• Simon Perraud ukinira ikipe ya Illuminate niwe wegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda kasorejwe I Rubavu
• Areruya Joseph yagize ikibazo cyo gutobokesha bituma atakaza umwenda w’umuhondo
• Perraud niwe wafashe umwenda w’umuhondo aho Arusha Areruya umunota wose ku rutonde rusange
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Tdu Rda:Simon Perraud yegukanye agace ka Rubavu, abanyarwanda bitana ba mwana
14 November 2017 -
U Rwanda rwashimangiye kudatezuka ku giharanira amahoro
21 August 2025, by ISIMBI EstellaMu Nama Mpuzamahanga ya 9 ya Tokyo yiga ku Iterambere rya Afurika (TICAD9), iri kubera i Yokohama mu Buyapani, Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko itazatezuka ku guharanira amahoro n’umutekano muri Afurika no hanze yayo.
-
M23 yemeye gukora ikintu gikomeye mu byo yasabwe n’abaperezida ba EAC
25 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wemeye guhagarika imirwano n’ingabo za leta ya Congo FARDC, itera utwatsi ibyo kurekura ibice bafashe ndetse yihanangira leta ko mu gihe cyose izayirasaho izirwanaho.
M23 yasabye guhura n’abahuza mu bibazo byo gushakira amahoro uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barimo Perezida wa Angola, João Lourenço na Uhuru Kenyatta wabaye perezida wa Kenya.
Ibi byagaragajwe mu itangazo bashyize ahagaragara ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki 25 Ugushyingo (…) -
Perezida Tshisekedi yaciye amarenga ko ashobora gushora intambara ku Rwanda
4 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yahamagariye urubyiruko rw’iki gihugu “kwinjira mu gisirikare ku bwinshi” kuko “intambara abaturanyi badushojeho isaba ibitambo bya buri umwe muri twe”.
Mu ijambo yagejeje ku gihugu mu ijoro ryo kuri uyu wa kane, tariki ya 03 Ugushyingo 2022, Tshisekedi yongeye gushinja yeruye u Rwanda gufasha umutwe wa M23 ruwuha “abantu n’ibikoresho”.
Yavuze ko u Rwanda mu by’ukuri rufite imigambi yo kwagura igihugu cyabo no kwigarurira amabuye y’agaciro ya Congo, (…) -
Minisitiri Gashumba yasuye imipaka ihuza u Rwanda na RDC nyuma yo kumva ko Ebola yageze I Goma [AMAFOTO]
15 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasuye imipaka ibiri, umuto n’umunini ihuza u Rwanda na Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo (DRC) mu rwego rwo kureba uko bapima ibimenyetso by’icyorezo cya Ebola, nyuma yaho igaragaye i Goma, umugi uturanye n’uwa Gisenyi mu karere ka Rubavu.
-
Biravugwa ko Col. Sinayobye Bernabé wakoranaga na Sankara yashimutiwe muri Tanzania
2 October 2019, by Dusingizimana RemyUwitwa Col. Sinayobye Bernabé wari umuyobozi wungirije w’umutwe w’Ingabo wa FLN,wakoranaga na Sankara wari umuvugizi wayo,biravugwa ko yashimutiwe mu gihugu cya Tanzania n’abantu bataramenyakana.
-
Bakoresha ubuhanuzi bw’ikinyoma nk’iturufu yo gufata bugwate abashaka gutaha - Abahoze muri FDLR biniguye
30 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique yahaye ikaze abantu 143 bahoze mu mitwe yitwaje intwaro nyuma y’igihe bahabwa amasomo abategura gusubira mu buzima busanzwe, abasaba kwisanga mu muryango Nyarwanda, bashyira imbere ubumwe.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abasirikare bakuru baheruka kujya mu kiruhuko cy’izabukuru
1 September 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagiranye inama n’abajenerali n’abandi basirikare bakuru baherutse kujya mu kiruhuko cy’izabukuru.
-
Muhanga: Inyubako y’amaduka iri imbere ya gare yafashwe n’inkongi irakongoka
19 June 2019, by UbwanditsiInyubako irimo amaduka iri imbere y’ikigo abagenzi bategeramo imodoka (gare) mu mujyi wa Muhanga muri uru rukerera rwo kuwa gatatu taliki 19/6/2019 ifashwe n’inkongi irashya irakongoka.
Inyubako yibasiwe n’inkongi ikaba iteganye neza n’aho imodoka zisohokera muri gare Ubu twandika iyi nkuru imodoka ya Polisi izimya inkongi ikaba irimo kugerageza kuzimya amakara n’ibirimi by’umuriro ngo n’ahandi hadafatwa.
Mu maduka ahiye harimo n’ihahiro (Supermarket) ryari ikomeye cyane muri kariya (…) -
Perezida Kagame yasinye itegeko rizamura imisanzu y’ubwiteganyirize bwa pansiyo
3 January 2025, by Joseph IradukundaKomisiyo ishinzwe kuvugurura amategeko yatangaje itegeko teka rya Perezida wa Repubulika rizamura imisanzu y’ubwiteganyirize bw’izabukuru “Pansiyo” ku bakozi.
Umuryango.rw
U Rwanda rwashimangiye kudatezuka ku giharanira amahoro
M23 yemeye gukora ikintu gikomeye mu byo yasabwe n’abaperezida ba EAC
Perezida Tshisekedi yaciye amarenga ko ashobora gushora intambara ku Rwanda
Bakoresha ubuhanuzi bw’ikinyoma nk’iturufu yo gufata bugwate abashaka gutaha - Abahoze muri FDLR biniguye
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abasirikare bakuru baheruka kujya mu kiruhuko cy’izabukuru
Perezida Kagame yasinye itegeko rizamura imisanzu y’ubwiteganyirize bwa pansiyo