Umuvugizi wa Guverinoma y’ u Rwanda Hon.Mushikiwabo Louise yatangajeko u Rwanda rutamenye impamvu yateye agatotsi hagati yarwo na Uganda avuga ko u Rwanda na Uganda bifitanye isano y’ amaraso ndetse ko u Rwanda rudashobora kubuza umudendezo abanya Uganda bari mu Rwanda nubwo Abanyarwanda bari muri Uganda bafashwe bagafungwa n’ ubu bamwe muri bo bakaba bagifunzwe"
Mu mpera z’ umwaka ushize nibwo hagati y’ u Rwanda na Uganda hatangiye kumwikana umwuka utari mwiza. Bamwe mu Banyarwanda bari (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ntabwo twamenye impamvu y’agatotsi hagati y’u Rwanda na Uganda-Mushikiwabo
13 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Mukeshabatware Dismas wamenyekanye mu Ikinamico no kwamamaza yahitanwe n’uburwayi
30 June 2021, by Dusingizimana RemyUmunyabigwi mu gukina ikinamico,mu kwamamaza no muri Filime Nyarwanda, Mukeshabatware Dismas, yitabye Imana ku myaka ye 71, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kamena 2021 azize uburwayi.
-
Rusizi: Abasore babiri barashwe barapfa
11 June 2018, by Nsanzimana ErnestSaa tatu n’ iminota ibiri, kuri iki Cyumweru tariki 10 Kamena, abantu bitwaje intwaro batamenyekana barashe abasore babiri mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi barapfa.
-
ADEPR: Batatu bahamwe n’icyaha abandi barimo na Bishop Tom Rwagasana bagirwa abere
14 December 2018, by Nsanzimana ErnestAbahoze ari abayobozi bakuru b’itorero rya ADEPR barimo Bishop Jean Sibomana na bamwe muri bagenzi be bahanaguweho ibyaha byo kunyereza umutungo no gukoresha nabi umutungo ufitiye rubanda inyungu, ndetse n’icyaha cyo gukoresha impapuro mpimbano.
-
‘Kugira urubyiruko rudafite inzozi ni nko kugira ibimasa ugategereza umukamo’ Bamporiki
14 December 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ Itorero ry’ Igihugu Edouard Bamporiki yagaragaje ko Perezida Kagame ari impozamarira Imana y’ i Rwanda yahaye Abanyarwanda asaba urubyiruko kwihagararaho no kugira inzozi.
-
Major Mudathiru yanze kuripfana ashima Leta y’ u Rwanda uko ibafashe muri gereza
28 October 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere nibwo urukiko rwa Urukiko rwa Gisirikare,rwategetse ko Rtd Major Habib Mudathiru na bagenzi be 24 bari mu mutwe wa P5 uyoborwa na Kayumba Nyamwasa bafungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera ibyaha bikomeye bashinjwa ariko uyu Mudathiru yashimiye Leta y’u Rwanda uko ibafashe kandi bari bashaka kuyigirira nabi.
-
‘Kuba Umunyarwanda asuhuza undi munyarwanda mu Cyongereza cyangwa mu Gifaransa biteye isoni’ Dr Vuningoma
4 February 2018, by Nsanzimana ErnestGusuhuzanya no kuganira mu ndimi z’ amahanga hari Abanyarwanda basigaye babifata nk’ ubusirimu cyangwa ikimenyetso cy’ uko basomye gusa Umuyobozi w’ inteko Nyarwanda y’ Ururimi n’ Umuco Dr James Vuningoma we asanga ari urukozasoni kuba Umunyarwanda yasuhuza mugenzi mu Cyongereza cyangwa mu Gifaransa.
Yabitangarije mu kiganiro ku Nteko cyo kuri Radio 10 cyatambutse kuri uyu wa 4 Gashyantare 2018. Dr Vuningoma avuga ko kumenya indimi z’ amahanga bifitiye akamaro Abanyarwanda kuko bazihahisha (…) -
Perezida Bassirou Diomaye Faye yahuye n’Abanya-Sénégal baba mu Rwanda
19 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, yahuye n’Abanya-Sénégal batuye mu Rwanda hamwe n’abayobora ibigo by’ubucuruzi byo muri icyo gihugu bihakorera.
-
Davido agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cyatewe inkunga na SKOL Malt
15 October 2025, by Brenda MIZERODavido uri mu rugendo rw’ibitaramo by’uruhererekane bizenguruka Isi aho ari kumvisha abakunzi be album ye nshya yise ‘5Ive’, azataramira abakunzi be b’i Kigali mu Ukuboza 2025.
-
Umunyamakuru Pascal Habababyeyi witabye Imana yenda kurushinga yasezeweho bwa nyuma
27 December 2024, by Joseph IradukundaUmunyamakuru Pascal Habababyeyi wakoreraga Radio&TV 10 yaherekejwe bwa nyuma, mu gahinda gakabije ku muryango we n’abo bakoranye mu bihe bitandukanye bahamya ko yababereye umujyanama ukomeye kandi bazigiraho byinshi.
Umuryango.rw
Mukeshabatware Dismas wamenyekanye mu Ikinamico no kwamamaza yahitanwe n’uburwayi
Perezida Bassirou Diomaye Faye yahuye n’Abanya-Sénégal baba mu Rwanda
Davido agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cyatewe inkunga na SKOL Malt
Umunyamakuru Pascal Habababyeyi witabye Imana yenda kurushinga yasezeweho bwa nyuma