Umuhanzi ukunzwe n’abatari bacye mu Rwanda Ngabo Medard wamamaye cyane nka Meddy yiseguye ku bakunzi be nyuma yo kutabashimisha nkuko yari yabiteguye mu gitaramo cyo kwita Izina cyabaye kuruyu wa gatandatu Taliki 7 Nzeri muri Kigali Arena.
Mu butumwa bwuzuye agahinda yacishije ku rubuga rwe rwa instagram yavuze ko ibyamubayeho byari birenze ubushobozi bwe ndetse ko yari yaje yiteguye bihagije gushimisha abakunzi be nkuko bisanzwe.
ati" Reka Mfate aya Mahirwe nshimire buri umwe wese (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mu magambo yuzuye agahinda Meddy yasabye imbabazi abakunzi be nyuma yo kubaha ibyishimo bicagase
10 September 2019, by NIYIGABA DC CLEMENT -
Mwirinde gusiragiza ababuranyi - Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga ku bacamanza
9 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Urukiko rw’ikirenga MUKANTAGANZWA Domitilla yabwiye abakozi bo mu nkiko barimo abacamanza kwirinda gusiragiza ababagana.
-
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kudatinya amateka, bagakomeza kwiteza imbere
7 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yabwiye Abanyarwanda ko bashoboye ariko nawe ubwe yibaza ikibazo kibaho ugasanga ibyo biyemeye mu nama nk’iyi y’umushyikirano ubutaha bagarutse nta cyakozwe, aheraho asaba abanyarwanda kwirinda guheranwa n’urwitwazo rw’amateka ahubwo bagakomeza urugendo rwo kwiteza imbere badakangwa n’abanyamahanga bagerageza kubagumisha mu bukene.
-
MINALOC yatanze impamvu umuganda wimuriwe itariki wagombaga gukorerwaho
23 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), iratangaza ko impamvu umuganda rusange wigijwe imbere ukaba ugiye gukora igihe udasanzwe ukorerwaho, ari ukugira ngo hatabarwe ibintu byinshi birimo kwangirika.
-
Babili mu bayoboye Minisiteri y’ uburezi bari mu buyobozi bukuru bwa Kaminuza y’ u Rwanda
20 January 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagize Dr Musafili Papias Malimba, Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda ushinzwe igenamibambi n’ ubutegetsi nk’ uko bigaragara mu itangazo ry’ inama y’ abaminisitiri yateranye tariki 19 Mutarama 2018.
Magingo aya babiri mu babaye ba Minisitiri b’ uburezi mu Rwanda bari mu buyobozi bukuru bwa Kaminuza y’ u Rwanda. Dr Musafili agiye mu buyobozi bukuru bwa Kaminuza y’ u Rwanda asanzeyo Dr Charles Muligande nawe wigeze kuba Minisitiri w’ Uburezi ubu (…) -
M23 igiye gutera intambwe ya mbere ikomeye mu kubahiriza imyanzuro ya Luanda
23 December 2022, by Dusingizimana RemyKu isaha ya saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu I Kibumba,muri RDC,Umutwe wa M23 urashyikiriza ibirindiro byayo biri muri ako gace ingabo z’umutwe wa EACRF,uhuriweho mu kubungabunga amahoro.
Uyu mutwe wa M23 ukomeje kugaragaza ko ufite ubushake bwo kugarura amahoro muri RD Congo nubwo uvuga ko ingabo za Leta FARDC zikomeje kuwugabaho ibitero.
Mu itangazo M23 ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bwa M23 kuri uyu wa Kane tariki 22 Ukuboza 2022,bafashe icyemezo nyuma yo kugirana inama n’ingabo za (…) -
Ethiopia: Minisitiri Abiy ku rugamba yemeje ko umwanzi bamumereye nabi
26 November 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yagaragaye ayoboye ingabo ku rugamba mu ntambara igihugu cye gihanganyemo n’inyeshyamba z’umutwe wa Tigray People’s Liberation Front (TPLF).
Mu mashusho yagiye hanze,Minisitiri w’Intebe,Abiy Ahmed,yavuze ko uduce twari dufitwe n’ingabo batwisubije ndetse ko n’abaturage bose babari inyuma.
Yagize ati "Uriya musozi mubona inyuma wari ufitwe n’umwanzi kugeza ejo.Ubu twashoboye gufata agace kose.umwuka mu ngabo umeze neza cyaneUrugamba rumaze (…) -
Gen Muhoozi yanditse kuri X ye ko adashaka gusimbura se kuko UPDF ikimukeneye
21 September 2024, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atacyiyamamarije kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri 2026; aharira se Yoweri Kaguta Museveni.
-
Bishop Rugagi yashyize hanze amabanga ya Bahati uherutse ku mushinja ubwambuzi
11 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmupasiteri umaze kwamamara mu Rwanda no hanze yarwo biturutse ku bitangaza akora birimo gukiza abarwayi, kuba atunze imodoka zihenze n’ ibindi yatangaje amabanga ya Bahati wahoze muri Just Family uherutse kumushinja ko yamwambuye amadorali 200 y’ Amerika.
Bishop Rugagi yabivugiye mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ugushyingo 2017. Uyu mushumba yabitangaje nyuma yo kubwira abanyamakuru kuri televiziyo y’ itorero Redeemed Gospel Church abereye umushumba (…) -
Bidasubirwaho Perezida Museveni yatorewe kuyobora Uganda ku nshuro ya 6
16 January 2021, by Dusingizimana RemyKomisiyo ishinzwe gutegura amatora muri Uganda yemeje ko Perezida Yoweri Museveni yatsinze amatora yo ku wa 14 z’uku kwa mbere 2021, ku majwi 58.64 %..
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kudatinya amateka, bagakomeza kwiteza imbere
MINALOC yatanze impamvu umuganda wimuriwe itariki wagombaga gukorerwaho
M23 igiye gutera intambwe ya mbere ikomeye mu kubahiriza imyanzuro ya Luanda
Ethiopia: Minisitiri Abiy ku rugamba yemeje ko umwanzi bamumereye nabi
Gen Muhoozi yanditse kuri X ye ko adashaka gusimbura se kuko UPDF ikimukeneye