Dr Mbonimana Gamariel uheruka kwegura ku mirimo y’ubudepite kubera ubusinzi bukabije yasabye imbabazi Perezida Kagame ndetse yemeza ko yafashe umwanzuro wo kuzireka.
Dr. Gamariel Mbonimana yavuzweho gutwara imodoka yasinze ndetse afatwa na polisi inshuro 6, yasabye imbabazi Perezida Paul Kagame amubwira ko avuye ku nzoga burundu kandi ko yongeye kugirirwa icyizere, yakuzuza inshingano zose yahabwa.
Ati "Mbikuye ku mutima nsabye imbabazi Nyakubahwa Perezida n’Abanyarwanda mwese. Nakoze (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Depite Mbonimana weguye kubera ubusinzi bukabije yasabye imbabazi Perezida Kagame yiyemeza no kureka umusemburo
15 November 2022, by Dusingizimana Remy -
"U Rwanda nta n’urushinge rwigeze ruduha"-M23 yahishuye aho ikura intwaro inavuga impamvu FARDC ishinja u Rwanda kubafasha
12 June 2022, by Dusingizimana RemyIntambara zasubiye kwaduka kuva mu gitondo cyo kuri iki cyumweru mu gace ka Bunagana kari mu ka karere ka Rutshuru mu ntara ya Kivu ya Ruguru hagati y’igisirikare cya Congo, FARDC, n’umutwe w’inyeshamba M23.
Amakuru ava i Bunagana avuga ko abaturage bahungira muri Uganda no mu tundi duce turimo umutekano.
Amakuru ava muri Congo avuga ko intambara zirimo kubera mu duce twa Chanzu, Runyoni, Bigega, Musongati, Muhenzi na Kariba, nkuko byemezwa n’umuvugizi wa M23.
Général de Brigade (…) -
BURUNDI: Perezida Nkurunziza wari umaze imyaka 15 ku butegetsi yahitanwe n’uburwayi
9 June 2020, by Dusingizimana RemyUwari Perezida w’Uburundi Nyakubahwa Pierre Nkurunziza yatabarutse kuri uyu wa Mbere tariki ya 08 Kamena 2020 azize guhagarara k’umutima nkuko byavuzwe na Guverinoma y’u Burundi.
-
Iyo umuturanyi afite inzu ya nyakatsi nawe ufite nyakatsi ntabwo mukinisha umuriro-Perezida Kagame
31 December 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Kagame yagiranye ikiganiro cy’amasaha agera kuri 2 n’Ikigo cy’igihugu cy’Itangazamakuru aho yavuze ku ngingo nyinshi z’aho u Rwanda rugeze rwiyubaka nyuma ya Jenoside,iyeguzwa ry’abayobozi mu turere,umuryango wa EAC ndetse by’umwihariko yagarutse ku kibazocy’umubano na Uganda n’abahungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yavuze ku mubano w’u Rwanda na Uganda anasubiza abanenga imikoranire y’u Rwanda na Arsenal mu kiganiro yahaye NTV
12 November 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yagiranye ikiganiro kirambuye n’umunyamakuru Smriti Vidyarthi wa Televiziyo yo muri Kenya ya NTV,wamubajije ku mubano w’u Rwanda na Uganda ndetse n’icyo amasezerano u Rwanda rufitanye na Arsenal amaze kugeraho.
-
Perezida Kagame na Museveni bagiye kongera guhurira muri Angola muri iki Cyumweru
19 August 2019, by Dusingizimana RemyKuwa 21 Kanama 2019,Perezida Kagame na Yoweli Kaguta Museveni bazahurira I Luanda muri Angola mu nama izabahuza na bagenzi babo ba Angola na RDC hagamijwe gushakira umuti ibibazo by’ubwumvikane bucye buri hagati y’u Rwanda na Uganda.
-
Musenyeri Mbanda azakomeza kuyobora umuryango witandukanyije na Angilikani yo mu Bwongereza
5 March, by Brenda MIZEROUmuyobozi Mukuru w’Itorero Angilikani mu Rwanda, Musenyeri Dr. Laurent Mbanda, azakomeza kuyobora umuryango GAFCON (Global Fellowship of Confessing Anglicans) ugendera ku myemerere iboneye ishingiye ku ijambo ry’Imana.
-
Mwiseneza Josiane yakiriye abanya Canada bashaka gutera inkunga umushinga we
12 February 2019, by Dusingizimana RemyAbanya Canada barimo umudepite witwa Eve Torees na Jean Claude Aimé Kumuyange baraye bageze mu Rwanda baje guhura na Mwiseneza Josiane kugira ngo batere inkunga umushinga we.
-
Perezida Kagame yatangije inama ya Youth Connekt Africa 2024 i Kigali yitabiriwe n’Abarenga 3000
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Ugushyingo 2024, yitabiriye Inama ya 7 y’Ihuriro ry’Urubyiruko muri Afurika, Youth Connekt Africa 2024. Ni inama ibera muri Kigali Convention Centre yatangiye uyu munsi bikaba biteganyijwe ko izasozwa kuwa 10 Ugushyingo, yitabiriwe n’abarenga 3000 baturutse hirya no hino muri Afurika.
-
Dr Frank Habineza yavuze ku kibazo cy’imisoro cyagarutsweho na Perezida Kagame
10 January 2023, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza,yashimiye Perezida Kagame kuba yahaye umurongo ikibazo cy’imisoro yari iremereye abanyarwanda,asaba ko yagabanwa vuba abanyarwanda bakongera gukora bishimye.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere,tariki ya 9 Mutarama 2023,Perezida Kagame yasabye inzego zibishinzwe kugabanya imisoro kuri rubanda,kuko kwaka myinshi ataribyo bituma iboneka.
Yabivuze ubwo yakiraga indahiro ya (…)
Umuryango.rw
Depite Mbonimana weguye kubera ubusinzi bukabije yasabye imbabazi Perezida Kagame yiyemeza no kureka umusemburo
"U Rwanda nta n’urushinge rwigeze ruduha"-M23 yahishuye aho ikura intwaro inavuga impamvu FARDC ishinja u Rwanda kubafasha
BURUNDI: Perezida Nkurunziza wari umaze imyaka 15 ku butegetsi yahitanwe n’uburwayi
Musenyeri Mbanda azakomeza kuyobora umuryango witandukanyije na Angilikani yo mu Bwongereza
Perezida Kagame yatangije inama ya Youth Connekt Africa 2024 i Kigali yitabiriwe n’Abarenga 3000
Dr Frank Habineza yavuze ku kibazo cy’imisoro cyagarutsweho na Perezida Kagame