Ikigo ngenzuramikorere,RURA,cyatangaje ko hari izindi bisi zitwara abagenzi 100 nshya zashyizwe mu mihanda ya Kigali,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Mutarama,kugira ngo ngo zunganire izihasanzwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Leta yashyize mu mihanda ya Kigali izindi modoka 100 nshya zitwara abagenzi
19 January 2024, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yakiriye Lt Gen Muhoozi wongeye gusura u Rwandda
14 March 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, wageze mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kurushaho kunoza umubano hagati y’ibihugu byombi.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibinyujije kuri Twitter byanditse ko ’Perezida Kagame ubu arimo guhura na Gen. Muhoozi Kainerugaba, usanzwe ari n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka n’Umujyanama wihariye wa Perezida Museveni mu bijyanye n’umutekano, aho barimo kuganira ku mubano w’u Rwanda (…) -
M23 yaburiye u Burundi bukomeje kuyirwanya no kwifatanya na FDLR
26 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Umutwe wa M23 mu rwego rwa Politiki, Bertrand Bisiimwa, yaburiye Ingabo z’u Burundi ziri muri RDC ko zikwiriye gutaha, azibutsa ko iyo abantu barwanira uburenganzira bwabo, nta kintu na kimwe cyo guhomba baba bafite.
-
Madamu Jeannette Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ikigo kizavura indwara z’umutima
29 December 2021, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Madamu Jeannette Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa ikigo cyihariye cyitwa “My Heart Centre” kizajya kivura indwara z’umutima,kikanakora ubushakashatsi kuri iyo ndwara.
-
Perezida Kagame yavuze ku iherezo rya coronavirus
30 April 2020, by Martin MunezeroKuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Mata 2020, Perezida Kagame yitabiriye Inama yagutse ya Biro y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) yabaye hifashishijwe uburyo bw’ikoranabuhanga.
-
Umusirikare umwe w’u Rwanda niwe wakomerekeye mu mirwano yo muri Mozambike
29 July 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Biruta Vincent yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirebana n’ubutwererane bw’u Rwanda n’ibihugu byo mu Karere, muri Afurika no ku rwego mpuzamahanga.
-
"Abagore bafungiwe Urubyaro ku Gahato bakwiye guhabwa indishyi"- ONU
31 October 2024, by Joseph IradukundaUmuryango w’Abibumbye urasaba guverinoma ya Peru guha indishyi abagore yafunze urubyaro ku gahato. Ivuga ko bishobora kwitwa ibyaha byibasiye inyokomuntu.
-
Perezida Biden yagennye Bill Clinton nk’uzamuhagararira mu muhango wo #Kwibuka30
4 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yatangaje abantu bazamuhagararira mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Abakekwaho uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa banze umucamanza
12 November 2024, by Joseph IradukundaAbakekwaho icyaha cyo kwica Olga Kayirangwa banze umucamanza washinzwe gukemura ibibazo byabo mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, bavuga ko batemera ko azabaha ubutabera.
-
Kamala Harris wahawe ububasha bwo kuzahangana na Trump ni muntu ki?
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIMu ijoro rya tariki 20 Nyakanga 2024, nibwo Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko yafashe umwanzuro wo kutaziyamamaza mu matora ya Perezida, inshingano aziharira Kamala Harris wari Visi-Perezida we, ngo azahagararire ishyaka ry’ Abademokarate ahangana na Donald Trump w’Abarepubulikani.
Mu butumwa Perezida Joe Biden yanditse kuri X yagize ati “Nshuti zanjye z’Abademokarate, nafashe icyemezo cyo kutemera ubusabe (bwo kwiyamamariza kuba Perezida), ingufu zanjye (…)
Umuryango.rw
Leta yashyize mu mihanda ya Kigali izindi modoka 100 nshya zitwara abagenzi
Perezida Kagame yakiriye Lt Gen Muhoozi wongeye gusura u Rwandda
M23 yaburiye u Burundi bukomeje kuyirwanya no kwifatanya na FDLR
Madamu Jeannette Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ikigo kizavura indwara z’umutima
Umusirikare umwe w’u Rwanda niwe wakomerekeye mu mirwano yo muri Mozambike
"Abagore bafungiwe Urubyaro ku Gahato bakwiye guhabwa indishyi"- ONU
Perezida Biden yagennye Bill Clinton nk’uzamuhagararira mu muhango wo #Kwibuka30
Abakekwaho uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa banze umucamanza
Kamala Harris wahawe ububasha bwo kuzahangana na Trump ni muntu ki?