U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 bavuye mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR n’abaturage b’abasivili bafitanye isano n’imitwe yitwaje intwaro barindwi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 bavuye muri FDLR
26 November 2025, by Brenda MIZERO -
Perezida Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka, acana urumuri rw’icyizere
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka ruzwi nka Walk to remember rwabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 7 Mata 2025.
-
Abimukira ibihumbi 30 000 u Rwanda rugiye kwakira umwe aherekereshwa miliyoni hafi 3
28 November 2017, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda iherutse gutangaza ko yiteguye kwakira abimukira ibihumbi 30 mu rwego rwo gushakira umuti ikibazo cy’ abimukira kimaze kuba ingorabahizi mu Isi.
Buri mwimukira wemeye kuva muri Israel ahabwa ibihumbi 3 500 by’ amadorali y’ Amerika nk’ uko byatangajwe na Sigal Rozen, Umunya Isahel uharanira uburenganzira bwa muntu.
Ibi byatangajwe nyuma y’ inkuru ya televiziyo y’ Abanyamerika CNN yagaragaje icuruzwa ry’ abirabura rikorerwa muri Libya.
Nk’ uko BBC yabitangaje kuri (…) -
Perezida Kagame yifuza ko umubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo wazahuka
5 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko igihugu cya Afurika y’Epfo cyafashije u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi bityo yifuza ko umubano w’ibihugu byombi utameze neza wasubira mu bihe byiza.
-
Abanyeshuri ba Kaminuza zo mu Rwanda bagiye guhabwa mudasobwa 14 000 za i5
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburezi kuri uyu wa 3 Ukuboza yatangije guha mudasobwa nshya abanyeshuri ba za kaminuza mu buryo bw’inguzanyo bazishyura barangije. Telefone za SmartPhones birimo kwigwaho bashobora kuzazihabwa.
-
Amerika yemereye u Rwanda izindi miliyoni 7$ yo kurangiza burundu icyorezo cya Marburg
25 October 2024, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika, zibinyujije mu Kigo cya Amerika gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga (USAID), zizatanga inyongera ya miliyoni 7 z’Amadolari ku Rwanda yo gufasha gukomeza guhashya icyorezo cya Marburg (MVD).
-
Intumwa za Uganda ziyobowe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga ziri mu Rwanda
16 September 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa mbere abayobozi ku ruhande rw’u Rwanda na Uganda baragirana inama, mu rwego rwo kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’ubwumvikane hagati y’ibihugu byombi yashyiriweho umukono i Luanda muri Angola mu kwezi gushize.
-
"Bararwishigishiye reka barusome"-M23 ibwira ingabo za FARDC
17 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wavuze ko urakomeza gukubita inshuro ingabo za FARDC igihe cyose leta ya Kongo itaremera ibiganiro byanatuma bava mu duce bafashe.
Umuvugizi wungirije wa M23 Canisius,yavuze ko kuva RDC yaranze ibiganiro bazakomeza kurwana aho yavuze ati " Bararwishigishiye reka barusome".
Mu kiganiro na Popote TV dukesha iyi nkuru,Bwana Munyarugendo Canisius yagize ati "Imirwano iracyari imirwano kuko FARDC yanze kuva ku izima,ntibakozwa ibiganiro barashaka kurwana ariko kuko aribyo (…) -
Malawi yavuze ku basirikare bayo bakuwe muri RDC_Ntibakomeretse, barwaye indwara zidakira
27 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’ingabo za Malawi, Gen Paul Valentino Phiri, yavuze ko abasirikare babo baherutse gukurwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atari inkomere, ahubwo ko barwaye indwara zidakira.
-
Kizito Mihigo, umwe mu bazize ibibazo Kayumba Nyamwasa wahunze kuri iyi taliki yateje ku Rwanda
25 February 2020, by UbwanditsiTaliki 17/2/2020 nibwo Kizito Mihigo byavuzwe ko yiyahuriye muri kasho ya Polisi I Remera, uru rupfu ruba iherezo ry’ibibazo by’imanza, igifungo no guhangayika yari amazemo imyaka 6 nyuma yo gukekwaho gukorana na bamwe mu bagize umutwe wa RNC no kugambira kwica umukuru w’Igihugu, ibyaha yemeye ndetse bikanamuhama mu nkiko.
Umuryango.rw
U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 bavuye muri FDLR
Perezida Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka, acana urumuri rw’icyizere
Perezida Kagame yifuza ko umubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo wazahuka
Amerika yemereye u Rwanda izindi miliyoni 7$ yo kurangiza burundu icyorezo cya Marburg
"Bararwishigishiye reka barusome"-M23 ibwira ingabo za FARDC
Malawi yavuze ku basirikare bayo bakuwe muri RDC_Ntibakomeretse, barwaye indwara zidakira