Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda [RURA] rwatangaje ko guhera kuwa 15/8/2020,mu mujyi wa Kigali nta mumotari uzongera kwemererwa gukora adafite mubazi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RURA yashyiriyeho abamotari igihe ntarengwa cyo kuba babonye mubazi n’ibiciro bishya bya moto
5 August 2020, by Dusingizimana Remy -
Imbamutima za Meya Sebutege wabaye uwa kabiri mu mihigo y’Uturere
1 November 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’akarere ka Huye,Bwana Sebutege Ange,umaze imyaka isaga 2 ku buyobozi yavuze ko yishimiye umwanya wa 02 yabonye mu mihigo y’Uturere yatangajwe kuwa Gatanu w’iki Cyumweru.
-
RIB yerekanye abantu batanu bakekwaho kwiba telefoni no mu nama zibera i Kigali
6 June 2024, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Ubugenzacyaga, RIB, rwerekanye abantu batanu bakekwa kwiba za telefoni mu nama zibera mu Mujyi wa Kigali.Telefoni zafashwe ni 193 mu gihe kingana n’ukwezi n’igice.
-
Nishimwe Naomie niwe wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 [AMAFOTO]
23 February 2020, by Dusingizimana RemyUmukobwa witwa Nishimwe Naomie wari wambaye nimero 31 niwe watowe nka Nyampinga w’u Rwanda 2020 nyuma yo gutsinda bagenzi be 19 bari bahanganye kuri final yabereye kuri Intare Arena.
-
"Icyo twifuza ni ugukora ibirenze, tugahora twongera"Perezida Kagame yijeje Abajyanama b’Ubuzima iterambere
15 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yijeje Abajyanama b’Ubuzima ubufasha buzatuma banoza imikorere yabo ndetse bagatera imbere kurushaho mu byo bakora.
-
Inkuru irambuye ku myigaragambyo muri Kenya iri gusatira na Uganda! Ubugambanyi n’ibindi utamenye
24 July 2024, by Ubwanditsi““Dukomeza kujya mbere, tuzarinda igihugu. Dukomeza kujya mbere tuzarinda igihugu. Tuzarinda ubuzima, tuzarinda imitungo yabo. Tuzahagarika abarimbuzi, tuzahagarika abicanyi, tuzahagarika imyigaragambyo kubera ko Kenya ari igihugu cya Demokarasi kandi turifuza igihugu gitekanyo kandi cy’amahoro. Ndetse ibibazo byacu bikemuka hakoreshejwe uburyo bwa demokarasi.
...None mwe abanyakenya murashaka iki? Murashaka ko duhagarika aka kavuyo? Duhagarike iyi ntambara? Duhagarike iyi myigaragambyo (…) -
Lina Higiro yagizwe Umuyobozi Mukuru muri NCBA Group ushizwe ibikorwa by’ubucuruzi
29 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTILina Higiro wari Umuyobozi Mukuru wa NCBA Bank Rwanda Plc, yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi mu kigo cy’ishoramari cya NCBA Group, ari nacyo gifite iyi banki.
-
Icyo dusaba abanyarwanda nibareke gushyira ubuzima bwabo mu kaga bajya ahari icyorezo –Minisitiri Gashumba
2 August 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasabye abanyarwanda baturiye hafi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abajyayo mu bucuruzi n’ibindi guhagarika kujyayo kuko hari icyorezo cya Ebola.
-
RDC: Ikirunga cya Nyiragongo cyongeye kuruka
22 May 2021, by Dusingizimana RemyIkirunga cya Nyiragongo cyarutse mu mwaka wa 2002 kigahitana ubuzima bwa benshi ndetse abatuye mu mujyi wa Goma bagahunga cyongeye kuruka kuri uyu wa Gatandatu ahagana saa moya z’umugoroba.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama yatumiwemo na Felix Tshisekedi itabonetsemo Perezida Ndayishimiye
7 October 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi nibwo habaye ya nama y’abakuru b’ibihugu yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi mu minsi ishize ariko ntiyaba kubera impamvu zitandukanye zirimo n’icyorezo cya Covid-19.
Umuryango.rw
RURA yashyiriyeho abamotari igihe ntarengwa cyo kuba babonye mubazi n’ibiciro bishya bya moto
RIB yerekanye abantu batanu bakekwaho kwiba telefoni no mu nama zibera i Kigali
"Icyo twifuza ni ugukora ibirenze, tugahora twongera"Perezida Kagame yijeje Abajyanama b’Ubuzima iterambere
Inkuru irambuye ku myigaragambyo muri Kenya iri gusatira na Uganda! Ubugambanyi n’ibindi utamenye
Lina Higiro yagizwe Umuyobozi Mukuru muri NCBA Group ushizwe ibikorwa by’ubucuruzi
Perezida Kagame yitabiriye inama yatumiwemo na Felix Tshisekedi itabonetsemo Perezida Ndayishimiye