi bakuru barimo Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, n’abandi banyacyubahiro yerekanye ko intego u Rwanda rwubakiyeho yo kurengera urusobe rw’ibidukikije ari uguharanira kugera ku mahoro n’ubukire.
Umuryango.rw
Abashoramari bo mu karere (EAC) bahanze amaso CHOGM
Ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda bugeze hejuru ya 95%
Karasira Aimable waje yambaye bodaboda zidasa yihannye inteko yamuburanishaga
U Rwanda rwahaye Buhinde uwo bukurikiranyeho kuba ikihebe
Guha Kayumba Nyamwasa urubuga bihamya umugambi mubisha wa Afurika y’Epfo ku Rwanda- Yolande Makolo
Perezida Mnangagwa yageze mu Rwanda yitabiriye inama ya #AGRF2022
Abaturage b’u Burundi banenze abasirikare babo bahungiye mu basivili bigatuma bicwa
Twe abanyarwanda ntawe dusaba uburenganzira bwo kubaho - Perezida Kagame
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yagaragaje ko u Rwanda rwubakiye ku kurengera ibidukikije