Guverinoma y’u Rwanda n’Ikigo cya Anthropic byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye azamara imyaka itatu, agamije guteza imbere imikoranire mu gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) mu nzego zirimo ubuzima, uburezi n’imitangire ya serivisi za Leta.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda na Anthropic mu bufatanye bwo gukoresha AI mu burezi no mu buvuzi
17 February, by Brenda MIZERO -
U Rwanda rweretse amahanga ko ubukoloni aribwo bwarugejeje kuri Jenocide yakorewe abatutsi 1994
6 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Jean-Damascène Bizimana, yatangaje ko iyo abakoloni b’Abanyaburayi batinjira muri Afurika no mu Rwanda muri rusange hatari kubaho Jenoside yakorewe Abatutsi, ngo ubu habe hari kuba inama ziga ku guhangana n’ingengabitekerezo yayo.
-
Karongi: Imvura yasenye amashuri 8 agwira abanyeshuri bamwe barakomereka
9 March 2022, by Dusingizimana RemyImvura nyinshi yaguye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09 Werurwe,mu Murenge wa Bwishyura yasenye ibyumba by’amashuri 8 byo kuri Groupe Scolaire Kibuye, abanyeshuri 8 bakaba bakomeretse ubu barimo kuvurirwa ku bitaro bikuru bya Kibuye.
Iyi mvura kandi yanangije ibikoresho byinshi by’ishuri, iby’abanyeshuri ndetse n’abarimu.Umuyobozi w’iri shuri yabwiye RBA ko ryubatswe mu 1964.
Iyi mvura nyinshi ivanze n’umuyaga yagurukanye ibisenge by’aya mashuri 8 bisanzwe bitaziritse neza maze amabati (…) -
Perezida Kagame yasabye EU gusangira na Afurika ibyago n’inyungu
9 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Paul Kagame, yasabye ibihugu bihuriye mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) kureka imyumvire ya kera y’ubufatanye bushingiye ku guha Afurika amabwiriza yo isabwa kuyubahiriza, kuko budatanga umusaruro nk’uko byagaragaye mu myaka yashize.
-
Pasiteri Mpyisi yakebuye Bishop Rugagi na Apotre Gitwaza
29 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmusaza w’ inamararibonye mu byerekeye iyobokamana mu Rwanda Pasiteri Ezira Mpyisi yagaye ubumenyi bwa Bishop Rugagi Innocent uyobora Redeemed gospel Church urimo gucuruza udutabo dutanga akazi n’ abagabo na Apotre Paul Gitwara umuyobozi wa Zion Temple uherutse kuvuga ko ariwe muhanuzi wa mbere mu Rwanda no muri Afurika.
-
RDB yinjiye mu iperereza ku birego bya serivisi mbi muri Hoteli Château Le Marara
16 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwatangiye iperereza ku birego by’imitangire mibi ya serivisi, bivugwa muri hoteli Château Le Marara iherereye mu Karere ka Karongi.
-
Undi musirikare mukuru yishwe, Hezbollah yinjiramo: Agezweho ku ntambara ya Israel na Iran
20 June 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Israel zatangaje ko zagabye igitero ahantu hatatu hari intwaro ziremereye zari gukoreshwa mu kugaba ibitero muri Israel, umusirikare mukuru witeguraga kurasa ibisasu bya missile na we ahita apfa.
-
Umunyemari Habumugisha wakubitiye umukobwa mu ruhame yakatiwe igifungo cy’umwaka umwe gisubitse
11 March 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ruri i Nyamirambo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 10 Werurwe 2020, rwasomye imyanzuro y’urubanza ruregwamo Dr Francis Habumugisha nyiri Goodrich TV.
-
Igipimo cy’Ubwiyunge mu Rwanda cyazamutse kigera kuri 94.7%
22 April 2021, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC) yatangaje ubushakashatsi isanzwe ikora buri myaka itanu,bwemeje ko ubwiyunge bumaze kugera kuri 94.7% ,buvuye kuri 92.5% mu mwaka wa 2015, mu gihe mu mwaka wa 2010 intambwe yari kuri 82.3%.
-
Abapolisi b’u Rwanda bavuye mu butumwa muri Centrafrique bagaragaje ibindi bakoze
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuCSP Ildephonse Rutagambwa, Umuyobozi w’abapolisi 140 bari bagize itsinda RWAPSU1-9 ryari mu butumwa muri Repubulika ya Centrafrique, ubwo bageraga mu Rwanda, yavuze ko uretse inshingano zo kurinda abayobozi bakuru, banakoze ibikorwa biteza imbere abaturage ba kiriya Gihugu.
CSP Ildephonse Rutagambwa yabitangaje ubwo iri tsinda ryageraga mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 10 Kamena 2025, nyuma yo gusimburwa n’itsinda RWAPSU1-10 ryageze muri Centrafrique mu gitondo cyo kuri (…)
Umuryango.rw
U Rwanda na Anthropic mu bufatanye bwo gukoresha AI mu burezi no mu buvuzi
U Rwanda rweretse amahanga ko ubukoloni aribwo bwarugejeje kuri Jenocide yakorewe abatutsi 1994
Karongi: Imvura yasenye amashuri 8 agwira abanyeshuri bamwe barakomereka
Perezida Kagame yasabye EU gusangira na Afurika ibyago n’inyungu
RDB yinjiye mu iperereza ku birego bya serivisi mbi muri Hoteli Château Le Marara
Undi musirikare mukuru yishwe, Hezbollah yinjiramo: Agezweho ku ntambara ya Israel na Iran
Abapolisi b’u Rwanda bavuye mu butumwa muri Centrafrique bagaragaje ibindi bakoze