Mu ibaruwa yo ku italiki 5/11/2018 Komisiyo y’abakozi ba Leta yandikiye Minisante yayisabye gutanga ibihano bitenganwa n’amategeko ku bihano bihabwa abakozi ba Leta bakoze amakosa anyuranye igahana abayobozi n’abakozi bose bagize uruhare mu gutanga akazi mu buryo bw’uburiganya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Komisiyo y’Abakozi ba Leta yasabye Minisante kwirukana abakozi bayo batanze akazi mu buriganya
20 December 2018, by Joseph Hakuzwumuremyi, Ubwanditsi -
FARDC yise General Gakwerere wa FDLR umukozi w’u Rwanda
2 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu itariki 01 Werurwe 2025, umutwe wa M23 ushyikirije u Rwanda abarwanyi ba FDLR wafatiye ku rugamba barimo General Ezechiel Gakwerere ukurikiranweho ibyaha bya jenoside, no kubona ukuri ku byakunze kuvugwa na Leta ya Kigali ku bufatanye bwa FARDC na FDLR gukomeje kujya ahagaragara, Igisirikare cya Congo kihanukiriye cyemeza ko uyu yari umukozi w’u Rwanda.
-
Dr Frank Habineza yarahiriye kuzahagarika ifungwa ry’imipaka ku baturanyi naba Perezida
27 June 2024, by Dusingizimana RemyKandida perezida,Dr Frank Habineza w’Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije yabwiye abatuye mu Murenge Busoro, mu karere ka Nyanza ko natorwa azateza imbere ubuhinzi, guhanga umurimo kandi ko politiki ye izatuma nta gihugu gituranyi kizafunga umupaka.
-
Icyo wamenya ku ruzinduko rw’iminsi 6 Perezida Kagame agiye kugirira muri Singapore
18 September 2024, by Joseph IradukundaGuverinoma ya Singapore yatangaje ko Perezida Paul Kagame agiye kugirira uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itandatu muri icyo gihugu giherereye muri Aziya.
-
Hagiye gusohoka Album ya nyuma ya Bizimungu Dieudonné wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
8 October 2025, by Brenda MIZEROKompanyi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitwa Mississippi Records yatangaje ko igiye gusohora Album y’umuhanzi Bizimungu Dieudonné, umwe mu baririmbyi b’Abanyarwanda bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
U Rwanda rugeze he mu kwihaza mu biribwa?
3 February, by Brenda MIZEROU Rwanda kimwe n’ibindi bihigu, rukomeje urugamba rwo gushaka kwihaza mu biribwa n’umutekano wa byo mu rwego rwo guharanira imibereho myiza y’abaturage.
-
Ubukungu bwarazamutse, ishoramari n’ihangwa ry’imirimo biriyongera: Ibyo u Rwanda rumaze kugeraho muri NST2
5 February, by ISIMBI EstellaMu mwaka wa 2024/2025 ni bwo u Rwanda rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda ya kabiri y’imyaka itanu yo kwihutisha iterambere NST2.
-
CHUK yahawe ‘Ultrasound’ igezweho isuzuma ibibazo byose umwana uri mu nda afite
11 July 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro ry’abaganga bavura indwara z’abagore, RSOG, rikomeje kugira uruhare rufatika mu guteza imbere serivisi z’ubuvuzi mu Rwanda.
-
Muhanga: Abakobwa batewe inda basabwa guterwa izindi ngo bakomeze guhabwa indezo
18 October 2021, by UbwanditsiBamwe mu bakobwa babyariye iwabo incuro zirenze imwe bavuga ko nta mahitamo bari bafite, ngo bashakaga kubona indezo bagenerwa n’ababateye iza mbere. Bityo hari impuguke n’abashakashatsi basanga basanga ikibazo cy’inda ziterwa abangavu gikwiye kureberwa mu mpande zitandukanye.
-
Umusanzu wa Mituweli wiyongereye
24 February, by Angeline MUKANGENZIIteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari mu rwego rwa mbere rw’imibereho wageze kuri 4.000 Frw, na ho amafaranga menshi azatangwa akaba ibihumbi 20 Frw ku bari ku rwego rwa gatanu.
Umuryango.rw
Komisiyo y’Abakozi ba Leta yasabye Minisante kwirukana abakozi bayo batanze akazi mu buriganya
FARDC yise General Gakwerere wa FDLR umukozi w’u Rwanda
Dr Frank Habineza yarahiriye kuzahagarika ifungwa ry’imipaka ku baturanyi naba Perezida
Icyo wamenya ku ruzinduko rw’iminsi 6 Perezida Kagame agiye kugirira muri Singapore
Hagiye gusohoka Album ya nyuma ya Bizimungu Dieudonné wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
U Rwanda rugeze he mu kwihaza mu biribwa?
Ubukungu bwarazamutse, ishoramari n’ihangwa ry’imirimo biriyongera: Ibyo u Rwanda rumaze kugeraho muri NST2
CHUK yahawe ‘Ultrasound’ igezweho isuzuma ibibazo byose umwana uri mu nda afite
Muhanga: Abakobwa batewe inda basabwa guterwa izindi ngo bakomeze guhabwa indezo
Umusanzu wa Mituweli wiyongereye