Abahanzi batandukanye bakomeje gutanga umusanzu mu Ibikorwa by’ubukangurambaga byo gushishikariza abantu kwikingiza icyorezo cya Covid-19 nyuma yo kwerekana ko bipimishije ndetse bagakora n’indirimbo bahuriyemo bose.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibyamamare birimo na Miss Grace Ingabire bakanguriye abaturange b’I Rubavu kwikingiza Covid-19
6 November 2021, by Rebecca UFITAMAHORO -
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye
8 December 2022, by Dusingizimana RemyDr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri nkuko yabyanditse mu ibaruwa y’ubwegure bwe.
Mu ibaruwa yanditse yavuze ko yeguye ku mwanya w’ubusenateri n’uwa Perezida wa Sena, kubera uburwayi.Yari amaze imyaka 3 kuri uyu mwanya.
Dr Iyamuremye wo mu ishyaka PSD abaye uwa kabiri weguye ku mwanya w’ubuyobozi bwa Sena nyuma ya Dr Ntawukuriryayo Jean Damascene na we wigeze kwegura, ku mpamvu ze bwite.
Dr. Iyamuremye w’imyaka 76 y’amavuko yatorewe (…) -
Uganda yavuze ko abaturage bayo 50 bafungiwe mu Rwanda bidakurikije amategeko hanyuma u Rwanda ruyisaba ibintu bisaga 5 by’ingenzi
14 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020, nibwo habaye inama ya gatatu ya Komisiyo ihuriweho n’u Rwanda na Uganda yo gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo kugarura umubano hagati y’u Rwanda na Uganda.
-
U Rwanda n’u Burundi bari ’mu nzira yo kumvikana’
14 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatangaje ko Urwanda n’u Burundi biri "mu nzira yo kureka ubushyamirane bikumvikana".
-
Umushinwa yasabye gatanya umugore wari umaze kumubyarira umwana wirabura nyamara ataragera muri Afuika
12 November 2024, by Joseph IradukundaUmugabo wo mu Bushinwa yasabye gatanya n’umugore we, nyuma yo kubyara umwana wirabura nyamara avuga ko nta na rimwe aragera muri Afurika ndetse ko nta n’umugabo w’umwirabura n’umwe azi mu buzima bwe.
-
Dore impamvu yateye Ndayishimiye kuvuga ko ashaka ibiganiro n’u Rwanda
1 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu rwego rwo kwirinda intambara ishobora guhuza ibihugu byombi.
-
Nta murwayi n’umwe wa Covid-19 usigaye mu bitaro bya Kanyinya
14 February 2022, by Dusingizimana RemyMu bitaro byakira abarwayi ba COVID-19 bya Kanyinya nta murwayi n’umwe usigayemo ndetse imashini zose zitanga umwuka zirajimije.
Mu gihugu hose hari abarwayi 14 gusa ba Covid-19 bari mu bitaro aho iki ari ikimenyetso cy’uko iki cyorezo kiri kugenda gicika intege mu Rwanda.
Ikindi nuko ubuzima bw’Abanyarwanda bushobora kuba bugiye gusubira mu buryo bitewe n’iyi ntambwe imaze guterwa mu gihugu.
Icyakora iyi ntambwe itewe mu gihe gito kuko umwaka wa 2022,muri ibi bitaro bya Kanyinya (…) -
Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Perezida wa Togo ku kibazo cya RDC
30 January, by Angeline MUKANGENZIKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagiranye ikiganiro cyihariye (tête-à-tête) na Faure Gnassingbé, Perezida wa Togo akaba n’Umuhuza washyizweho n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) mu bikorwa byo gushakira amahoro uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
Utubari n’utubyiniro byongeye gushyirirwaho amasaha ntarengwa yo gukora
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda ndetse n’Umujyi wa Kigali, bashyizeho amabwiriza mashya areba abantu n’ibigo bitanga serivisi zigendanye no kwakira abantu.
-
Yolande Makolo yasubije abakerensa imbaraga za M23 ndetse bakanayitiranya na RDF
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi wa Guverinoma, Yolande Makolo, yasubije abakerensa imbaraga z’umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakawitiranya n’ingabo z’u Rwanda.
Umuryango.rw
Ibyamamare birimo na Miss Grace Ingabire bakanguriye abaturange b’I Rubavu kwikingiza Covid-19
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye
U Rwanda n’u Burundi bari ’mu nzira yo kumvikana’
Umushinwa yasabye gatanya umugore wari umaze kumubyarira umwana wirabura nyamara ataragera muri Afuika
Dore impamvu yateye Ndayishimiye kuvuga ko ashaka ibiganiro n’u Rwanda
Nta murwayi n’umwe wa Covid-19 usigaye mu bitaro bya Kanyinya
Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Perezida wa Togo ku kibazo cya RDC
Utubari n’utubyiniro byongeye gushyirirwaho amasaha ntarengwa yo gukora
Yolande Makolo yasubije abakerensa imbaraga za M23 ndetse bakanayitiranya na RDF