Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bifurije Abanyarwanda Noheli Nziza n’Umwaka mushya muhire wa 2022 bari kumwe n’umwuzukuru we wa mbere.
Mu butumwa buherekejwe n’ifoto bari kumwe n’umwuzukuru wabo,Perezida Kagame na madamu we bifurije abanyarwanda ibiruhuko byiza n’umwaka mushya muhire wa 2022 bateruye umwuzukuru wabo.
Bagize bati "Perezida wa Repubulika na madamu we babifurije ibiruhuko byiza n’umwaka mushya muhire wa 2022."
Ku Cyumweru tariki 19 Nyakanga 2020, ni bwo uyu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame na madamu we bifurije Abanyarwanda Noheli nziza n’umwaka mushya muhire mu buryo bwihariye
25 December 2021, by Dusingizimana Remy -
Umuhanzi Neg G The General yavuze byinshi ku rupfu rw’umuhanzi wapfiriye iwe yaje kumusura
10 April, by EmmyUmuhanzi Ngenzi Sege uzwi nka Neg G The General yemeye ko hari umusore w’imyaka 30 y’amavuko wamupfiriyeho mu ijoro ryo ku wa 8-9 Mata 2026, nyuma yo kumusura iwe mu rugo i Nyarugenge muri Kimisagara akahagirira ikibazo cy’uburwayi butunguranye.
Ibi Neg G yabitangarije umunyamakuru Ndahiro Valens nyuma y’uko inzego z’ubutabazi zari zigiye kujyana umurambo w’uyu musore witwa Mugabo Emmanuel kugira ngo ujye gusuzumwa mu bitaro.
Ati “Yari umuhanzi utanga icyizere nafashaga. Yari yaje turimo (…) -
APR FC yegukanye shampiyona ku nshuro ya 22 mu myaka 31 imaze ishinzwe
20 April 2024, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona ya 2023/2024 nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports igitego 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 27 wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium.
-
Dr Vincent Biruta yasabye Leta ya Uganda kugira inama abaturage bayo
22 January 2020, by Martin MunezeroInteko ishinga amategeko ya Uganda yasabye leta gutangaza ko abaturage ba Uganda bakwirinda kuza mu Rwanda muri gahunda zitandukanye kuko bahagera bakabarasa.
-
Dosiye ya Karasira Aimable igiye gushyikirizwa ubushinjacyaha
6 June 2021, by Dusingizimana RemyUmuhanzi Karasira Aimable wari umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko You Tube uherutse gutabwa muri yombi,Dosiye ye izashyikirizwa Ubushinjacyaha ku wa Mbere tariki ya 07 Kamena 2021.
-
Urukingo rwa Covid-19 rwagejejwe ku mfungwa n’abagororwa ndetse n’abamotari
9 March 2021, by Dusingizimana RemyGuhera kuwa Gatanu w’iki cyumweru hakomeje gahunda y’ikingira ku banyarwanda bafite ibyago byinshi byo kuba wakwandura Covid-19 n’abo ishobora guhitana aho kuri uyu wa Kabiri hakingiwe ingeri zitandukanye zirimo Abanyonzi,abamotari,abo mu rwego rwa DASSO n’abandi.
Kuva kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Werurwe 2021, muri Gereza ya Nyarugenge hatangiye igikorwa cyo gutanga urukingo rwa COVID-19 ku mfungwa n’abagororwa.
Ku ikubitiro abakingirwa ni abarengeje imyaka 60 y’amavuko ndetse (…) -
Ikizami cya Leta muri Primaire ntabwo kigiye kuvaho, ibimaze iminsi bivugwa byavugurujwe
17 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yahakanye amakuru amaze iminsi avuga ko ifite gahunda yo gukuraho ibizami bya leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye, ivuga ko ibyo Minisitiri wa MINEDUC yavuze byumvikanye uko bitari.
-
Minisitiri w’Ubuzima yamaze impungenge abatinya urukingo rwa Covid-19
5 February 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yavuze ko abaturage nta mpungenge bakwiriye kugira ku rukingo rwa COVID-19 ndetse ko yiteguye kurufata bwa mbere kugira ngo atange urugero ku bashidikanya ko rushobora kubagiraho ingaruka.
-
Urayeneza Gérard nyiri Kaminuza ya Gitwe yakatiwe gufungwa burundu
25 March 2021, by UbwanditsiMu isomwa ry’urubanza ryamaze hafi amasaha 6, kuri uyu wa kane taliki 25 Werurwe 2021 Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwahanishije igifungo cya burundu Urayeneza Gérard rumuhamije kuba icyitso mu cyaha cya Jenoside n’icyaha cyo kuzimiza cyangwa gutesha agaciro ibimenyetso cyangwa amakuru byerekeye Jenoside.
Urubanza rwasomwe hifashshijwe ikoranabuhanga, icyumba cy’iburnisha kirimo abategereje umwanzuro mu gihe abaregwa bo barikurikiraniraga muri Gereza ya Muhanga aho bafungiye.
Muri uru (…) -
Rutsiro: Abaturage bashimye gahunda ya Dr Frank Habineza umwe amuha impano [AMAFOTO]
3 July 2024, by Dusingizimana RemyUmukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Hon.Dr Habineza Frank n’abakandida Depite,biyamamarije i Rutsiro na Karongi,ku munsi wa 12 bageza imigabo n’imigambi ku barwanashyaka bayo.
Umuryango.rw
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame na madamu we bifurije Abanyarwanda Noheli nziza n’umwaka mushya muhire mu buryo bwihariye
Umuhanzi Neg G The General yavuze byinshi ku rupfu rw’umuhanzi wapfiriye iwe yaje kumusura
APR FC yegukanye shampiyona ku nshuro ya 22 mu myaka 31 imaze ishinzwe
Urukingo rwa Covid-19 rwagejejwe ku mfungwa n’abagororwa ndetse n’abamotari
Rutsiro: Abaturage bashimye gahunda ya Dr Frank Habineza umwe amuha impano [AMAFOTO]