Amakuru akomeje kuvugwa muri Afurika y’Iburengerazuba (Mali), aravuga ko umukomanda ukomeye ukomoka mu gihugu cy’u Burusiya yiciwe mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba zigendera ku mahame akaze ya Kiyisilamu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mali: Komanda wari ukomeye w’u Burusuya yishwe n’inyeshyamba
30 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTI -
RDC: Umugore n’umwana we bakize indwara ya Ebola beretswe abanyamakuru I Goma
13 August 2019, by Dusingizimana RemyUmugore witwa Espérance n’umwana we Eben-Ezer utaruzuza imyaka ibiri na nyina bari bamaze iminsi bavurirwa mu kigo cyagenewe kwita ku bafashwe n’abakekwaho iki cyorezo i Goma,beretswe itangazamakuru ko bakize icyorezo cya Ebola ndetse bahita barekurwa barataha.
-
Abakozi ba RRA n’aba OAG bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu tariki ya 9 Mata 2025, abakozi b’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) n’ab’Ibiro by’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta (OAG) bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Abanyeshuri ba Kaminuza y’ u Rwanda bamaze kugabanyukaho 9 000
30 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmubare w’ abanyeshuri bigaga muri Kaminuza y’ u Rwanda mu myaka 5 ishize umaze kugabanyukaho hafi ibihumbi 9 nk’ uko byatangajwe n’ ubuyobozi bw’ iyi Kaminuza imaze imyaka itanu ishyizweho.
-
U Rwanda rwamaganye HCR irushinja gufata nabi impunzi kandi igakomeza gukorana narwo
12 June 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yamaganye ibirego by’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, UNCHR, birushinja gufata nabi abimukira n’abasaba ubuhungiro kuko bidafite ishingiro.
-
Abasirikare ba FARDC batangiye guhungira mu Rwanda
27 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, bamwe mu basirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batsinzwe n’umutwe wa M23, bambutse umupaka baka ubuhungiro mu Rwanda.
-
Perezida Kagame nta mateka yo gutsindwa urugamba afite-Gen. James Kabarebe
9 March 2019, by Martin MunezeroUmujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yavuze ko abirirwa bavuga ko bashaka kurwana ntacyo bashobora kugeraho, ko icyo bakora gusa ari ukwirirwa bavuga ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi.
-
Perezida Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare barwanira mu kirere
6 February 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kuzamura mu ntera yo hejuru abasirikare 16 bo mu ngabo zirwanira mu kirere aho yabakuye ku ntera yo hasi cyane,abasimbutsa amapeti menshi, abagira aba Ofisiye.
-
Kigali: Babangamiwe n’ubwiyongere bw’abakora uburaya
30 March, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu batuye mu bice butandukanye by’umujyi wa Kigali, baravuga ko babangamiwe n’ubwiyongere bw’abagore n’abakobwa bakora uburaya.
-
Amerika yifuza ko u Rwanda na RDC bigirana masezerano y’amahoro vuba
13 June 2025, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zifuza ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byagirana amasezerano y’amahoro vuba muri Kamena cyangwa se byatinda ntibirenze Nyakanga 2025.
Umuryango.rw
Mali: Komanda wari ukomeye w’u Burusuya yishwe n’inyeshyamba
Abakozi ba RRA n’aba OAG bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
U Rwanda rwamaganye HCR irushinja gufata nabi impunzi kandi igakomeza gukorana narwo
Abasirikare ba FARDC batangiye guhungira mu Rwanda
Kigali: Babangamiwe n’ubwiyongere bw’abakora uburaya
Amerika yifuza ko u Rwanda na RDC bigirana masezerano y’amahoro vuba