Muri za 2019 na 2020 Evariste MURWANASHYAKA wize iby’Ubuhinzi ubwo yazengurukaga Uturere ashishikariza abantu banyuranye hirya no hino mu Turere cyane cyane abize Ubuhinzi kwinjira no kugura imigabane mu kitwa UMUJYOJYO Investment Group Plc yari amaze gushing.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Babwiwe ko UMUJYOJYO uzaba ari nka ALIBABA bashoramo arenga Miliyoni 60
11 June 2025, by Joseph Iradukunda -
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba yasimbujwe Bwana Ntibitura Jean Bosco
23 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yasimbuje ku mirimo Lambert Dushimirimana wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, ayiha Bwana Ntibitura Jean Bosco.
-
NBA yatanze ubusobanuro iherutse gusabwa ku bufatanye bwayo n’u Rwanda
26 September 2024, by Joseph IradukundaKomiseri wungirije w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NBA, witwa Mark Tatum yandikiye bamwe mu Basenateri b’iki gihugu abamenyesha ko Ishyirahamwe ayoboye rikorana n’u Rwanda mu rwego rwo gushaka ibisubizo by’ibibazo biri ku isi.
-
Israel Mbonyi yabaye Brand Ambassador w’ikinyobwa MALTON gikorwa na Skol. (AMAFOTO)
26 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIsrael Mbonyi umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya yatangajwe nka Brand Ambassador wa Mltona ikinyobwa gishya kidasembuye cyashyizwe hanze mu cyumweru cyashize. Ubu bufatanye buri mu rwego rwo kuzamura abantu batanywa ibisembuye.
Umuramyi Israel Mbonye abajijwe niba ntacyo bitwaye kwamamaza icyi cyinyobwa cya Malton gikorwa n’uruganda rwa Skol yavuzeko ntacyo bitwaye cyane ko Malton ari ikinyobwa kidasembuye . Ati “ntakibazo bizateza kuko ni ikinyobwa kidasembuye gikorwa na skol (…) -
Minisitiri Ngirente yafunguye ku mugaragaro uruganda ruzajya rutunganya toni 50 z’amata y’ifu
24 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIMu Karere ka Nyagatare kuri uyu wa Gatatu hafunguwe uruganda ruzajya rutunganya amata y’ifu aho ruzajya rukora nibura toni 50.Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente niwe wafunguye ku mugaragaro Uruganda rw’Amata rusanwe ari urwa Kompanyi ya Inyange Indutries.
-
Lieutenant General Jacques Musemakweli wakoze imirimo itandukanye muri RDF yahitanwe n’uburwayi
12 February 2021, by Dusingizimana RemyLieutenant General Jacques Musemakweli umwe mu basirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda yapfuye mu ijoro ryacyeye azize uburwayi butaratangazwa.
-
MINISANTE yasabye Abanyarwanda bose kwambara udupfukamunwa aho bari hose
18 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel yatangaje ko abantu bose bagomba kwambara udupfukamunwa haba mu rugo cyangwa bahavuye aho yemeje ko guhera kuri uyu wa Mbere inganda zitangira kudukora ku buryo buri wese azajya abasha kutugura.
-
Uko amatora ari kugenda mu turere:Uwari Meya w’agateganyo wa Rutsiro yambutse atorerwa kuyobora Rubavu
7 December 2023Uturere 11 muri 30 tw’igihugu, twaramukiye mu matora yo kuzuza imyanya y’ubuyobozi bwatwo. Muri two, Burera, Gakenke, Musanze, Nyamasheke, Karongi na Rutsiro turi butore ba Meya.
-
Leta y’ u Rwanda yamaganye ibirori bya ‘Bridal shower’, ngo bikorerwamo uburiganya
16 November 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ umuco na Siporo, ifatanyije na Minisiteri y’ uburinganire n’ iterambere ry’ umuryango ndetse na Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu basabye abayobozi n’ ababyeyi kwamagana ibirori bisigaye bikorerwa umukobwa witegura kurushinga bizwi ku izina rya ‘bridal shower’. Ibi birori bamwe bavuga ko bikorerwamo uburiganya.
Hari mu nama nyunguranabitekerezo ku ndangagaciro z’ ubukwe bwa Kinyarwanda. Iyi nama yabaye kuri uyu wa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017 ihuza inzego zitandukanye (…) -
Nyagatare: Ingo nyinshi ziri gusenwa n’abagabo babaswe na filimi z’urukozasoni
5 October 2023, by Joseph IradukundaBamwe mu baturage b’Akagari ka Nyamirembe Umurenge wa Gatunda, bavuga ko amashusho y’urukozasoni yerekanwa mu nzu zihishe zikora nk’utubari arimo kubasenyera ingo no gushora urubyiruko rwabo mu busambanyi.
Umuryango.rw
Babwiwe ko UMUJYOJYO uzaba ari nka ALIBABA bashoramo arenga Miliyoni 60
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba yasimbujwe Bwana Ntibitura Jean Bosco
NBA yatanze ubusobanuro iherutse gusabwa ku bufatanye bwayo n’u Rwanda
Israel Mbonyi yabaye Brand Ambassador w’ikinyobwa MALTON gikorwa na Skol. (AMAFOTO)
Minisitiri Ngirente yafunguye ku mugaragaro uruganda ruzajya rutunganya toni 50 z’amata y’ifu
Lieutenant General Jacques Musemakweli wakoze imirimo itandukanye muri RDF yahitanwe n’uburwayi
Uko amatora ari kugenda mu turere:Uwari Meya w’agateganyo wa Rutsiro yambutse atorerwa kuyobora Rubavu
Nyagatare: Ingo nyinshi ziri gusenwa n’abagabo babaswe na filimi z’urukozasoni