Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama y’ ibihugu 20 bya mbere bikize ku Isi, Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yeretse ibi bihugu ko bikwiye guha umwanya Afurika yunze ubumwe mu bikorwa byabo kandi ko impande zombi zabyungukiramo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yagaragaje ko Afurika ikwiye umwanya muri G20
1 December 2018, by Nsanzimana Ernest -
Joe Biden yatangiye kubyina Intsinzi,Trump asaba ko bahagarika kubara amajwi
6 November 2020, by Martin MunezeroUmukandida w’Abademokarate Joe Biden imibare yerekanye ko yizeye gutsinda muri leta ya Michigan, aho Biden yahise agira ati: “nta kabuza tuzatsinda”.
-
Imvubu yari yarabujije abaturage kuvoma yakuwe mu idamu iratwikwa
12 December 2017, by Nsanzimana ErnestIngabo z’ u Rwanda na polisi y’ u Rwanda bahuriye mu gikorwa cyo gukiza abaturage imvubu yari yarabazengereje ibabuza kuvoma amazi mu idamu ngo buhire imyaka yabo.
Iki gikorwa cyabereye mu murenge wa Murundi akarere ka Kayonza tariki 10 Ukuboza 2017.
Iyi mvubu yakuwe mu idamu iraraswa ndetse iranatwika. Amakuru UMURYANGO ufite ni uko iki gikorwa cyagenze neza.
Umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda mu ntara y’ iburengerazuba IP Gakwaya Eulade yatangarije UMURYANGO ko hari amadamu menshi arimo (…) -
Felix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende Paul Kagame amusaba ko yamufasha RDC igashyirwa muri EAC
13 June 2019, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,Félix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende mugenzi we Paul Kagame uyoboye EAC muri uyu mwaka,amusaba ko yamufasha igihugu cye cya RDC kikinjira mu muryango wa EAC.
-
Rubavu: Batangiye guterwa n’abajura kubera umuriro umaze amezi 3 warabuze
2 December 2021Abaturage bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Nyamyumba bahangayikishijwe n’abajura babatera nijoro bakabiba ndetse n’ abana babo batabona uko basubira mu masomo nijoro kubera ko badafite umuriro w’amashanyarazi.
-
Twinjirane mu buryohe bw’umunsi wa nyuma wa Shampiyona y’Isi y’Amagare [AMAFOTO]
28 September 2025, by Brenda MIZEROShampiyona y’Isi y’Amagare, imaze iminsi ibera mu Mujyi wa Kigali, irasatira umusozo. Ubu, amaso y’abakunzi b’umukino w’amagare, ahanzwe i Kigali ahari gusorezwa iri rushanwa rigeze ku munsi waryo wa munani, ari na wo wa nyuma.
-
Agahimbazamusyi gahanitse Amavubi azahabwa natsinda Guinea kamenyekanye
30 January 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi ihanze amaso kuri iki cyumweru aho ishobora gukora amateka itigeze ikora mu mateka yayo yo kugera muri ½ cy’irangiza cy’imikino ya CHAN aho isabwa gusezerera Guinea mu mukino ukomeye uzabera I Limbe muri Cameroon.
-
Guverinoma yongeye gufungura amashuri yari yarafunzwe kubera COVID-19,ubukwe nabwo burakomorerwa
19 February 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame kuri uyu wa Gatanu,Tariki ya 19 Gashyantare 2021,yayoboye Inama y’Abaminisitiri yize ku ngingo zitandukanye zirimo koroshya ingamba zashyizweho hagamijwe gukomeza guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.
Iyi nama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu yafashe imyanzuro yo gukomeza kwirinda COVID-19 irimo:
Ingendo zirabujijwe guhera saa Mbiri z’ijoro kugeza saa Kumi za mu gitondo.Ibikorwa byemerewe gukomeza gukora bizajya bifunga saa kumi n’ebyiri mu gihe (…) -
Igihe K’ibyumweru 2 cyari cyashyizweho mu gufunga ibikorwa binyuranye mu Rwanda kubera Coronavirus gishobora kongerwa kigashyirwa no ku zindi nzego
18 March 2020, by Martin MunezeroMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu banduye Coronavirus mu Rwanda bamaze kugera ku munani, ndetse ko kubera uburyo iki cyorezo gikomeje gukaza umurego, igihe cy’ibyumweru bibiri cyari cyashyizweho mu gufunga ibikorwa binyuranye bihuriramo abantu benshi gishobora kongerwa.
-
Perezida Museveni yazamuye mu ntera umuhungu we, ahita anamuhindurira inshingano
4 October 2022, by Joseph IradukundaPerezida wa Uganda Museveni akaba n’umugaba w’ikirenga w’Ingabo za Uganda yazamuye mu ntera umuhungu we Lt General Muhoozi Kainerugaba.
Umuryango.rw
Rubavu: Batangiye guterwa n’abajura kubera umuriro umaze amezi 3 warabuze
Twinjirane mu buryohe bw’umunsi wa nyuma wa Shampiyona y’Isi y’Amagare [AMAFOTO]
Perezida Museveni yazamuye mu ntera umuhungu we, ahita anamuhindurira inshingano