Umujyi wa Kigali washyizeho ahantu hihariye hazategerwa imodoka n’abagenzi bagana mu ntara mu rwego rwo koroshya ingendo mu bihe by’iminsi mikuru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umujyi wa Kigali wakoze impinduka nshya mu koroshya ingendo zijya mu ntara
27 December 2023, by Dusingizimana Remy -
Bishop Niyomwungere wagize uruhare runini mu ifatwa rya Rusesabagina yahaye amakuru urukiko
5 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu nibwo hakomeje urubanza rwa Paul Rusesabagina n’abo bareganwa bakabakaba 20 aho Pasiteri Niyomungere Constantin wagize uruhare runini mu ifatwa rya Rusesabagina akaba ari na we “wamugejeje i Kigali” yatanze amakuru.
-
Minisitiri Nduhungirehe ari mu Bubiligi aho yitabiriye inama ya EU-AU
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe, yageze i Buruseli mu Bubiligi aho yitabiriye inama yahuje Abaminisitiri b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) n’Umuryango w’Ibihugu by’Ubumwe bw’Uburayi (EU).
-
Ingabo za FARDC zishe umuyobozi w’umutwe RUD Urunana waherukaga kugaba igitero i Musanze
10 November 2019, by Dusingizimana RemyIngabo za FARDC za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo biravugwa ko zishe umuyobozi w’umutwe wa FDLR RUD Urunana, Gen. Musabimana Juvenal uzwi nka Afurika Jean Michel.
-
Lt.Colonel Butera wari umujyanama mu bya Gisirikare muri FLN yishwe na FARDC
10 January 2021, by Dusingizimana RemyLt.Colonel Butera Didier wahoze ari umukinnyi wa Mukura Victor Sport mu 1994 ubu akaba yari umujyanama mu bya gisilikare mu mutwe w’inyeshyamba za CNRD/FLN, yishwe arashwe n’ingabo za congo FARDC ahitwa Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo.
-
U Rwanda na RDC byemeranyije ku ngingo zigize amasezerano y’amahoro
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda rya tekiniki ry’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byemeranyije ku ngingo ngari zigize amasezerano y’amahoro hagati y’ibihugu byombi, nyuma y’iminsi hari ibiganiro byaberaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
U Rwanda nicyo gihugu kiri mu nzira y’ amajyambere kiza muri 30 bya mbere byoroshya abashoramari
31 October 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo ya banki y’ isi yerekana uko ibihugu birushyanya korohereza abashoramari yashyize u Rwanda ku mwanya wa 29, nicyo gihugu gikennye kiza mu 100 bya mbere.
-
Ingabire Marie Immaculee yumijwe n’imyambarire y’abanyarwandakazi muri Miss Africa Calabar[AMAFOTO]
29 October 2020, by Martin MunezeroIngabire Marie Immaculée Umuyobozi w’Umuryango Urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda yavuze ko uburyo abakobwa bari bambayemo muri Miss Africa Calabar ntaho bitandukaniye n’ubusa buri buri.
-
Yaka Mwana wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga yongeye gufungwa
31 October 2024, by Joseph IradukundaGasore Pacifique uzwi mu biganiro bitambuka kuri YouTube nka Yaka Mwana, yatawe muri yombi kuri uyu wa Kane tariki ya 31 Ukwakira 2024.
-
Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza
25 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho.
Umuryango.rw
Umujyi wa Kigali wakoze impinduka nshya mu koroshya ingendo zijya mu ntara
Minisitiri Nduhungirehe ari mu Bubiligi aho yitabiriye inama ya EU-AU
U Rwanda na RDC byemeranyije ku ngingo zigize amasezerano y’amahoro
Yaka Mwana wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga yongeye gufungwa
Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe, atangira gukorwaho iperereza