Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Paul Kagame, yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, Dr. Mohammed bin Abdulaziz Al-Khulaifi, baganira ku mubano w’ibihugu byombi ndetse n’ibijyanye n’akarere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Dr. Mohammed bin Abdulaziz wa Qatar
31 January 2025, by Joseph Iradukunda -
APR FC yatanze icyizere cyo gusezerera Gor Mahia muri CAF Champions League
28 November 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yatsinze Gor Mahia mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere rya CAF Champions League ku bitego 2-1 wabereye kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
-
RDB yafunze hoteli Château le Marara
22 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko kuva ku wa 22 Nyakanga 2025, ibikorwa bya hoteli Château le Marara byahagaritswe kuko iperereza ryerekanye ko yakoraga itarabiherewe uruhushya.
-
Amahirwe yo kuba u Rwanda rwakwakira Formula 1 ya 2029 akomeje kwiyongera
15 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, Jean Guy Afrika, yatangaje ko ibiganiro bikomeje kandi biri kugenda neza ndetse bishoboka ko u Rwanda rwazahabwa kwakira isiganwa rya Formula One mu 2029.
-
U Rwanda rwatangiye kwitegura ingaruka zaterwa n’intambara ya Israel na Iran
20 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko u Rwanda rwashyizeho itsinda rihora rigenzura ibikomoka kuri peteroli byinjira mu gihugu n’ububiko gifite kugira ngo hatazabaho ikibazo gitunguranye gitewe n’intambara zinyuranye ziri kuba mu bice bitandukanye by’Isi.
-
Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza
23 October 2025, by Brenda MIZEROGen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza
-
Karongi: Umukobwa ugiye kurongorwa asabwa ikimasa, matora, kositimu n’ ibindi
26 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu karere ka Karongi mu ntara y’ Iburengerazuba bw’ u Rwanda ngo basanga ari amananiza kuba kugira ngo umukobwa arongorwe agomba kuba afite ikimasa, matora, kositimu y’ umugabo n’ ibindi ngo binafite ingaruka mbi ku muryango.
-
The Ben na Miss Uwicyeza Pamella afata nka mushiki we basohokanye muri Hoteli iri ku kiyaga[AMAFOTO]
11 August 2020, by Martin MunezeroMu gihe hamaze iminsi hahwihwiswa amakuru ko Miss Pamella Uwicyeza yaba atwite inda ya The Ben, aba bombi bagiye kuruhukira ku Kiyaga cya Muhazi aho baraye muri imwe muri Hotel zigikikije.
-
Abana b’ingagi 40 bazitwa izina muri Nzeri
6 August 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko umuhango wo kwita izina abana b’ingagi uteganyijwe tariki 5 Nzeri 2025, mu Kinigi hafi na Pariki y’Igihugu y’Ibirunga.
-
U Rwanda rwanenze icyemezo cy’Ubwongereza cyo guhagarika abagenzi baruturutsemo
30 January 2021, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yasohoye itangazo rivuga ko kubuza abagenzi bavuye mu Rwanda kujya mu Bwongereza ari umwanzuro "udashingiye kuri siyansi".
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Guverinoma y’u Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Mutarama 2021 rivuga ko ingamba rwashyizeho yaba mu “gupima, kugenzura, gukurikirana ababa barahuye n’abanduye, kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo, kuvura ndetse no gutanga amakuru ku cyorezo” zoze zikorwa mu mucyo kandi himakajwe n’imikoranire n’izindi nzego.
Kuwa (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Dr. Mohammed bin Abdulaziz wa Qatar
RDB yafunze hoteli Château le Marara
Amahirwe yo kuba u Rwanda rwakwakira Formula 1 ya 2029 akomeje kwiyongera
U Rwanda rwatangiye kwitegura ingaruka zaterwa n’intambara ya Israel na Iran
Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza
The Ben na Miss Uwicyeza Pamella afata nka mushiki we basohokanye muri Hoteli iri ku kiyaga[AMAFOTO]
Abana b’ingagi 40 bazitwa izina muri Nzeri