Umukuru wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko igihugu cye kidatanga umusanzu cyifuza mu guteza imbere ubuhanga bugenzweho bwa ‘Artificial Intelligence’ kubera ubushotoranyi no gusahurwa bashinja u Rwanda.
Mu nama y’ihuriro ry’abagize inteko zishinga amategeko ku isi irimo kubera i Genève mu Busuwisi, ku wa mbere Sama Lukonde yavuze ibyo igihugu cye kirimo gukora mu guteza imbere ikoranabuhanga n’imbogamizi gihura na zo.
Ibiganiro muri iyi nama rusange y’iri huriro (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
DRC ‘ntitanga umusanzu yifuza mu guteza imbere Artificial Intelligence kubera u Rwanda’ – Sama Lukonde
15 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Umuryango wa Rusesabagina uvuga ko hashize iminsi 15 atarabona inyandiko imukatira
6 October 2021, by Dusingizimana RemyUmuryango wa Paul Rusesabagina uvuga ko atarashyikirizwa kopi y’inyandiko y’urukiko yo gukatirwa kwe, nyuma y’iminsi 15 ishize urubanza rusomwe.
Bwana Rusesabagina, w’imyaka 67, ku itariki ya 20 y’ukwezi kwa cyenda yakatiwe gufungwa imyaka 25 ahamwe n’ibyaha by’iterabwoba, mu rubanza yafatwagamo nk’uregwa w’ibanze mu bandi 20.
Umunyamategeko ukorera mu Rwanda yabwiye BBC ko "ubundi bagombye gusoma urubanza n’iyo kopi ihari", ariko ko wenda haramutse habayeho ikibazo cy’imyandikire gisaba (…) -
Burundi: Abayobozi ba mbere bagize Guverinoma ya Evariste Ndayishimiye bamaze gutangazwa
23 June 2020, by Dusingizimana RemyInteko ishinga amategeko mu Burundi yamaze kwemezwa Alain-Guillaume Bunyoni nka Minisitiri w’Intebe ndetse Prosper Bazombanza agirwa Visi Perezida w’u Burundi.
-
Gen Kakule uyoborera Kivu y’Amajyaruguru mu buhungiro yagaragaje ko Leta yamutereranye
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Evariste Kakule Somo, yagaragaje ko yatereranywe na Leta.
-
Uganda yarekuye Abanyarwanda 13 yari ifunze mu buryo bunyuranyije n’amategeko
18 February 2020, by Dusingizimana RemyIgihugu cya Uganda cyatangiye kugaragaza ubushake bwo kurekura abanyarwanda cyari gifunze mu buryo bunyuranyije n’Amategeko cyane ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri yamaze kurekura Abanyarwanda 13.
-
Iyo ucitse ukuguru utanga arenga 400 000 Frw buri myaka 3 ku nsimburangingo
3 December 2017, by Nsanzimana ErnestAbantu bafite ubumuga bishimira ko Leta y’u Rwanda isigaye ibitaho by’ umwihariko, gusa ngo babangamiwe no kuba insimburangingo ziri ku giciro kitoroheye buri wese no kuba ziboneka hake binyuranyije n’ uko itegeko ribiteganya.
Tariki 3 Ukuboza ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku bantu bafite ubumuga. U Rwanda rwawizihirije I Gahini mu karere ka Kayonza gafite abantu barenga ibihumbi 4 bafite ubumuga.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Ushinzwe Imibereho (…) -
Kigali ishobora gusubira mu buzima busanzwe bitarenze ukwezi kwa Nzeri
28 August 2021, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa,yavuze ko abaturage ayobora basobanukiwe neza gahunda yo kwikingiza ariyo mpamvu umubare w’abamaze gufata urukingo nugera kuri 90% ibikorwa byose bizafungurwa bitarenze mu kwezi gutaha.
-
Karongi: Umumotari yishwe n’abagizi ba nabi barangije batwara moto ye
4 September 2019, by Dusingizimana RemyUmumotari witwa Maniriho Faustin wari uzwi nka Gasiga w’imyaka 30 yaraye yiciwe mu murenge wa Rubengera,mu kagari ka Bubazi mu mudugudu wa Gitwa mu karere ka Karongi ubwo yari mu kazi umurambo we ubonwa mu gitondo n’abantu bari bagiye mu kazi.
-
Ntacyo igihugu kitaduhaye, ahasigaye ni ahacu – Madamu Jeannette Kagame yageneye ubutumwa abagore
21 March, by ISIMBI EstellaMadamu Jeannette Kagame yashimangiye ko abagore bakwiye kurushaho kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu, bibanda ku guhindura imitekerereze, imyumvire n’imikorere igamije imibereho myiza n’iterambere ry’ubukungu.
-
Minisitiri Shingiro yatumiye Dr.Vincent Biruta I Burundi mu rugendo rwo gutsura umubano
20 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi Albert Shingiro na Vincent Biruta, w’u Rwanda, uyu munsi bahuriye ku mupaka w’ibihugu byombi wa Nemba – Gasenyi baganira ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
DRC ‘ntitanga umusanzu yifuza mu guteza imbere Artificial Intelligence kubera u Rwanda’ – Sama Lukonde
Umuryango wa Rusesabagina uvuga ko hashize iminsi 15 atarabona inyandiko imukatira
Burundi: Abayobozi ba mbere bagize Guverinoma ya Evariste Ndayishimiye bamaze gutangazwa
Gen Kakule uyoborera Kivu y’Amajyaruguru mu buhungiro yagaragaje ko Leta yamutereranye
Iyo ucitse ukuguru utanga arenga 400 000 Frw buri myaka 3 ku nsimburangingo
Kigali ishobora gusubira mu buzima busanzwe bitarenze ukwezi kwa Nzeri
Ntacyo igihugu kitaduhaye, ahasigaye ni ahacu – Madamu Jeannette Kagame yageneye ubutumwa abagore