Ibinyamakuru bitandukanye byo hirya no hino ku isi byacitse ururondogoro kubera inkuru y’umugore wo mu gihugu cya Afrika y’epfo wibarutse abana 10 barimo abahungu 7 hamwe n’abakobwa 3.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Afrika y’Epfo: Umugore yabyaye abana 10 icyarimwe akora agahigo ku isi
8 June 2021, by Dusingizimana Remy -
Abana bagwingira mu Rwanda bageze kuri 27% bavuye kuri 33%
17 December 2025, by Brenda MIZEROUbushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima, DHS7, bwagaragaje ko imibare y’abana bari munsi y’imyaka 5 bagwingira mu Rwanda yageze kuri 27% mu mwaka wa 2025.
-
Minisitiri Busingye yibukije Uganda ko gukwirakwiza ibihuha mu binyamakuru bishobora gukoma mu nkokora amasezerano y’I Luanda
30 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubutabera mu Rwanda, Johnston Busingye,yatangaje ko gukwirakwiza ibihuha mu binyamakuru bishobora gukoma mu nkokora amasezerano y’I Luanda nyuma y’aho ikinyamakuru New Vision kibogamiye kuri Leta ya Uganda cyatangaje ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda,yabonanye na Kizza Besigye nama i New York.
-
U Rwanda rwahakanye ku by’ubutumire bwa Uganda ku biganiro na yo bivugwa ko rwahawe
21 October 2019, by Martin MunezeroUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda, Amb. Nduhungirehe Olivier, yavuze ko bitangaje kubona mu itangazamakuru ryo muri Uganda itariki y’ubutumire ku biganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi, kandi inzego z’u Rwanda zitarabimenyeshwa.
-
U Rwanda rwihanganishije ababuriye ababo mu bisasu bya FARDC
11 February 2025, by Joseph IradukundaInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 10 Gashyantare yihanganishije imiryango 16 yaburiye ababo mu bisasu ingabo za Kongo n’abo bafatanyije kurwanya M23 baherutse kurasa mu Rwanda.
-
Kazungu Denis yavuze impamvu yatumye yica abakobwa urw’agashinyaguro
21 September 2023, by Dusingizimana RemyKazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha 10 by’ubwicanyi yakoreye mu Karere ka Kicukiro yagejejwe imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro atangira kuburanishwa ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo.
-
Umunyarwandakazi yiciwe muri Malawi n’ abantu bamuteye ibyuma
13 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa w’ umunyarwandakazi witwaga Muganga yiciwe muri Malawi hashira iminsi itatu ntawe uramenya irengero rye. Abo mu muryango we bakeka ko yaba yarishwe n’ abanyeshyari
-
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yabonye Minisitiri mushya,Busingye ahindurirwa imirimo
31 August 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yashyizweho ku wa 14 Nyakanga 2021 mu nama y’abaminisitiri, yahawe umuyobozi wayo wa mbere ariwe Dr Bizimana Jean Damascène wari usanzwe ayoboraga CNLG kuva mu 2015.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame niwe wagize Dr. Bizimana Jean Damascene Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu mu gihe Busingye Johnston wari Minisitiri w’Ubutabera yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza
Iyi minisiteri yahawe kuyobora ifite inshingano zo (…) -
U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda barenga 300 bari barafashwe bugwate na FDLR
17 May 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 17 Gicurasi 2025 U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 360 baturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique
14 July 2020, by Dusingizimana RemyUmusirikare w’u Rwanda wari mu butumwa bw’amahoro (MINUSCA) muri Repubulika ya Centrafrique yiciwe mu gitero cyagabwe kuri izo ngabo mu gace ka Nana-Mambéré kari mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu.
Umuryango.rw
Abana bagwingira mu Rwanda bageze kuri 27% bavuye kuri 33%
U Rwanda rwihanganishije ababuriye ababo mu bisasu bya FARDC
Kazungu Denis yavuze impamvu yatumye yica abakobwa urw’agashinyaguro
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yabonye Minisitiri mushya,Busingye ahindurirwa imirimo
U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda barenga 300 bari barafashwe bugwate na FDLR
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique