Bamwe mu bamotari mu mujyi wa Kigali baravuga ko batagikoresha mubazi kuko zibashwanisha n’abagenzi kandi ko kuva bazikoresha nta n’umusaruro biratanga, bagasaba ko zakurwaho burundu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abamotari barasaba ko mubazi zavaho kuko zibateranya n’abagenzi
11 October 2020, by Dusingizimana Remy -
AFC/M23 yemeye kuva muri Uvira mu gushyigikira ibiganiro bya Doha
16 December 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryemeye kuvana ingabo zaryo mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, rivuga ko iki cyemezo ari intambwe yo kubaka icyizere no gushyigikira ibiganiro by’amahoro.
-
Umuhungu wa Perezida Museveni ategerejwe i Kigali
22 January 2022, by Dusingizimana RemyIbinyamakuru byo muri Uganda bikomeje kwemeza amakuru ko Lt Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni agera mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu.
Ibinyamakuru byo muri Uganda, nka Chimpreports biremeza ko Perezida Museveni yagennye intumwa ziza i Kigali ziyobowe n’Umusirikare Mukuru, uyu nta wundi ni umuhungu we, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari umujyanama we mu by’umutekano.
Hari ikindi kinyamakuru cyo kuri Internet kitwa PlusNews.ug kivuga ko Lt Gen Muhoozi (…) -
Bitunguranye Perezida Kagame yasezereye Olivier Nduhungirehe muri Guverinoma
10 April 2020, by UbwanditsiBitunguranye, kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mata 2020 Perezida Paul Kagame yakuye ku mirimo Amb. Olivier J.P Nduhungirehe wari Minisitiri wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ibikorwa byUmuryango w’Afurika y’Iburasirazuba.
Itangazo rihagarika Amb Nduhungirehe rivuga ko ahagaritswe kumirimo yatangiye guhera tariki 30 Kanama 2017, nyuma yo gusubiramo kenshi ikosa ryo gukora akazi ashinzwe agendeye ku myumvire ye aho gushingira kuri gahunda za Leta
Nduhungirehe yahise (…) -
Perezida Kagame yatashye hoteli yatwaye miliyari 19 ashimira abagize uruhare mukuyubaka
2 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro EPIC Hotel yubatswe mu karere ka Nyagatare ku bufatanye bw’inzego za leta n’abikorera, yuzuye itwaye amafaranga y’u Rwanda miliyari 19 ashima abagize uruhare ngo yubakwe asaba abaturage gutinyuka kuyigana .
Iyi hoteli yayifunguye nyuma yo gusoza umwiherero wa 15 ku wa Kane tariki 1 Werurwe 2018.
Perezida Kagame yavuze ko kubaka iyi hoteli byatangiye ari igitekerezo ariko kikaza gushyirwa mu bikorwa, yemeza ko izindi zose zo ku isi (…) -
Ibitazibagirana kuri Nyirandama Chantal waguye mu mpanuka ya Coaster yavaga Igicumbi
25 November 2024, by Joseph IradukundaUrupfu rwa Nyirandama Chantal, rwiyemezamirimo w’umugore waherukaga kuzuza Hoteli mu Karere ka Gicumbi, rwashenguye benshi mu bari bamuziho kuba umwe mu bagore batinyutse umurimo bakagera ku rwego rwo gukabya inzozi zabo.
-
Nord Kivu: Perezida Tshisekedi yashyizeho Visi-Guverineri uje guhangana na M23
8 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Tshisekedi, yagize Karawa Dengamo guverineri wungirije w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru kugirango yongere imbaraga zo guhangana na M23 kugeza ubu ifite mu maboko iyi ntara.
-
Byagenda bite mu Rwanda habayeho ikosa ryo gufungura umugororwa utararangiza igihano?
30 January, by Brenda MIZEROAbakunzi ba filime, bazi neza iyitwa Prison Break n’izindi zakunzwe zirimo uburyo abantu bafunzwe bakoresha imbaraga kugira ngo babashe gutoroka gereza. Hari kandi ibihugu bitandukanye, usanga birekuye umugororwa byibeshye ko arangije igihano cye, nyamara yari atarakirangiza ibizwi nka ‘release in error’.
-
Amavubi yiyunze n’abafana atsinda Afurika y’Epfo
21 November 2023Ikipe y’igihugu ’Amavubi’yiyunze n’abakunzi bayo nyuma yo gutsinda Afurika y’Epfo ibitego 2-0 mu mukino wa kabiri wo mu Itsinda C mu Gushaka Itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.
-
Abanyarwanda bari bazwi bapfuye mu myaka isaga 20 ihise bigatuma benshi bacika ururondogoro
24 April 2023, by Dusingizimana RemyMu myaka irenga 28 ishize,mu Rwanda n’ahandi henshi ku isi hagiye haba imfu zitandukanye mu bantu bazwi yaba muri politiki,imyidagaduro no mu bucuruzi bigaca igikuba mu bantu.
Icyakora mu myaka isaga 10 ishize,hapfuye ibyamamare bitandukanye bituma benshi bavuga byinshi bitandukanye ari nako impaka ziba ndende ku cyabahitanye.
UMURYANGO wabahitiyemo bamwe mu bantu bazwi bapfuye bigatera impaka muri rubanda aho na nubu zikinakomeje.
Seth Sendashonga
Seth Sendashonga yavukiye ku Kibuye (…)
Umuryango.rw
Abamotari barasaba ko mubazi zavaho kuko zibateranya n’abagenzi
AFC/M23 yemeye kuva muri Uvira mu gushyigikira ibiganiro bya Doha
Umuhungu wa Perezida Museveni ategerejwe i Kigali
Ibitazibagirana kuri Nyirandama Chantal waguye mu mpanuka ya Coaster yavaga Igicumbi
Nord Kivu: Perezida Tshisekedi yashyizeho Visi-Guverineri uje guhangana na M23
Byagenda bite mu Rwanda habayeho ikosa ryo gufungura umugororwa utararangiza igihano?
Amavubi yiyunze n’abafana atsinda Afurika y’Epfo
Abanyarwanda bari bazwi bapfuye mu myaka isaga 20 ihise bigatuma benshi bacika ururondogoro