Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya Gen Maj Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida Vladimir Putin impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Burusiya, anamuha ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Amb Gen Maj Nzabamwita yashyikirije Perezida Putin impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Burusiya
16 January, by Brenda MIZERO -
Ibitaro bya Ruhengeri byasobanuye icyateye imfu z’impinja 19 mu kwezi kumwe
11 May 2021, by Dusingizimana RemyIbitaro bya Ruhengeri byatangaje ko hatangiye iperereza kugira ngo hamenyekane inkomoko y’icyateye impfu z’abana 19 mu kwezi kumwe mu ishami ryita ku bana bavuka batagejeje igihe.
-
Louise Mushikiwabo yavuze ikintu cyamubabaje ku gihugu cye u Rwanda,akimara gutorerwa kuyobora OIF
6 November 2018, by Martin MunezeroNi mu muhango wabaye kuwa gatandatu ugahuza abayobozi bakuru b’Igihugu, abayobozi mu bihugu bitandukanye by’Afurika bishimira intsinzi ya Mushikiwabo Louise yo kuyobora umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa, Mushikiwabo yavuze ko atewe ishema no kuba agiye kuyobora uyu muryango ariko kandi anababazwa no kuba agiye kwimuka akava mu Rwanda yari yararahiye kutazongera kwimuka ngo ahave ukundi.
-
Ibitaramo n’imikino y’amahirwe byakomorewe mu gihe isaha yo gutaha I Kigali yashyizwe saa yine z’ijoro
2 September 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Nzeri 2021,yafashe ingamba nshya mu kwirinda Covid-19 zirimo gukomorera ibitaramo n’ibikorwa by’imikino y’amahirwe ndetse n’amasaha ntarengwa y’ingendo yashyizwe saa yine mu Mujyi wa Kigali.
Imwe mu myanzuro yafashwe irimo:
Guhera ku wa 2 kugeza 22 Nzeri 2021, ingendo zirabujijwe guhera saa Yine z’ijoro kugeza saa Kumi z’igitondo mu Mujyi wa Kigali.
Ibitaramo n’imikino y’amahirwe byakomorewe, bikazafungura mu byiciro.
Inama (…) -
Nkurunziza ubwo aheruka mu nama y’ abakuru b’ ibihugu Niyombare yari amuhiritse ku butegetsi, ntabwo yagiye Uganda
22 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ U Burundi Pierre Nkurunziza ntabwo yitabiriye umwiherero w’ abakuru b’ ibihugu bigize Umuryango w’ Afurika y’ Iburengerazuba urimo kubera I Kampala muri Uganda.
Abakuru b’ ibihugu bitabiriye uyu mwiherero ni Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta, Salva Kiir wa Sudani y’ Epfo , Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni na John Pombe Magufuli wa Tanzania.
Ni umwiherero wibanda ku kurebera hamwe ibikorwa remezo bimaze kugerwaho mu rwego rw’ ubuzima.
Muri uyu mwiherero Perezida w’ u (…) -
U Bufaransa: Urukiko ruratangira kuburanisha mu bujurire Hategekimana wahamijwe ibyaha bya Jenoside
4 November 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa ruratangira kuburanisha mu bujurire Philippe Hategekimana, wari warahanishijwe gufungwa burundu kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi ariko akaza kujurira.
-
Perezida Kagame yagiriye urugendo rw’iminsi 2 muri Mozambike
24 September 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame yageze muri Mozambique aho yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri nk’uko byatangajwe n’Ibiro bya Perezidansi bishinzwe itumanaho, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 Nzeri.
-
Col Kabanda yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RIB: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
27 March 2025, by Joseph IradukundaInama y’Abaminisitiri yagize Col Pacifique Kayigamba Kabanda Umunyamanaganga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, asimbuye Col (Rtd) Ruhunga Jeannot wari uri kuri uwo mwanya kuva muri Mata 2018.
-
Abarangije muri TTC bashobora gukurirwaho ibizamini by’akazi mbere yo kugatangira
28 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yagaragaje ko mu minsi iri imbere abanyeshuri barangije mu mashuri Nderabarezi (TTC) bashobora kuzajya bashyirwa mu kazi hatabayeho ikindi kizamini cy’akazi.
-
M23 yatanze umucyo ku bibazo byinshi yibazwaho mu kiganiro na Al Jazeera
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIMu kiganiro yagiranye na Al Jazeera ubwo yasuraga aho bagenzura, Umuvugizi wa M23, Laurence Kanyuka, yatanze umucyo ku bibazo bakomeje kwibazwaho nko kumenya niba ari abanyekongo koko, icyo barwanira, aho bakura inkunga n’ibindi.
Umuryango.rw
Amb Gen Maj Nzabamwita yashyikirije Perezida Putin impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Burusiya
Ibitaro bya Ruhengeri byasobanuye icyateye imfu z’impinja 19 mu kwezi kumwe
Ibitaramo n’imikino y’amahirwe byakomorewe mu gihe isaha yo gutaha I Kigali yashyizwe saa yine z’ijoro
U Bufaransa: Urukiko ruratangira kuburanisha mu bujurire Hategekimana wahamijwe ibyaha bya Jenoside
Perezida Kagame yagiriye urugendo rw’iminsi 2 muri Mozambike
Col Kabanda yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RIB: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
Abarangije muri TTC bashobora gukurirwaho ibizamini by’akazi mbere yo kugatangira
M23 yatanze umucyo ku bibazo byinshi yibazwaho mu kiganiro na Al Jazeera