Uwanzwenuwe Theonetse wari umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu na Mukansanga Clarisse wari Umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’ Abaturage beguye kuri iyi myanya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nyabihu: Meya na Visi meya wavuzweho kwanga kwakira urumuri rw’ ikizere beguye
11 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame na Madamu bafashije Gen Muhoozi kwizihiza isabukuru ye
25 April 2023, by Dusingizimana Remy, Joseph IradukundaPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza Gen Muhoozi Kainerugaba,mu kumwifuriza isabukuru nziza y’imyaka 49 yujuje.
Ku cyumweru gishize nibwo Gen Muhoozi yageze mu Rwanda hanyuma agira isabukuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Mata.
Gen Muhoozi, muri Werurwe uyu mwaka yari yatangaje ko muri Mata azizihiriza i Kigali isabukuru ye y’imyaka 49 ndetse ko ibirori bye bizitabirwa na Perezida Paul Kagame.
Ubutumwa bwatangajwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu buvuga ko Perezida (…) -
Ibyo wamenya kuri Amb.Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
13 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma y’u Rwanda mu gihe manda isigaje iminsi itageze ku kwezi ngo igere ku musozo.
-
Perezida Kagame yagaragaje ibintu by’ingenzi bigomba gukemuka vuba na bwangu muri 2023
9 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko mu mwaka wa 2023 abayobozi bakwiriye guhindura imikorere ndetse avuga ko uyu mwaka ugomba gusiga hari ibikemutse nk’ikibazo cy’ibirarane by’imishinga y’abaturage,ikibazo cyo gutwara abantu n’ibindi,icy’ubwiyongere bw’imisoro,imitangire ya serivisi no kujya mu mahanga gukabije ku Banyarwanda.
Ibi Perezida Paul Kagame yabigarutseho kuri uyu wa 09 Mutarama 2023,ubwo yayoboraga umuhango wo kurahira kwa Dr Kalinda François Xavier uherutse kugirwa Umusenateri, ngo (…) -
Rwanda Day ihuza Abanyarwanda baba hanze yahawe itariki nshya
17 August 2019, by Martin MunezeroAmbasade y’u Rwanda mu Budage, yatangaje ko umunsi uhuza Abanyarwanda uzwi nka Rwanda Day wari uherutse gusubikwa wahawe itariki nshya, ukazabera mu Mujyi wa Bonn mu Burengerazuba bw’u Budage ku wa 5 Ukwakira 2019.
-
Abandi Banyarwanda 796 bari barafashwe bugwate na FDLR bageze mu Rwanda
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda rwakiriye kuri uyu wa 19 Gicurasi 2025 abandi Banyarwanda 796 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Kagame yateguje abayobozi barangwa n’imikorere mibi ko agiye kubamerera nabi
20 February 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yatangaje ko agiye gufatira ibyemezo bikarishye bamwe mu bayobozi barangwa n’imikorere mibi kandi bafite ubushobozi buhagije bwo kuzuza inshingano zabo.
-
Minisitiri muri MINICOM ni we uzahagararira u Rwanda mu nama ya COMESA i Burundi
29 October 2024, by Joseph IradukundaTariki 31 Ukwakira 2024 hazaba inama ya 23 y’Isoko Rusange rya Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo (Common Market for Eastern and Southern Africa, COMESA), ikazabera mu gihugu cy’u Burundi. Muri iyi nama u Rwanda ruzahagararirwa na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda.
-
Uruganda rwa Rwigara rwareze Leta y’ u Rwanda
31 January 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarungenge, rwatangiye kuburanisha urubanza Uruganda “ Premier Tobacco Company” rw’umuryango wa Rwigara Assinapol, ruregamo ikigo c’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro RRA. Uru ruganda , rusaba urukiko gutegeka iki kigo, kuvanaho inzitizi zose zatumye uru ruganda ruhagarika akazi karwo k’ubucuruzi.
Mu kirego cyihutirwa cyatanzwe n’Uruganda Premier Tobacco Company” rwunganirwa na Me Janvier Rwagatare, rwagejeje ku rukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge, uru (…) -
U Rwanda rwamaganye ibitero by’ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC hafi y’umupaka warwo
10 December 2025, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’u Burundi rimaze iminsi rigaba mu bice bituwe cyane byegereye umupaka wa Bugarama mu Karere ka Rusizi, igaragaza ko bishimangira ko ubutegetsi bw’i Kinshasa budashaka amahoro.
Umuryango.rw
Perezida Kagame na Madamu bafashije Gen Muhoozi kwizihiza isabukuru ye
Ibyo wamenya kuri Amb.Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
Perezida Kagame yagaragaje ibintu by’ingenzi bigomba gukemuka vuba na bwangu muri 2023
Abandi Banyarwanda 796 bari barafashwe bugwate na FDLR bageze mu Rwanda
Minisitiri muri MINICOM ni we uzahagararira u Rwanda mu nama ya COMESA i Burundi
U Rwanda rwamaganye ibitero by’ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC hafi y’umupaka warwo