Colonel Michael Randrianirina wayoboye igikorwa cyo gukura Andry Rajoelina ku butegetsi bwa Madagascar, kuri uyu wa 17 Ukwakira 2025 yarahiriye kuyobora iki gihugu by’agateganyo mu gihe hataraba amatora.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Colonel Randrianirina yarahiriye kuyobora Madagascar by’agateganyo
17 October 2025, by Brenda MIZERO -
#AFCON2025Q: Amavubi yatangiye kwitegura Libya na Nigeria (Amafoto)
12 November 2024, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi, kuri uyu wa mbere yatangiye umwiherero utegura imikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2025 izayihuza na Libya na Nigeria.
-
Perezida Kagame yakiriwe na Mugenzi we wa Sénégal Macky Sall
22 February 2022, by SHEMA EMMANUELPerezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko muri Sénégal aho yagiye kwifatanya na mugenzi w’icyo gihugu, Macky Sall, mu muhango wo gufungura ku mugaragaro Stade y’i Dakar ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 50.
-
Perezida wa Pologne na Madamu we bageze mu Rwanda
6 February 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Pologne Andrzej Duda na Madamu we Agata Kornhauser-Duda bageze mu Rwanda, aho baje mu ruzinduko rw’akazi.
-
Nyabihu: Perezida Kagame yategetse ko bishyurwa mu cyumweru bagiye ku bishinzwe ababwira ko Leta yahombye
7 February 2018, by Nsanzimana ErnestHari Abaturage bo mu karere ka Nyabihu bamaze imyaka 10 basaba kwishyurwa ingurane y’ ubutaka bwabo Leta yateyeho ishyamba ikaryomeka ku ishyamba rya Gishwati.
Muri 2008 nibwo aba baturage bavuga ko bagera kuri 800 batanze amasambu yabo Leta iyateramo ishyamba.
Manzi Fabrice ubahagarariye yatangarije UMURYANGO ko muri 2012 hari bake bahawe amafaranga y’ ingurane nabwo ngo bahabwa make bagereranyije n’ ayo umugenagaciro yahaye ubutaka bwabo.
Manzi akomeza avuga ko muri Nyakanga 2017, (…) -
‘Kudutera uturutse hanze biragoye’ Perezida Kagame
14 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yavuze ko nta mwanzi watera u Rwanda aturutse hanze y’ igihugu ngo abishobore ko ahubwo umwanzi ukomeye ari uwaturuka imbere mu gihugu.
Umukuru w’ igihugu yabivuze kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2017 ubwo ishyaka FPR inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda ryizihizaga imyaka 30 rishinzwe.
Yagize ati “Indake iri hano iri muri twe, ikizaturinda kikarinda ibyo twubaka kiri muri twe hano muri mwe. Nitwirinda ya mico mibi, tukuzuzanya, tukagira ubumwe, tukagira imyitwarire (…) -
Abadepite banenze imvugo Me Evode yakoresheje mu nteko
18 October 2017, by Nsanzimana ErnestAbadepite banenze zimwe mu mvugo z’ Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko muri Minisiteri y’Ubutabera Me Evode Uwizeyimana.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2017, ubwo Me Evode yagaragarizaga abadepite ishingiro ry’ ivugurura ry’ igitabo cy’ amategeko ahana ibyaha mu Rwanda yagereranyije uko icyo gitabo cyari kimeze ‘ishyamba ry’ inzitane’ ashaka kugaragaza ko cyari kigizwe n’ ingingo nyinshi bikagorana kubonamo ingingo runaka.
Iyi mvugo abadepite barimo (…) -
Trump avuga ko Ukraine ishobora kwisubiza ubutaka bwose Uburusiya bwafashe
24 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’Amerika Donald Trump yavuze ko ubutegetsi bwa Kyiv bushobora "kwisubiza Ukraine yose mu mwimerere wayo", amagambo ye akaba agaragaje impinduka ikomeye ku ho ahagaze ku ntambara ya Ukraine n’Uburusiya.
-
Perezida Kagame aritabira inama yiga ku buryo Afurika yakwikorera inkingo za Covid-19 idategereje amahanga
12 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Mata 2021, Perezida Paul Kagame aritabira inama y’iminsi ibiri igiye kwiga ku buryo Umugabane w’Afurika watangira kwikorera inkingo z’icyorezo cya COVID-19 udategereje buri gihe gukomeza kugenerwa izikorerwa ku yindi migabane.
-
Mukuralinda yashimangiye ibwiriza ryo gusenyera abagituriye umugezi wa Sebeya
20 August 2023, by Joseph IradukundaUmuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda, yatangaje ko nta kuberereka kuzabaho mu kwimura burundu abo mu karere ka Rubavu baturiye umugezi wa Sebeya ndetse no gusenya ibikorwaremezo bihegereye.
Umuryango.rw
Colonel Randrianirina yarahiriye kuyobora Madagascar by’agateganyo
#AFCON2025Q: Amavubi yatangiye kwitegura Libya na Nigeria (Amafoto)
Perezida Kagame yakiriwe na Mugenzi we wa Sénégal Macky Sall
Perezida wa Pologne na Madamu we bageze mu Rwanda
Trump avuga ko Ukraine ishobora kwisubiza ubutaka bwose Uburusiya bwafashe
Perezida Kagame aritabira inama yiga ku buryo Afurika yakwikorera inkingo za Covid-19 idategereje amahanga
Mukuralinda yashimangiye ibwiriza ryo gusenyera abagituriye umugezi wa Sebeya