Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yahaye ikaze Dr. Uwera Claudine, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi winjiye muri Guverinoma, hamwe n’Abari basanzwe muri Guverinoma ariko bahinduriwe inshingano ari bo Dr. Ndagijimana Uzziel, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi na Amb. Gatete Claver, Minisitiri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mu itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa gatatu,harimo kwirukana abayobozi benshi mu by’uburezi
12 April 2018, by Martin Munezero -
RDC: Guverinoma nshya yijeje abaturage umutekano urambye mu kongerera ingengo y’imari igisirikare na Polisi
12 June 2024, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’intebe wa DR Congo Judith Suminwa yatangaje ko leta izashyira 20% by’ingengo y’imari yayo y’imyaka itanu mu kongerera ingufu igisirikare na polisi kugira ngo bibashe kugarura amahoro cyane cyane mu burasirazuba bw’igihugu.
-
Rwanda:Bamwe mu baturage barasaba ko abayobozi bakuru bafata iya mbere bagatanga urugero mu gufata urukingo rwa Covid-19
16 February 2021, by Martin MunezeroBamwe mu batuye mu mujyi wa Kigali bavugako bishimira ko igikorwa cyo gukingira abantu Covid19 cyatangiye, bakanifuza ko gukingirwa byakorerwa mu ruhame cyangwa ahantu hazwi, ndetse n’abayobozi bagatanga ingero bityo abantu bagatinyuka nabo bakikingiza bitewe n’amakuru atandukanye bafite ku nkingo.
-
Abandi basirikare ba RDC 188 bakurikiranyweho guhunga M23
12 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha bwa gisirikare bukorera mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bukurikiranye abandi basirikare 188 bahunze imirwano bari bahanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa M23.
-
Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagiye kwegera abaturage mu tugari twose tw’igihugu
6 December 2019, by Martin MunezeroAbadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagiye kwegera abaturage mu tugari twose tw’igihugu aho bazaba bareba iterambere ry’ibikorwaremezo by’ibanze n’ibijyanye n’ikoranabuhanga.
-
Urukingo rwa Marburg rugiye kugeragezwa bwambere mu Rwanda- Minisante
3 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ukwakira 2024, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye gutangira kugerageza urukingo n’ubuvuzi bwo kuvura icyorezo cya Marburg.
-
U Rwanda na Azerbaijan baganiriye ku mahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari
11 July 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda n’iya Azerbaijan bakomeje ibiganiro bigamije kwagura ubucuruzi n’ishoramari nk’uko byashimangiwe mu nama yahuje abayobozi b’impande zombi ku cyiciaro cy’Ikigo cya Azerbaijan gishinzwe guteza imbere Ibyoherezwa mu mahanga n’Ishoramari (AZPROMO).
-
Hategujwe imvura nyinshi muri Gicurasi 2025
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Itaganyagihe, Meteo Rwanda cyatangaje ko kuva ku wa 4 Gicurasi kugeza ku wa 6 Gicurasi 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi.
-
Uburayi bwatije ijwi u Rwanda bwamagana abashinja u Rwanda kohereza ingabo i Maputo
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wamaganye abakomeje kuzamura amagambo avuga ko, ‘Ingabo z’u Rwanda (RDF) zaba ziri i Maputo mu murwa Mukuru wa Mozambique mu gufashwa inzego z’umutekano zikomeje guhangana n’Abagigaragambya.
-
Kamonyi: Abana 7 basanzwe mu rugo rw’ umuturage birakekwa ko bari bagiye gucuruzwa
29 May 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatawe muri yombi umugabo wo mu kagari ka Kivumu mu murenge wa Musambira mu karere Kamonyi bakunda kwita Jean Paul akekwaho icyaha cy’ icuruzwa ry’ abantu.
Umuryango.rw
RDC: Guverinoma nshya yijeje abaturage umutekano urambye mu kongerera ingengo y’imari igisirikare na Polisi
Abandi basirikare ba RDC 188 bakurikiranyweho guhunga M23
Urukingo rwa Marburg rugiye kugeragezwa bwambere mu Rwanda- Minisante
U Rwanda na Azerbaijan baganiriye ku mahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari
Hategujwe imvura nyinshi muri Gicurasi 2025
Uburayi bwatije ijwi u Rwanda bwamagana abashinja u Rwanda kohereza ingabo i Maputo