Perezida wa Reoubulika Paul Kagame, yayoboye Inama y’Akanama Ngishwanama k’Umukuru w’Igihugu (PAC), ihuriro ruhurizwamo impuguke z’Abanyarwanda n’abo ku rwego mpuzamahanga, bashinzwe kugira inama Umukuru w’Igihugu na Guverinoma kugira ngo bungurane ibitekerezo ku iterambere ry’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abajyanama be
14 October 2025, by Brenda MIZERO -
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique
14 July 2020, by Dusingizimana RemyUmusirikare w’u Rwanda wari mu butumwa bw’amahoro (MINUSCA) muri Repubulika ya Centrafrique yiciwe mu gitero cyagabwe kuri izo ngabo mu gace ka Nana-Mambéré kari mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu.
-
MINEDUC igiye gushyira hanze amabwiriza ajyanye no guhangana n’ubwiyongere bw’amafaranga y’ishuri
2 August 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Uburezi,Dr Valentine Uwamariya,yavuze ko mu minsi mike mbere y’uko umwaka w’amashuri utaha utangira, hazasohorwa amabwiriza y’uburyo bw’imitangire y’amafaranga y’ishuri, mu rwego rwo kugabanyiriza umutwaro ababyeyi.
Ikibazo cy’ubwiyongere bw’amafaranga y’ishuri bya hato na hato ndetse no gusabwa amafaranga y’agahimbaza musyi k’abarimu bitanyuze mu nama z’ababyeyi ku bigo by’amashuri, ni ikibazo ababyeyi barerera mu bigo by’amashuri bamaze imyaka myinshi bavuga ko (…) -
Perezida Kagame yihanganishije abatishimiye icyemezo cyo gusubika ingendo zambukiranya intara n’umujyi wa Kigali n’abamotari batadohorewe
1 June 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasabye abanyarwanda kwihanganira impinduka zabaye ku munota wa nyuma ubwo biteguraga ingendo zo kwerekeza hirya no hino mu ntara no mujyi n’abamotari batadohorewe ngo basubire mu kazi.
-
Perezida Kagame na Museveni bahuriye muri Angola mu nama yafatiwemo imyanzuro 5 ikomeye
2 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru taliki ya 02 Gashyantare 2020 nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yahuriye na Yoweli Kaguta Museveni mu gihugu cya Angola,mu nama yo kureba aho gahunda yo kugarura umubano mwiza hagati y’ibihugu byabo igeze. Perezida wa Angola, João Lourenço na Félix Tshisekedi wa RDC bari bahari nk’abahuza.
-
Ntazinda wari Meya w’Akarere ka Nyanza yatawe muri yombi
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Ntazinda Erasme wari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza nyuma y’amasaha make akuwe ku nshingano ze.
-
Brig. Gen Gakwerere ari he?
9 February, by Brenda MIZEROUmushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, Col Charles Sumanyi, yatangaje ko Brig. Gen Gakwerere Ezechiel wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’umutwe w’iterabwoba wa FDLR akiri mu maboko y’inzego z’umutekano, kandi ko hari gahunda yo kumushyikiriza ubutabera kugira ngo aburanishwe.
-
Meya Kamali arashinjwa n’ umuyobozi w’ Ikigo cy’ Ishuri kumuhimbira ibyaha ngo azamwirukane
27 November 2018, by Nsanzimana ErnestMupenzi Alex , Umuyobozi w’ ishuri rya G.S. St Vincent de Paul Bunyenga arashinja Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamasheke Kamali Aimé Fabien kumuhimbira ko yibye mudasobwa z’ abanyeshuri ngo azabone uko amwirukana. Meya Kamali avuga ko iki kibazo cy’ ubujura kikirimo gukurikiranwa, gusa Mupenzi hari icyo akeka kibyihishe inyuma.
-
Joe Biden yatorewe kuba Perezida wa 46 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
7 November 2020, by Dusingizimana RemyJoe Biden wari umukandida w’Abademokarate niwe wegukanye intsinzi mu matora ya pereziwa wa USA nyuma yo gutsinda mu ntara ya Pennsylvania avukamo,bigatuma agira amajwi 284 kuri 270 yasabwaga.
-
2018 ukwiye kuba umwaka wo gutera intambwe ndende mu rugendo rw’ubumwe –Perezida Kagame-VIDEO
1 January 2018, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame amaze gutangaza uko igihugu gihagaze kuva uyu mwaka wa 2017 watangira kugeza ku musozo wawo ku isaha ya saa tanu n’iminota 59 mu ijambo ryanyuze kuri Televiziyo y’Igihugu kuri uyu wa 01 Mutarama 2017.
Umukuru w’igihugu yatangaje ko umwaka wa 2017 wagenze neza ntagushidikanya mu nguni zose.Yagize ati “Ndahamya ko wagenze neza, tukaba twarageze kuri byinshi by’ingenzi kandi ndifuza kubashimira mwese. Ubukungu muri rusange, umutekano, imibereho (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abajyanama be
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique
MINEDUC igiye gushyira hanze amabwiriza ajyanye no guhangana n’ubwiyongere bw’amafaranga y’ishuri
Ntazinda wari Meya w’Akarere ka Nyanza yatawe muri yombi
Brig. Gen Gakwerere ari he?