Ikipe y’igihugu "Amavubi"y’abakinnyi 10 yabashije gukura inota rimwe kuri Benin yari imbere y’abakunzi bayo,nyuma yo kunganya igitego 1-1.
Bénin n’u Rwanda igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa Gatatu wo gushaka Itike y’Igikombe cya Afurika cy’ibihugu giteganyijwe umwaka utaha.
Rugikubita ku munota wa 2,Hakim Sahabo yahawe ikarita y’umuhondo,kubera gutinda kujya guhindura umwenda w’imbere.
Amavubi niyo yatangiye neza uyu mukino ubwo ku munota wa 5 gusa Meddie Kagere yabonaga amahirwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Amavubi y’abakinnyi 10 yahagamye Benin ayikuraho inota bigoranye
22 March 2023, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yategetse ko ibendera ry’igihugu n’irya EAC yururutswa mu kunamira Perezida Nkurunziza
13 June 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Paul Kagame yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’iry’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, ari mu Rwanda, yururutswa kugeza hagati, uhereye tariki 13 Kamena 2020 kugeza igihe Nyakwigendera Petero Nkurunziza azashyingurirwa.
-
Rubavu: Abantu babiri barashwe barapfa ubwo bashakaga kwambutsa Caguwa bayikuye RDC
4 November 2021Mu karere ka Rubavu mu murenge wa Rubavu mu kagari ka karukogo mu mudugudu wa Bisizi humvikanye amasasu 6 y’ingabo z’u Rwanda zarashe abantu 3 bashakaga kwinjiza magendu ku butaka bw’u Rwanda babiri muri bo bahita bahasiga ubuzima.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 04 Ugushyingo 2021,nibwo aba bagabo bagerageje kwambutsa caguwa bayikuye muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,bakubitana n’ingabo z’u Rwanda zibarasaho babiri bahasiga ubuzima undi arakomereka bikabije.
Umuyobozi ushinzwe (…) -
Perezida Kagame asanga icyorezo cya SIDA ari ikintu gikwiye guhagurukirwa n’Isi yose
3 December 2019, by Martin MunezeroUbwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangizaga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yateraniye i Kigali ICASA, kuri uyu wa Mbere taliki ya 2 Ukuboza 2019, yiga ku kurwanya ubwandu bw’agakoko gatera SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina yavuze ko SIDA ari icyorezo kitagira umupaka bityo ko n’ibikorwa byose bigamije kurwanya ikwirakwiza rya cyo bikwiye kuba igikorwa gihuriweho n’Isi.
-
U Rwanda rusanga imirwano ikwiye guhagarara ngo ubutabazi muri RDC bushoboke
2 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Jean Patrick Olivier yatangaje ko bikwiye ko imirwano ibanza guhagarara kugira ngo ibikorwa by’ubutabazi bishoboke mu Burasirazuba bwa RDC.
-
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame yagaragaye ateruranye ubwuzu bwinshi umwuzukuru we
16 September 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yashyize hanze ifoto ateruye umwuzukuru we wa mbere wabyawe n’umukobwa we Ange Kagame n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma kuwa 19 Nyakanga 2020.
-
Igeragezwa ry’urukingo rwa Ebola rirakomereza mu Rwanda, ese abo rwagiraho ingaruka babaza nde?
14 April 2019, by UbwanditsiKuva ejo taliki 15/4/2019 Minisiteri y’Ubuzima igiye gutanga urukingo rwa Ebola “rVSV-ZEBOV” “ rukiri mu igeragezwa” ku bajyanama b’ubuzima n’abandi bakozi bakira abarwayi mu duce twegereye imipaka ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (RDC) Minisante ivuga ko dushobora gukwirakwiramo icyorezo cya Ebola kurusha utundi.
-
Rwanda: Gen Muhire na Gen Ibingira hashize ibyumweru 3 bafunze
28 April 2021, by Dusingizimana RemyGen Fred Ibingira na Lt Gen Charles Muhire (wasezerewe mu ngabo) bafunzwe n’igisirikare cy’u Rwanda baregwa kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19, nk’uko The New Times ibivuga.
-
"Ntabwo Afurika ikwiriye kubura ibyokurya..."-Perezida Kagame
7 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame avuga ko Umugabane w’Afurika udakwiriye kubura ibyokurya kubera ko ifite ubutaka n’amazi meza ndetse ko habaye ubufatanye iki kibazo cyaranduka burundu.
Ibi Perezida Kagame yabigarutseho mu nama yahuje Abakuru b’ibihugu by’Afurika n’abahoze babiyobora bateraniye i Kigali biga ku iterambere ry’ubuhinzi,#AGRF2022.
Perezida Kagame yavuze ko bitumvikana ko umugabane wa Afurika ibiciro by’ibiribwa byiyongera kubera intambara yo muri Ukraine.
Aha yagarutse ku kuntu igiciro (…) -
Perezida Kagame Yakebuye ibyamamare bikoresha Ikinyarwanda nabi
17 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yasabye ibyamamare kubaha Ikinyarwanda bikakivuga mu kibonezamvugo cyacyo, batakishe kugira ngo bibe ari byo bituma abantu babumva ko ari ‘abastar’.
Umuryango.rw
Amavubi y’abakinnyi 10 yahagamye Benin ayikuraho inota bigoranye
Perezida Kagame yategetse ko ibendera ry’igihugu n’irya EAC yururutswa mu kunamira Perezida Nkurunziza
Rubavu: Abantu babiri barashwe barapfa ubwo bashakaga kwambutsa Caguwa bayikuye RDC
U Rwanda rusanga imirwano ikwiye guhagarara ngo ubutabazi muri RDC bushoboke
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame yagaragaye ateruranye ubwuzu bwinshi umwuzukuru we
"Ntabwo Afurika ikwiriye kubura ibyokurya..."-Perezida Kagame
Perezida Kagame Yakebuye ibyamamare bikoresha Ikinyarwanda nabi