Kuri uyu wa 30 Gicurasi nibwo Komisiyo y’igihugu y’amatora ifunga kwakira kandidatire z’abiyamamaza ku mwanya w’ubudepite n’uwa Perezida gusa hari abayiganye bakora udushya twinshi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abaje gutanga kandidatire ku munsi wa nyuma bagaragaje udushya twinshi
30 May 2024, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yavuze ku hazaza ha Guma mu rugo, gutera inkunga ibigo byahombye n’abibaza ku rupfu rwa Kizito mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru
27 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mata 2020,Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame yavuze ko u Rwanda muri iki cyumweru hazaba inama yiga ku ngamba za Guma mu rugo aho yemeje ko hashobora kuzagira bimwe mu bikorwa bifungurwa ndetse yemeje ko ibigo byagizweho ingaruka na Covid-19 bizahabwa inkunga.
-
Menya ihurizo riri muri politiki y’u Bufaransa nyuma y’ukwegura kwa Minisitiri w’Intebe
7 October 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 6 Ukwakira 2025, Perezida Emmanuel Macron, abandi Bafaransa n’abanyamahanga bakurikiranira hafi politiki y’u Bufaransa batunguwe n’ubwegure bwa Minisitiri w’Intebe mushya, Sébastien Lecornu wari umaze amasaha make atangaje abagize guverinoma ye.
-
Abanyarwanda barasabwa kwitwararika MARBURG, icyorezo kimeze nka Ebola cyongeye kwanduka muri Uganda
22 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima mu Rwanda yatangaje ko hari icyorero cya Marburg cyagaragaye muri Uganda igasaba abaturage kwirinda gukora ingendo zitari ngombwa mu gihugu cyagaragayemo icyo cyorezo no gukomeza umuco wo kwivuza hakiri kare.
Nk’ uko byemejwe n’ ishami ry’ Umuryango w’ abibumbye ryita ku buzima OMS, iki cyorero cyagaragaye mu burasizuba bwa Uganda hafi ya Kenya. Iki cyorero kimaze guhitana abantu babiri.
Iki cyorero gifite ibimenyetso nk’ iby’ icyorero cya Ebola kandi bijya (…) -
Minisitiri Mutamba yamaze amasaha umunani ahatwa ibibazo n’Ubushinjacyaha
7 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze amasaha umunani ahatwa ibibazo n’Ubushinjacyaha bwo mu rukiko rusesa imanza, ku cyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari yo mu mushinga wo kubaka Gereza ya Kisangani mu Ntara ya Tshopo.
-
Hamenyekanye ibyo FDLR na FLN bamaze iminsi baganira n’Igisirikare cya Ndayishimiye
13 September 2024, by Joseph IradukundaAmakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aremeza ko abahagarariye imitwe ya FDLR na FLN yombi irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bamaze icyumweru kirenga bagirana ibiganiro n’Igisirikare cy’u Burundi (FDNB).
-
Amabara I: Gitifu yasuzumye ko "Igitsina cy’Umugeni" cyuzuye! Bari mu biro n’Umugabo we
7 August 2023, by UbwanditsiUbwo Gitifu w’umurenge yaregerwaga n’umugore wari umaze iminsi ashyingiwe ko umugabo we yanze ko batera akabariro, yatumiza umugabo akamubwira ko umugore we nta gits1ina agira, yafashe umwanzuro wo kubisuzuma kugirango amenye ufite ukuri muri aba babiri.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame yagaragaye ari gukinisha imbwa ze
24 December 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame we n’umuryango we bifurije Abanyarwanda kuzagira iminsi mikuru myiza isoza umwaka wa 2021 n’itangira uwa 2022,avuga ko we yatangiye kuyizihiza nyuma y’amafoto yashyize hanze ari gukina n’imbwa ze.
Mu mafoto meza ari mu karuhuko mu rugo ari no gukina n’imbwa ze, Perezida Kagame yavuze ko we n’umuryango we bifurije abantu bose iminsi mikuru myiza.
Yagize ati “Njye n’umuryango wanjye tubifurije iminsi mikuru myiza. Njye natangiye neza ijyanjye…!!
Ubu butumwa (…) -
Kamonyi: Polisi yafunze umugabo ukekwaho gutema umugore we
5 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yataye muri yombi Nsengiyumva Jean Bosco w’imyaka 58, akekwaho gukubita no gukomeretsa umugore we akoresheje umupanga, aho yamutemye ibice bitandukanye by’umubiri birimo amaboko n’amabere.
-
Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yitabye Imana
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi wa Qatar mu Rwanda, Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, yitabye Imana kuri uyu wa 19 Nyakanga 2024.
Umuryango.rw
Abaje gutanga kandidatire ku munsi wa nyuma bagaragaje udushya twinshi
Perezida Kagame yavuze ku hazaza ha Guma mu rugo, gutera inkunga ibigo byahombye n’abibaza ku rupfu rwa Kizito mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru
Menya ihurizo riri muri politiki y’u Bufaransa nyuma y’ukwegura kwa Minisitiri w’Intebe
Minisitiri Mutamba yamaze amasaha umunani ahatwa ibibazo n’Ubushinjacyaha
Hamenyekanye ibyo FDLR na FLN bamaze iminsi baganira n’Igisirikare cya Ndayishimiye
Amabara I: Gitifu yasuzumye ko "Igitsina cy’Umugeni" cyuzuye! Bari mu biro n’Umugabo we
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame yagaragaye ari gukinisha imbwa ze
Kamonyi: Polisi yafunze umugabo ukekwaho gutema umugore we
Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yitabye Imana