Perezida Paul Kagame yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ethiopia, Field Marshal Birhanu Jula, uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ethiopia
15 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
U Rwanda ntirushyigikiye gutandukana kwa Somalia na Somaliland
29 December 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko idashyigikiye umugambi umaze iminsi wo kwitandukanya kwa Somalia n’Intara ya Somaliland, ishimangira ko igikenewe ari ugushyira imbaraga mu nzira y’amahoro n’iterambere hubahirijwe amategeko mpuzamahanga.
-
MINISANTE yatangaje umubare w’abamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda
28 September 2024, by EmmyMinisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Nzeri yatangaje ko abantu batandatu mu gihugu ari bo bamaze guhitanwa n’icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg.
-
Urubyiruko rw’u Rwanda rwasabwe kwitinyuka ku isoko ry’umurimo muri EAC
28 October 2021, by Dusingizimana RemyKu wa mbere w’iki cyumweru,mu mujyi wa Kigali habereye inama y’umunsi umwe yari igamije gushishikariza urubyiruko rw’ u Rwanda kwitinyuka rukitabira isoko ry’umurimo muri Afurika y’iburasirazuba.
-
Bamporiki na CG (Rtd) Emmanuel Gasana bari mu bahawe imbabazi n’Umukuru w’Igihugu
19 October 2024, by Joseph IradukundaBamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko na CG (Rtd) Gasana Emmanuel wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, bahawe imbabazi na Perezida Paul Kagame.
-
Papa Francis yasabye ikintu gikomeye Uburusiya na Ukraine biri mu ntambara
11 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yasabye ko habaho agahenge muri Ukraine, kageza ku biganiro no ku mahoro.
-
Al Hilal Benghazi yatsinze Rayon Sports kuri penaliti igera mu matsinda ya CAF CC
30 September 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yasezerewe na Al Hilal Benghazi kuri penaliti 4-2 mu ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup kuri uyu wa Gatandatu, tariki 30 Nzeri,wabereye kuri stade ya Kigali Pele Stadium.
-
Ijambo rya Perezida Kagame mu gutangiza Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo #Kwibuka31
14 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMwiriwe neza mwese? Ngira ngo biroroshye wenda kugira aho mpera, ndahera ku mateka Bizimana yatubwiye, arambuye afite ibimenyetso ashingiyeho.
Ariko ndagira ngo nshimire mwese abari hano, mwaje kwifatanya n’Igihugu, n’Abanyarwanda, cyane cyane mwebwe abaturuka hanze, mu bindi bihugu, cyangwa ababihagarariye hano mu gihugu cyacu.
Ndabashimira kuko kenshi, uko dusigaye tubibona, uko bisigaye biri, ukuri ntabwo kukigenderwaho.
Ni nacyo gituma…, ariko reka mvuge ntya: Hari umuntu w’ (…) -
Minisitiri Bizimana yasabye gukosora imvugo “indangamirwa” ikoreshwa ku bakora uburaya
6 April, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr Jean Damascène Bizimana, yasabye abanyarwanda gukosora imvugo ikoreshwa ku bakora uburaya, anenga ababitirira izina ry’“indangamirwa”, avuga ko rinyuranye n’igisobanuro nyacyo cy’iri jambo.
-
Perezida Kagame yatorewe kuyobora umuryango wa EAC
2 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye atorewe inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango yateraniye i Arusha muri Tanzania,kuri uyu wa Gatanu.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ethiopia
U Rwanda ntirushyigikiye gutandukana kwa Somalia na Somaliland
MINISANTE yatangaje umubare w’abamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda
Urubyiruko rw’u Rwanda rwasabwe kwitinyuka ku isoko ry’umurimo muri EAC
Bamporiki na CG (Rtd) Emmanuel Gasana bari mu bahawe imbabazi n’Umukuru w’Igihugu
Papa Francis yasabye ikintu gikomeye Uburusiya na Ukraine biri mu ntambara
Al Hilal Benghazi yatsinze Rayon Sports kuri penaliti igera mu matsinda ya CAF CC
Ijambo rya Perezida Kagame mu gutangiza Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo #Kwibuka31
Minisitiri Bizimana yasabye gukosora imvugo “indangamirwa” ikoreshwa ku bakora uburaya