Abashakashatsi bagaragaje ko igerageza ry’urukingo rw’agakoko gatera SIDA umuntu aterwa rugakangura uturemangingo dushinzwe ubudahangarwa bw’umubiri, rukatwongerera ubushobozi bwo gukora abasirikare barwanya aka gakoko, ryatanze icyizere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Gatabazi JMV ntakiri Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu
10 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yakuye Gatabazi Jean Marie Vianney ku mwanya wa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, amusimbuza Musabyimana Jean Claude.
Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Ugushyingo 2022 ryemeje izi mpinduka.
Musabyimana yari Umunyamabanga Uhoraho muri MINAGRI akaba ari umwanya yagiyeho avuye ku mwanya w’Umukuru w’Intara y’Amajyaruguru.
Kuwa 15 Werurwe 2021 nibwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakoze impinduka mu bagize (…) -
Arkiyepiskopi wa Kigali Antoine Kambanda yimitswe na Papa kuba umu Kardinali
28 November 2020, by Dusingizimana RemyMu muhango wabereye I Vatican muri Basilika ya St Pierre,Nyiricyubahiro Karidinali Antoine Kambanda yimitswe ku mugaragaro na Papa Francis kuba umukaridinali,aba umunyarwanda wa mbere ubigezeho.
-
RIB yatabaye mu ibanga umugore wari ugiye kwicwa n’ umugabo we
3 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore witwa Nzitukuze Yvette yatabawe n’ Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha kubera amakuru yatanzwe n’ umuturage nyiri ugucurirwa umugambi wo kwicwa atabizi.
-
RDF yatangaje impamvu abari abasirikare bakuru bayo birukanywe
14 June 2023, by Joseph IradukundaMu kiganiro n’abanyamakuru cyari kigamije kugaruka ku mpamvu zatumye RDF yirukana abasirikare 116 abandi 112 amasezerano yabo yaseshwe, ubusinzi bwongeye kuvugwa mu birukanywe.
Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yabwiye abanyamakuru ko Maj Gen Aloys Muganga yirukanywe kubera impamvu z’ubusinzi bukabije.
Muenzi we Brig Gen Francis Mutigana we ngo yirukaniwe gusuzugura inzego za gisirikare.
Brig Gen Ronald Rwivanga yabajijwe niba uko kwirukanwa no gusesa (…) -
Perezida Kagame yakoze icyananiye Afurika Yunze Ubumwe
9 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKomisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ivuga ko kuva Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yatangira inshingano zo kuyobora amavugurura agamije kwigira k’uyu muryango, hatewe intambwe ishimishije, igaragarira mu byatangiye kugerwaho.
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat n’umwungirije, Umunyarwandakazi Dr Monique Nsanzabaganwa bari mu Rwanda, basuzuma aho amavugurura y’uyu muryango ageze.
Aya mavugurura amaze imyaka itandatu ayobowe na Perezida (…) -
Kuki abakuru b’ibihugu muri Afurika bicecekeye ku ntambara y’Uburusiya na Ukraine?
2 March 2022, by Dusingizimana RemyNyuma y’uko icyorezo cya Covid-19 gisa n’ikirimo guhashywa, nubwo kitararangira, intambara muri Ukraine nicyo kintu ubu isi ihanzeho amaso, ahanini kubera ingaruka zayo.
Urebeye kure, iyi ni intambara ahanini ishyamiranyije Uburusiya n’ibihugu bya Amerika n’inshuti zayo byibumbiye muri OTAN - nubwo byo bitari mu mirwano.
Umugabane wa Africa wo ufitanye umubano n’izo mpande zombi, ushingiye ku mateka, inyungu, inkunga, ubutegetsi, ubucuruzi, ijambo, n’ibindi.
Mu buryo bugaragara, (…) -
Nyagatare: Igisasu gishaje cyaturikanye umwana w’imyaka 7 bimuviramo urupfu
5 August 2020, by Dusingizimana RemyUmwana w’umuhungu wo mu kigero cy’imyaka 7 witwa Rukundo William wo mu murenge wa Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare yaturikanwe n’igisasu gishaje kiramukomeretsa bikomeye birangira apfiriye mu bitaro yari yajyanwemo.
-
U Burundi bwanze kwitabira inama y’abakuru b’ibihugu byo muri aka karere yatumijwe na Tshisekedi
12 September 2020, by Dusingizimana RemyUburundi bwatangaje ko butazitabira inama iteganyijwe mu minsi iri imbere i Goma hagati y’abakuru b’ibihugu byo muri aka karere k’ibiyaga bigari yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi.
-
RDF yemeje ko FARDC na FDLR barashe mu Rwanda
27 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cy’u Rwanda (RDF), kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mutarama cyemeje ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa FDLR barashe ku butaka bw’u Rwanda.
Umuryango.rw
Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere
Gatabazi JMV ntakiri Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu
RDF yatangaje impamvu abari abasirikare bakuru bayo birukanywe
Perezida Kagame yakoze icyananiye Afurika Yunze Ubumwe
Kuki abakuru b’ibihugu muri Afurika bicecekeye ku ntambara y’Uburusiya na Ukraine?
Nyagatare: Igisasu gishaje cyaturikanye umwana w’imyaka 7 bimuviramo urupfu
U Burundi bwanze kwitabira inama y’abakuru b’ibihugu byo muri aka karere yatumijwe na Tshisekedi
RDF yemeje ko FARDC na FDLR barashe mu Rwanda