Abadepite bagize Kominisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo by’Igihugu mu Nteko Ishinga Amategeko barasaba Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB gukora uko bashoboye bagakura mu rungabangabo abaturage baturiye Parike ya Giswati n’iy’Akagera.
Aba baturage bafite ikibazo cy’uko bafatiwe ubutaka bukazitirwa na RDB mu rwego rwo kwagura izi parike zombi mu ntego yo kurushaho guteza imbere ubukerarugendo.
Gusa ngo mu kuzitira ubu butaka, abaturage babukoreshaga bahise babuzwa kongera kubukoreramo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RDB yasabwe gucyemura ibibazo by’igurane kubaturiye parike
11 May 2023, by Rebecca UFITAMAHORO -
Nyaruguru: Inkuba yishe abantu 15 bari mu rusengero
10 March 2018, by Nsanzimana ErnestInkuba yakubise abantu 45 bari mu rusengero rw’ abadivantisite kuri uyu wa Gatandatu 14 bagita bitaba Imana undi apfa nyuma.
Byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 10 Werurwe 2018, mu karere ka Nyaruguru. Abagize ibibazo bajyanywe kuvurirwa ku kigo nderabuzima cya Nyabimata.
Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru, Habitegeko Francois, avuga ko bafite impungenge ko no mu bandi bakomeretse basaga 30, hashobora kuvamo abandi bahasiga ubizima kuko harimo abarembye cyane. Avuga kandi ko uretse aba (…) -
Mignone KABERA baramubujije arumva naho Juliene KABANDA aratsimbarara!
14 May 2025, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko rwambuye icyemezo cy’ubuzima gatozi, urusengero rwa Grace Room, ryashinzwe na Pasiteri Julienne.
-
Hoteli 2 zikomeye mu mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara
11 August 2021, by Dusingizimana RemyThe Mirror Hotel iherereye i Remera ndetse na Portofino Hotel iri i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara kugira ngo hishyurwe umwenda ba nyirazo babereyemo banki.
-
Ubushinjacyaha bwatangiye gushyira hanze imyirondoro y’abahamwe n’ibyaha byo gusambanya abana
11 October 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda, bwashyize hanze urutonde rw’abantu 322 bahamijwe mu buryo budasubirwaho ibyaha byo gusambanya abana no gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato abantu bakuru rwiganjeho ab’igitsinagabo mu gihe abagore ari barindwi barugaragaraho.
Uru rutonde rwashyizwe ku rubuga rw’Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda aho rugaragaraho amazina y’abo bantu ndetse n’amafoto ya bamwe, inyito y’icyaha bahamijwe ndetse n’igihano bahanishijwe.
Ni urutonde rw’abagabo 315 (…) -
Ifoto yakunzwe:Perezida Kagame yagaragaye ari hagati ya Perezida w’Ubumwe bw’u Burayi na Chancelier Kurz bombi bamufashe ku rutugu baganira baseka batwawe
19 December 2018, by Martin MunezeroPerezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye Ihuriro rya Afurika n’u Burayi ryabereye mu mujyi wa Vienne muri Autriche.
-
Minisante: Abayobozi b’imali n’ubutegetsi mu bitaro (DAF) byagaragaye ko bahawe akazi mu buriganya birukanwe
15 May 2018, by UbwanditsiDr. Diane GASHUMBA: Minisitiri w’Ubuzima
Mu mpera z’icyumweru gishize Minisiteri y’ Ubuzima yirukanye abayobozi b’Imali n’Ubutegetsi (DAF) bo mu bitaro icumi nyuma y’aho Komisiyo y’Abakozi ba Leta n’Umurimo ikoreye igenzura ku itangwa ry’ibizamini ku myanya aba bakozi barimo igasanga harabayemo ibinyuranye n’amategeko.
-
Umukobwa wa Perezida Kagame,Ange Kagame yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we Ndengeyingoma [AMAFOTO]
6 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, yashyingiranywe n’umukunzi we,Bertrand Ndengeyingoma,kuri uyu wa gatandatu,taliki ya 06 Kamena 2019,mu bukwe bwabereye kuri Convention Center.
-
Abo intambara ya Uganda n’u Rwanda I Kisangani yagizeho ingaruka barasaba Uganda indishyi
10 June 2019, by UbwanditsiKuva taliki 5 kugeza taliki 10 Kanama 2000 ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zarasaniye mu mujyi wa Kisangani muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, hapfa abasivili bagera mu 1000 n’inkomere zirenga ibihumbi 3000 nk’uko imibare y’imiryango itegamiye kuri Leta yabitangaje.
-
Nduhungirehe yashyize umucyo ku binyoma bya RDC ikomeje gukerensa FDLR
22 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yongeye kugaragaza ibinyoma bya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje gukeretsa umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuryango.rw
RDB yasabwe gucyemura ibibazo by’igurane kubaturiye parike
Mignone KABERA baramubujije arumva naho Juliene KABANDA aratsimbarara!
Hoteli 2 zikomeye mu mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara
Ubushinjacyaha bwatangiye gushyira hanze imyirondoro y’abahamwe n’ibyaha byo gusambanya abana
Minisante: Abayobozi b’imali n’ubutegetsi mu bitaro (DAF) byagaragaye ko bahawe akazi mu buriganya birukanwe
Nduhungirehe yashyize umucyo ku binyoma bya RDC ikomeje gukerensa FDLR